• Amakuru
  • Siporo
  • Uburezi
  • Imikino
  • AKAZI
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
IGIKA TV
  • Amakuru
  • Siporo
  • Uburezi
  • Imikino
  • AKAZI
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
IGIKA TV
No Result
View All Result

Jay Squeezer(Kasuku) yatewe n’abantu bitwaje intwaro baramukubita bamugira intere

OMEGA BOY by OMEGA BOY
April 14, 2026
in IMYIDAGADURO
512 16
0
Jay Squeezer(Kasuku) yatewe n’abantu bitwaje intwaro baramukubita bamugira intere

Screenshot

731
SHARES
Share on FacebookShare on Twitter

Kambale Wilondja uzwi ku mbuga nkoranyambaga nka Jay Squeezer cyangwa Kasuku, yatewe n’abagizi ba nabi mu rugo rwe ruherereye muri Leta ya Arizona muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, baramukubita bikomeye bamusiga ari intere.

Ibi byabaye mu ijoro ryo ku wa 12 rishyira ku wa 13 Mata 2026. Jay Squeezer yavuze ko yatewe n’itsinda ry’abasore batatu, babiri muri bo bitwaje imbunda nto, mu gihe undi yari afite igikoresho gisa n’umuhini. Nubwo bamukubise cyane, ntiyabura gushimira Imana yamurinze kuko batashoboye kumwambura ubuzima.

You might also like

Umuhanzi Kirikou Akili ararembye

Kaminuza ya Harvest Christian yahaye Chris Brown impamyabumenyi y’ikirenga (PhD)

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwashimangiye ko iguhano cyahawe Djihad, K John n’abo bareganwa kigumaho

Yavuze ko aba bagizi ba nabi binjiye mu nzu ye biyise abakozi batwara ubutumwa bwo mu ngo, bakamugeraho byoroshye kuko atuye ahantu hugaragara ku muhanda. Icyakora, ntibashoboye kumara umugambi wabo kubera ko umuturanyi w’umukecuru wabonye ibiri kuba yegereye umuryango, bigatera umwe muri abo bagizi ba nabi ubwoba, bahita biruka.

Nubwo abo bagabo bari bipfutse mu maso, Jay Squeezer yavuze ko amagambo bamubwiraga agaragazaga ko bari bafite umugambi wo kumwica. Yemeje ko yamaze gutanga ikirego kuri Polisi kandi ateganya kuvugana n’ubuyobozi bw’aho atuye kugira ngo hakazwe umutekano.

Yasoje ashimira Imana yamurinze, agaragaza ko yari hafi kuhasiga ubuzima ariko igakinga akaboko.

Previous Post

Ngoma: Abantu 26 bakubiswe n’inkuba

Next Post

Ruhango: Abagabo babiri bari guhigwa bukware nyuma yo kwica umugabo wababujije gusambanya umugore ku gahato

OMEGA BOY

OMEGA BOY

Related Posts

Umuhanzi Kirikou Akili ararembye
IMYIDAGADURO

Umuhanzi Kirikou Akili ararembye

by OMEGA BOY
June 8, 2026
Kaminuza ya Harvest Christian yahaye Chris Brown impamyabumenyi y’ikirenga (PhD)
IMYIDAGADURO

Kaminuza ya Harvest Christian yahaye Chris Brown impamyabumenyi y’ikirenga (PhD)

by OMEGA BOY
May 24, 2026
Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwashimangiye ko iguhano cyahawe Djihad, K John n’abo bareganwa kigumaho
Amakuru

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwashimangiye ko iguhano cyahawe Djihad, K John n’abo bareganwa kigumaho

by OMEGA BOY
May 19, 2026
Umwe yarumye undi izuru aranamugonga: Ibya Yampano n’umugore we byafashe indi ntera
IMYIDAGADURO

Umwe yarumye undi izuru aranamugonga: Ibya Yampano n’umugore we byafashe indi ntera

by OMEGA BOY
May 17, 2026
Umunyamakuru Murindahabi Iréné agiye gukora ubukwe
IMYIDAGADURO

Umunyamakuru Murindahabi Iréné agiye gukora ubukwe

by OMEGA BOY
May 16, 2026
Next Post
Ruhango: Ibisambo bibiri byagiye kwiba ihene kimwe kihasiga ubuzima

Ruhango: Abagabo babiri bari guhigwa bukware nyuma yo kwica umugabo wababujije gusambanya umugore ku gahato

Please login to join discussion

Recommended

Donald Trump yaciye amarenga yo kongera kurasa Iran mu gihe itakurikiza ibyo isabwa

Donald Trump yaciye amarenga yo kongera kurasa Iran mu gihe itakurikiza ibyo isabwa

May 3, 2026
Ruhango: Abantu batatu bitabye Imana hakekwa inzoga bari banyoye

Ruhango: Abantu batatu bitabye Imana hakekwa inzoga bari banyoye

February 3, 2026

Categories

  • AKAZI
  • Amakuru
  • Amatangazo
  • Business
  • Entertainment
  • Imikino
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • Siporo
  • Uburezi
  • Uncategorized
  • UTUNTU N'UTUNDI

Don't miss it

Ibikubiye mu byemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 8 Kamena 2026
Amakuru

Ibikubiye mu byemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 8 Kamena 2026

June 9, 2026
Rwamagana: Abantu batatu barimo abakecuru babiri bafitanye isano bishwe na kanyanga
Amakuru

Rwamagana: Abantu batatu barimo abakecuru babiri bafitanye isano bishwe na kanyanga

June 8, 2026
Donald Trump yananiwe kwihanganira ibibazo yahatwaga n’umunyamakuru ahitamo kwivumbura ava mu kiganiro kitarangiye
Amakuru

Donald Trump yananiwe kwihanganira ibibazo yahatwaga n’umunyamakuru ahitamo kwivumbura ava mu kiganiro kitarangiye

June 8, 2026
Umuhanzi Kirikou Akili ararembye
IMYIDAGADURO

Umuhanzi Kirikou Akili ararembye

June 8, 2026
RwandAir yasubitse ingendo zijya n’iziva i Doha na Dubai
Amakuru

RwandAir yahagaritse gutwara abagenzi bava muri Sudani y’Epfo, Uganda na RDC bajya muri UAE kubera Ebola

June 7, 2026
Nyirabagande Drocelle wamamaye nka ‘Langwida’ mu ikinamico Urunana yitabye Imana
Amakuru

Nyirabagande Drocelle wamamaye nka ‘Langwida’ mu ikinamico Urunana yitabye Imana

June 7, 2026

Categories

  • AKAZI
  • Amakuru
  • Amatangazo
  • Business
  • Entertainment
  • Imikino
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • Siporo
  • Uburezi
  • Uncategorized
  • UTUNTU N'UTUNDI

Recent News

Ibikubiye mu byemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 8 Kamena 2026

Ibikubiye mu byemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 8 Kamena 2026

June 9, 2026
Rwamagana: Abantu batatu barimo abakecuru babiri bafitanye isano bishwe na kanyanga

Rwamagana: Abantu batatu barimo abakecuru babiri bafitanye isano bishwe na kanyanga

June 8, 2026

© 2025 IGIKA TV | All Right Reserved

No Result
View All Result
  • Amakuru
  • Siporo
  • Uburezi
  • Imikino
  • AKAZI
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 IGIKA TV | All Right Reserved

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password? Sign Up

Create New Account!

Fill the forms below to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In