• Amakuru
  • Siporo
  • Uburezi
  • Imikino
  • AKAZI
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
IGIKA TV
  • Amakuru
  • Siporo
  • Uburezi
  • Imikino
  • AKAZI
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
IGIKA TV
No Result
View All Result

Ruhango: Umugabo yishe umugore we amukubise umuhini mu mutwe

OMEGA BOY by OMEGA BOY
June 2, 2026
in Amakuru
474 5
0
Ruhango: Ibisambo bibiri byagiye kwiba ihene kimwe kihasiga ubuzima
663
SHARES
Share on FacebookShare on Twitter

Mu Murenge wa Byimana, Akagari ka Ntenyo, Umudugudu wa Kavumu, haravugwa inkuru y’urupfu rw’umugore wishwe n’umugabo we amukubise umuhini mu mutwe.

Byabaye ku wa 31 Gicurasi 2026, aho bivugwa ko mbere y’uko uyu mugabo yica uyu mugore w’imyaka 41 witwa Niyonsenga Claudine yabanje kumugurira inzoga nyuma bageze mu rugo ahita amwivugana.

You might also like

Ibikubiye mu byemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 8 Kamena 2026

Rwamagana: Abantu batatu barimo abakecuru babiri bafitanye isano bishwe na kanyanga

Donald Trump yananiwe kwihanganira ibibazo yahatwaga n’umunyamakuru ahitamo kwivumbura ava mu kiganiro kitarangiye

Abaturage bo muri aka gace baganiriye na TV1 bavuze ko ibyo bitatunguranye kubera ko uyu mugabo yajyaga yigamba ko azica umugore we kubera ko yari yaraguze n’uyu muhini yamwicishije.

Umwe mu baturage yagize Ati “Yari yaraguze umuhini awushyira mu nzu yirirwa abibwira abantu ngo nzamwica, nzamwica birangira koko abishyize mu bikorwa […]. Turifuza ko bamuzana bakamuburanishiriza mu ruhame abaturage twese tugaterana tukamushinja ibyo yakoze.”

Umunyabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Byimana, Uwamwiza Jean d’Arc, yavuze ko uyu muryango wari usanzwe ubanye mu makimbirane ahanini yaturukaga ku businzi. Yavuze ko bagerageje kubaganiriza ndetse babasaba ko batandukana kugira ngo hatazagira uwivugana mugenzi we.

Ati “Baraganirijwe binaniranye babagira inama y’uko buri umwe yatandukana n’undi.”

Yakomeje avuga ko uwo mugabo ukekwaho kwivugana umugore yatawe muri yombi ndetse ko ubu afungiwe kuri Sitasiyo y’Urwego rw’Ubugenzacyaha mu Murenge wa Byimana.

Uyu mubyeyi asize abana batatu yabyaranye n’uyu mugabo wamwishe.

Previous Post

Ubushakashatsi bwagaragaje ko inyamaswa ziramutse zikoresha amafaranga nk’abantu, inkende zajya zigura indaya

Next Post

Gicumbi: Umusore yategewe kanyanga iramuhitana

OMEGA BOY

OMEGA BOY

Related Posts

Ibikubiye mu byemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 8 Kamena 2026
Amakuru

Ibikubiye mu byemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 8 Kamena 2026

by OMEGA BOY
June 9, 2026
Rwamagana: Abantu batatu barimo abakecuru babiri bafitanye isano bishwe na kanyanga
Amakuru

Rwamagana: Abantu batatu barimo abakecuru babiri bafitanye isano bishwe na kanyanga

by OMEGA BOY
June 8, 2026
Donald Trump yananiwe kwihanganira ibibazo yahatwaga n’umunyamakuru ahitamo kwivumbura ava mu kiganiro kitarangiye
Amakuru

Donald Trump yananiwe kwihanganira ibibazo yahatwaga n’umunyamakuru ahitamo kwivumbura ava mu kiganiro kitarangiye

by OMEGA BOY
June 8, 2026
RwandAir yasubitse ingendo zijya n’iziva i Doha na Dubai
Amakuru

RwandAir yahagaritse gutwara abagenzi bava muri Sudani y’Epfo, Uganda na RDC bajya muri UAE kubera Ebola

by OMEGA BOY
June 7, 2026
Nyirabagande Drocelle wamamaye nka ‘Langwida’ mu ikinamico Urunana yitabye Imana
Amakuru

Nyirabagande Drocelle wamamaye nka ‘Langwida’ mu ikinamico Urunana yitabye Imana

by OMEGA BOY
June 7, 2026
Next Post
Gicumbi: Umusore yategewe kanyanga iramuhitana

Gicumbi: Umusore yategewe kanyanga iramuhitana

Please login to join discussion

Recommended

Ijambo ‘Nyash’ ryongerewe mu nkoranyamagambo ya Oxford

Ijambo ‘Nyash’ ryongerewe mu nkoranyamagambo ya Oxford

January 11, 2026
Kamonyi: Abantu bane bishwe n’inzoga

Kamonyi: Abantu bane bishwe n’inzoga

December 30, 2025

Categories

  • AKAZI
  • Amakuru
  • Amatangazo
  • Business
  • Entertainment
  • Imikino
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • Siporo
  • Uburezi
  • Uncategorized
  • UTUNTU N'UTUNDI

Don't miss it

Ibikubiye mu byemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 8 Kamena 2026
Amakuru

Ibikubiye mu byemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 8 Kamena 2026

June 9, 2026
Rwamagana: Abantu batatu barimo abakecuru babiri bafitanye isano bishwe na kanyanga
Amakuru

Rwamagana: Abantu batatu barimo abakecuru babiri bafitanye isano bishwe na kanyanga

June 8, 2026
Donald Trump yananiwe kwihanganira ibibazo yahatwaga n’umunyamakuru ahitamo kwivumbura ava mu kiganiro kitarangiye
Amakuru

Donald Trump yananiwe kwihanganira ibibazo yahatwaga n’umunyamakuru ahitamo kwivumbura ava mu kiganiro kitarangiye

June 8, 2026
Umuhanzi Kirikou Akili ararembye
IMYIDAGADURO

Umuhanzi Kirikou Akili ararembye

June 8, 2026
RwandAir yasubitse ingendo zijya n’iziva i Doha na Dubai
Amakuru

RwandAir yahagaritse gutwara abagenzi bava muri Sudani y’Epfo, Uganda na RDC bajya muri UAE kubera Ebola

June 7, 2026
Nyirabagande Drocelle wamamaye nka ‘Langwida’ mu ikinamico Urunana yitabye Imana
Amakuru

Nyirabagande Drocelle wamamaye nka ‘Langwida’ mu ikinamico Urunana yitabye Imana

June 7, 2026

Categories

  • AKAZI
  • Amakuru
  • Amatangazo
  • Business
  • Entertainment
  • Imikino
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • Siporo
  • Uburezi
  • Uncategorized
  • UTUNTU N'UTUNDI

Recent News

Ibikubiye mu byemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 8 Kamena 2026

Ibikubiye mu byemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 8 Kamena 2026

June 9, 2026
Rwamagana: Abantu batatu barimo abakecuru babiri bafitanye isano bishwe na kanyanga

Rwamagana: Abantu batatu barimo abakecuru babiri bafitanye isano bishwe na kanyanga

June 8, 2026

© 2025 IGIKA TV | All Right Reserved

No Result
View All Result
  • Amakuru
  • Siporo
  • Uburezi
  • Imikino
  • AKAZI
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 IGIKA TV | All Right Reserved

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password? Sign Up

Create New Account!

Fill the forms below to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In