• Amakuru
  • Siporo
  • Uburezi
  • Imikino
  • AKAZI
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
IGIKA TV
  • Amakuru
  • Siporo
  • Uburezi
  • Imikino
  • AKAZI
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
IGIKA TV
No Result
View All Result

Rutsiro FC yabonye umutoza mushya

OMEGA BOY by OMEGA BOY
December 14, 2025
in Amakuru, Siporo
432 23
0
Rutsiro FC yabonye umutoza mushya
630
SHARES
Share on FacebookShare on Twitter

Umurundi Niyonkuru Gustave yagizwe Umutoza Mukuru wa Rutsiro FC asimbura Bizumuremyi Radjab wirukanywe, asabwa kuyivana mu murongo utukura akayigeza mu makipe 10 ya mbere.

Amakuru avuga ko Niyonkuru yageze mu Rwanda mu ijoro ryo kuwa Kane w’icyumweru gishize, akaba azatangazwa ku wa Mbere, tariki ya 15 Ukuboza 2025.

You might also like

Ibikubiye mu byemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 8 Kamena 2026

Rwamagana: Abantu batatu barimo abakecuru babiri bafitanye isano bishwe na kanyanga

Donald Trump yananiwe kwihanganira ibibazo yahatwaga n’umunyamakuru ahitamo kwivumbura ava mu kiganiro kitarangiye

Visi Perezida wa Mbere wa Rutsiro FC, Uwamahoro Thaddée, yabwiye IGIHE ko umutoza bamuhaye inshingano zo gufasha ikipe kwitwara neza mu mikino ya Shampiyona no kuzasoza mu makipe 10 ya mbere.

Ati “Niyonkuru amaze iminsi mu Rwanda kandi turifuza ko atoza imikino yose isigaye, yakurikiye umukino waduhuje n’Amagaju FC, ariko azatangira gutoza ku mukino uzaduhuza na Kiyovu Sports.”

Uwamahoro yongeyeho ko Niyonkuru yasabwe kugeza ikipe mu makipe 10 ya mbere.

Niyonkuru Gustave watozaga Vital’o FC y’i Burundi, agiye gutoza Rutsiro FC, abisikanye na Bizumuremyi Radjab wasezerewe n’iyi kipe imusaba gusesa amasezerano kubera umusaruro mubi.

Nyuma y’imikino 12 Rutsiro FC imaze gukina muri Shampiyona y’u Rwanda, iri ku mwanya wa 18 n’amanota 10, inyuma ya AS Kigali ya 17. Imaze gutsinda imikino ibiri, inganya ine mu gihe yatakaje itandatu.

Previous Post

U Bushinwa: Havumbuwe ubwoko bushya bw’amafi

Next Post

Insengero zirenga 1000 za ADEPR zafunzwe zigiye guhuzwa n’izindi

OMEGA BOY

OMEGA BOY

Related Posts

Ibikubiye mu byemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 8 Kamena 2026
Amakuru

Ibikubiye mu byemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 8 Kamena 2026

by OMEGA BOY
June 9, 2026
Rwamagana: Abantu batatu barimo abakecuru babiri bafitanye isano bishwe na kanyanga
Amakuru

Rwamagana: Abantu batatu barimo abakecuru babiri bafitanye isano bishwe na kanyanga

by OMEGA BOY
June 8, 2026
Donald Trump yananiwe kwihanganira ibibazo yahatwaga n’umunyamakuru ahitamo kwivumbura ava mu kiganiro kitarangiye
Amakuru

Donald Trump yananiwe kwihanganira ibibazo yahatwaga n’umunyamakuru ahitamo kwivumbura ava mu kiganiro kitarangiye

by OMEGA BOY
June 8, 2026
RwandAir yasubitse ingendo zijya n’iziva i Doha na Dubai
Amakuru

RwandAir yahagaritse gutwara abagenzi bava muri Sudani y’Epfo, Uganda na RDC bajya muri UAE kubera Ebola

by OMEGA BOY
June 7, 2026
Nyirabagande Drocelle wamamaye nka ‘Langwida’ mu ikinamico Urunana yitabye Imana
Amakuru

Nyirabagande Drocelle wamamaye nka ‘Langwida’ mu ikinamico Urunana yitabye Imana

by OMEGA BOY
June 7, 2026
Next Post
Insengero zirenga 1000 za ADEPR zafunzwe zigiye guhuzwa n’izindi

Insengero zirenga 1000 za ADEPR zafunzwe zigiye guhuzwa n'izindi

Please login to join discussion

Recommended

“Mujye mwoza amenyo ndabinginze” Minisiri w’Ubuzima yibukije Abanyarwanda kwimakaza isuku yo mu kanwa

“Mujye mwoza amenyo ndabinginze” Minisiri w’Ubuzima yibukije Abanyarwanda kwimakaza isuku yo mu kanwa

November 30, 2025
Rutsiro: Umugabo bikekwa ko yibye ibendera ry’Igihugu akihamagarira avuga ko aribonye munsi y’urugo rwe yatawe muri yombi

Rutsiro: Umusore w’imyaka 52 yananiwe kwakira ko yanduye SIDA ahita yiyahura

May 3, 2026

Categories

  • AKAZI
  • Amakuru
  • Amatangazo
  • Business
  • Entertainment
  • Imikino
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • Siporo
  • Uburezi
  • Uncategorized
  • UTUNTU N'UTUNDI

Don't miss it

Ibikubiye mu byemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 8 Kamena 2026
Amakuru

Ibikubiye mu byemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 8 Kamena 2026

June 9, 2026
Rwamagana: Abantu batatu barimo abakecuru babiri bafitanye isano bishwe na kanyanga
Amakuru

Rwamagana: Abantu batatu barimo abakecuru babiri bafitanye isano bishwe na kanyanga

June 8, 2026
Donald Trump yananiwe kwihanganira ibibazo yahatwaga n’umunyamakuru ahitamo kwivumbura ava mu kiganiro kitarangiye
Amakuru

Donald Trump yananiwe kwihanganira ibibazo yahatwaga n’umunyamakuru ahitamo kwivumbura ava mu kiganiro kitarangiye

June 8, 2026
Umuhanzi Kirikou Akili ararembye
IMYIDAGADURO

Umuhanzi Kirikou Akili ararembye

June 8, 2026
RwandAir yasubitse ingendo zijya n’iziva i Doha na Dubai
Amakuru

RwandAir yahagaritse gutwara abagenzi bava muri Sudani y’Epfo, Uganda na RDC bajya muri UAE kubera Ebola

June 7, 2026
Nyirabagande Drocelle wamamaye nka ‘Langwida’ mu ikinamico Urunana yitabye Imana
Amakuru

Nyirabagande Drocelle wamamaye nka ‘Langwida’ mu ikinamico Urunana yitabye Imana

June 7, 2026

Categories

  • AKAZI
  • Amakuru
  • Amatangazo
  • Business
  • Entertainment
  • Imikino
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • Siporo
  • Uburezi
  • Uncategorized
  • UTUNTU N'UTUNDI

Recent News

Ibikubiye mu byemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 8 Kamena 2026

Ibikubiye mu byemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 8 Kamena 2026

June 9, 2026
Rwamagana: Abantu batatu barimo abakecuru babiri bafitanye isano bishwe na kanyanga

Rwamagana: Abantu batatu barimo abakecuru babiri bafitanye isano bishwe na kanyanga

June 8, 2026

© 2025 IGIKA TV | All Right Reserved

No Result
View All Result
  • Amakuru
  • Siporo
  • Uburezi
  • Imikino
  • AKAZI
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 IGIKA TV | All Right Reserved

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password? Sign Up

Create New Account!

Fill the forms below to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In