• Amakuru
  • Siporo
  • Uburezi
  • Imikino
  • AKAZI
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
IGIKA TV
  • Amakuru
  • Siporo
  • Uburezi
  • Imikino
  • AKAZI
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
IGIKA TV
No Result
View All Result

RIB yageneye ubutumwa abakundana bashaka kuzahana impano kuri ‘St Valentin’

OMEGA BOY by OMEGA BOY
February 4, 2026
in Amakuru
575 12
0
RIB yageneye ubutumwa abakundana bashaka kuzahana impano kuri ‘St Valentin’
813
SHARES
Share on FacebookShare on Twitter

Mu gihe abantu banyuranye bari mu myiteguro y’umunsi wahariwe abakundana ‘St Valentin’ Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB rwuburiye abahana impano z’indabo zirimo inote (amafaranga) ko bigize icyaha.

Ibi byagarutsweho n’Umuvugizi wa RIB, Dr. Murangira B. Thierry avuga ko abahana impano z’indabo zirimo inote (amafaranga) baba bakora ibyaha kandi bihanwa n’amatekegeko.

You might also like

Indege ya Papa Leo yagize ikibazo bituma atira iy’Umwami wa Espagne

Iran yemeje ko Amerika nishaka intambara nabo bazayirwana

Amasaha yo gufungwa utubari, utubyiniro na restaurant yongerewe

Ati “Mu minsi ishize murabyibuka ko hari abo twakurikiranyeho ibyo byaha, rero byaba byiza hatagize abandi bagwa mu mutego wo gushimisha umukunzi we ngo birangire abikoreyemo ibyaha. Ntacyo byaba bimaze gushimisha uwo ukunda ugasanga wisanze mu butabera babyirinde rwose.”

Yakomeje agira ati “Ushaka gutanga impano y’amafaranga rwose abikore mu buryo bwubahisha amafaranga y’igihugu. Gutanga impano ni uburenganzira bwa buri wese uko abyumva, ariko bikorwe mu buryo butagize ibyaha. Byumvikane neza RIB ntawe yabujije gutanga impano y’amafaranga, ariko bikorwe mu buryo bwubahisha ifaranga ry’igihugu.”

Dr. Murangira yavuze ko mu bihe bya ‘St Valentin’ abantu bakwiye kwishimana n’abakunzi babo bakabaha impano ariko birinda icyo aricyo cyose cyabashora mu byaha.

Mu Ukuboza 2025, RIB yataye muri yombi abantu batanu bari bakurikiranyweho icyaha cyo kugayisha agaciro k’ifaranga ry’Iguhugu.

Icyaha cyo kugayisha agaciro k’ifaranga ry’Igihugu giteganwa n’ingingo ya 221 y’itegeko nimero 68/2018 ryo ku wa 30 Kanama 2018 riteganya ibyaha n’ibihano muri rusange.

Urukiko ruramutse rubahamije iki cyaha rwabahanisha igifungo kitari munsi y’umwaka umwe ariko kitarenze imyaka ibiri n’ihazabu y’amafaranga atari munsi ya miliyoni 1Frw ariko atarenze miliyoni 3Frw.

Previous Post

Nyarugenge: Abana batatu bavukana bahiriye mu nzu

Next Post

Musanze: RIB yataye muri yombi umugore ukekwaho gutwikisha umwana we ipasi amuziza ko yagiye kwiga kuri konji agatinda gutaha

OMEGA BOY

OMEGA BOY

Related Posts

Indege ya Papa Leo yagize ikibazo bituma atira iy’Umwami wa Espagne
Amakuru

Indege ya Papa Leo yagize ikibazo bituma atira iy’Umwami wa Espagne

by OMEGA BOY
June 13, 2026
Iran yemeje ko Amerika nishaka intambara nabo bazayirwana
Amakuru

Iran yemeje ko Amerika nishaka intambara nabo bazayirwana

by OMEGA BOY
June 13, 2026
Amasaha yo gufungwa utubari, utubyiniro na restaurant yongerewe
Amakuru

Amasaha yo gufungwa utubari, utubyiniro na restaurant yongerewe

by OMEGA BOY
June 12, 2026
Burera: Umunyeshuri yishwe na bagenzi be
Amakuru

Burera: Umunyeshuri yishwe na bagenzi be

by OMEGA BOY
June 12, 2026
Abanyeshuri 8 b’abanyamahanga birukanwe ku butaka bw’u Rwanda bazira urugomo
Amakuru

Abanyeshuri 8 b’abanyamahanga birukanwe ku butaka bw’u Rwanda bazira urugomo

by ISHIMWE MOISE
June 11, 2026
Next Post
Nyarugenge: Abantu baherutse kugaragara mu mashusho bakubitira umuturage ku Kagali batawe muri yombi

Musanze: RIB yataye muri yombi umugore ukekwaho gutwikisha umwana we ipasi amuziza ko yagiye kwiga kuri konji agatinda gutaha

Please login to join discussion

Recommended

Abayisilamu basoje igisibo cy’ukwezi kwa Ramadhan

Abayisilamu basoje igisibo cy’ukwezi kwa Ramadhan

March 20, 2026
Amerika yahagaritse guha Visa Ibihugu 75 birimo n’u Rwanda

Amerika yahagaritse guha Visa Ibihugu 75 birimo n’u Rwanda

January 15, 2026

Categories

  • AKAZI
  • Amakuru
  • Amatangazo
  • Business
  • Entertainment
  • Imikino
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • Siporo
  • Uburezi
  • Uncategorized
  • UTUNTU N'UTUNDI

Don't miss it

Indege ya Papa Leo yagize ikibazo bituma atira iy’Umwami wa Espagne
Amakuru

Indege ya Papa Leo yagize ikibazo bituma atira iy’Umwami wa Espagne

June 13, 2026
Itsinda rya Vestine na Dorcas ryatandukanye na M Irene wari umujyanama waryo
IMYIDAGADURO

Itsinda rya Vestine na Dorcas ryatandukanye na M Irene wari umujyanama waryo

June 13, 2026
Iran yemeje ko Amerika nishaka intambara nabo bazayirwana
Amakuru

Iran yemeje ko Amerika nishaka intambara nabo bazayirwana

June 13, 2026
Amasaha yo gufungwa utubari, utubyiniro na restaurant yongerewe
Amakuru

Amasaha yo gufungwa utubari, utubyiniro na restaurant yongerewe

June 12, 2026
Burera: Umunyeshuri yishwe na bagenzi be
Amakuru

Burera: Umunyeshuri yishwe na bagenzi be

June 12, 2026
Zari Hassan yatandukanye n’umugabo we
IMYIDAGADURO

Zari Hassan yatandukanye n’umugabo we

June 12, 2026

Categories

  • AKAZI
  • Amakuru
  • Amatangazo
  • Business
  • Entertainment
  • Imikino
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • Siporo
  • Uburezi
  • Uncategorized
  • UTUNTU N'UTUNDI

Recent News

Indege ya Papa Leo yagize ikibazo bituma atira iy’Umwami wa Espagne

Indege ya Papa Leo yagize ikibazo bituma atira iy’Umwami wa Espagne

June 13, 2026
Itsinda rya Vestine na Dorcas ryatandukanye na M Irene wari umujyanama waryo

Itsinda rya Vestine na Dorcas ryatandukanye na M Irene wari umujyanama waryo

June 13, 2026

© 2025 IGIKA TV | All Right Reserved

No Result
View All Result
  • Amakuru
  • Siporo
  • Uburezi
  • Imikino
  • AKAZI
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 IGIKA TV | All Right Reserved

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password? Sign Up

Create New Account!

Fill the forms below to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In