• Amakuru
  • Siporo
  • Uburezi
  • Imikino
  • AKAZI
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
IGIKA TV
  • Amakuru
  • Siporo
  • Uburezi
  • Imikino
  • AKAZI
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
IGIKA TV
No Result
View All Result

Rusizi: Abantu babiri bagwiriwe n’ikirombe

OMEGA BOY by OMEGA BOY
November 27, 2025
in Amakuru
505 32
0
Rusizi: Abantu babiri bagwiriwe n’ikirombe
743
SHARES
Share on FacebookShare on Twitter

Abagabo babiri bakorera company icukura amabuye y’agaciro yitwa New Kush Rwanda Ltd, bagwiriwe n’ikirombe kubatabara biranga kirabahitana.

Byabereye mu mudugudu wa Byimana, akagari ka Rwambogo, Umurenge wa Butare, ku isaha ya saa munani z’igicamunsi (14h00) ku wa Gatatu tariki ya 26 Ugushyingo, 2025.

You might also like

Abajura bibye ibikoresho byose by’ikipe y’u Bwongereza

Indege ya Papa Leo yagize ikibazo bituma atira iy’Umwami wa Espagne

Iran yemeje ko Amerika nishaka intambara nabo bazayirwana

Abagize ibi byago ni Tuyishime Wilson w’imyaka 24, wakomokaga mu mudugudu wa Rushwati, akagari ka Nyamihana na Habumukiza Alexis w’imyaka 45 y’amavuko wo mu mudugudu wa Kirwano, akagari ka Nyamihanda muri uyu murenge wa Butare.

Amakuru avuga ko aba bombi ari abakozi ba kompanyi icukura amabuye y’agaciro yitwa New Kush Rwanda Ltd.

Ubwo ikirombe barimo bacukura cyabagwiraga ngo abandi bagerageje kubakuramo basanga bapfuye.

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Butare, Ntibizera Jean Pierre yahamije ko ibi byago byabaye barimo bacukura amabuye, uhagarariye Kompanyi agahita abimenyesha ubuyobozi.

Ati “Nibyo abantu babiri bagwiriwe n’ikirome barimo bacukuramo, amakuru twayahawe n’uhagarariye kompanyi New Kush Rwanda Ltd.”

Uyu muyobozi w’umurenge yavuze ko bataramenya neza niba iyi kompanyi ifite ubwishingizi bw’abakozi bayo.

Mu butumwa yatanze yahumurije imiryango yabuze ababo. Ati “Dutegereje ko batuzanira ubwishingizi bakoresha, mbere na mbere twabanje kubahumuriza kuko impanuka itera itateguje no gukomeza umuco wo gutabarana.”

Yavuze ko ko abantu bagira amakenga n’ubushishozi, bakareba niba aho bagiye gukora hatashyira ubuzima bwabo mu kaga.

Ntibizera Jean Pierre yadutangarije ko bariya bantu bacukuraga zahabu. Imirambo yajyanywe mu bitaro bya Mibirizi gukorerwa isuzuma.

Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rukomeje iperereza.

Previous Post

Djihad na Pappy Nesta batawe muri yombi bakekwaho gukwirakwiza amashusho ya Yampano ari gutera akabariro

Next Post

Niyo Bosco na Mukamisha Irene batangaje itariki y’ubukwe bwabo

OMEGA BOY

OMEGA BOY

Related Posts

Abajura bibye ibikoresho byose by’ikipe y’u Bwongereza
Amakuru

Abajura bibye ibikoresho byose by’ikipe y’u Bwongereza

by OMEGA BOY
June 13, 2026
Indege ya Papa Leo yagize ikibazo bituma atira iy’Umwami wa Espagne
Amakuru

Indege ya Papa Leo yagize ikibazo bituma atira iy’Umwami wa Espagne

by OMEGA BOY
June 13, 2026
Iran yemeje ko Amerika nishaka intambara nabo bazayirwana
Amakuru

Iran yemeje ko Amerika nishaka intambara nabo bazayirwana

by OMEGA BOY
June 13, 2026
Amasaha yo gufungwa utubari, utubyiniro na restaurant yongerewe
Amakuru

Amasaha yo gufungwa utubari, utubyiniro na restaurant yongerewe

by OMEGA BOY
June 12, 2026
Burera: Umunyeshuri yishwe na bagenzi be
Amakuru

Burera: Umunyeshuri yishwe na bagenzi be

by OMEGA BOY
June 12, 2026
Next Post
Niyo Bosco na Mukamisha Irene batangaje itariki y’ubukwe bwabo

Niyo Bosco na Mukamisha Irene batangaje itariki y'ubukwe bwabo

Please login to join discussion

Recommended

Umugabo washinze urubuga rwa ‘OnlyFans’ rucururizwaho amashusho y’urukozasoni yitabye Imana

Umugabo washinze urubuga rwa ‘OnlyFans’ rucururizwaho amashusho y’urukozasoni yitabye Imana

March 23, 2026
Umunyarwandakazi France Mpundu yambikiwe impeta Kuri Televiziyo – Amafoto

Umunyarwandakazi France Mpundu yambikiwe impeta Kuri Televiziyo – Amafoto

November 16, 2025

Categories

  • AKAZI
  • Amakuru
  • Amatangazo
  • Business
  • Entertainment
  • Imikino
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • Siporo
  • Uburezi
  • Uncategorized
  • UTUNTU N'UTUNDI

Don't miss it

Abajura bibye ibikoresho byose by’ikipe y’u Bwongereza
Amakuru

Abajura bibye ibikoresho byose by’ikipe y’u Bwongereza

June 13, 2026
Itangazo ry’akazi rireba buri muntu wese wifuza kwinjira muri DASSO mu mujyi wa Kigali – Deadline 21/06/2026
Amatangazo

Itangazo ry’akazi rireba buri muntu wese wifuza kwinjira muri DASSO mu mujyi wa Kigali – Deadline 21/06/2026

June 13, 2026
Indege ya Papa Leo yagize ikibazo bituma atira iy’Umwami wa Espagne
Amakuru

Indege ya Papa Leo yagize ikibazo bituma atira iy’Umwami wa Espagne

June 13, 2026
Itsinda rya Vestine na Dorcas ryatandukanye na M Irene wari umujyanama waryo
IMYIDAGADURO

Itsinda rya Vestine na Dorcas ryatandukanye na M Irene wari umujyanama waryo

June 13, 2026
Iran yemeje ko Amerika nishaka intambara nabo bazayirwana
Amakuru

Iran yemeje ko Amerika nishaka intambara nabo bazayirwana

June 13, 2026
Amasaha yo gufungwa utubari, utubyiniro na restaurant yongerewe
Amakuru

Amasaha yo gufungwa utubari, utubyiniro na restaurant yongerewe

June 12, 2026

Categories

  • AKAZI
  • Amakuru
  • Amatangazo
  • Business
  • Entertainment
  • Imikino
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • Siporo
  • Uburezi
  • Uncategorized
  • UTUNTU N'UTUNDI

Recent News

Abajura bibye ibikoresho byose by’ikipe y’u Bwongereza

Abajura bibye ibikoresho byose by’ikipe y’u Bwongereza

June 13, 2026
Itangazo ry’akazi rireba buri muntu wese wifuza kwinjira muri DASSO mu mujyi wa Kigali – Deadline 21/06/2026

Itangazo ry’akazi rireba buri muntu wese wifuza kwinjira muri DASSO mu mujyi wa Kigali – Deadline 21/06/2026

June 13, 2026

© 2025 IGIKA TV | All Right Reserved

No Result
View All Result
  • Amakuru
  • Siporo
  • Uburezi
  • Imikino
  • AKAZI
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 IGIKA TV | All Right Reserved

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password? Sign Up

Create New Account!

Fill the forms below to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In