• Amakuru
  • Siporo
  • Uburezi
  • Imikino
  • AKAZI
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
IGIKA TV
  • Amakuru
  • Siporo
  • Uburezi
  • Imikino
  • AKAZI
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
IGIKA TV
No Result
View All Result

Ntibisanzwe: Umupolisi yafashwe yiba ikariso

OMEGA BOY by OMEGA BOY
August 21, 2025
in Amakuru
455 24
0
Ntibisanzwe: Umupolisi yafashwe yiba ikariso
663
SHARES
Share on FacebookShare on Twitter

Umupolisi w’imyaka 27 wo mu Bwongereza witwa Marcin Zielinski, yahamijwe n’urukiko icyaha cyo kwiba ikariso y’umugore aho yari yagiye gusaka inzu ye, akatirwa igifungo cy’amezi ane.

Uyu mugabo yibye iyi kariso ku wa 12 Nzeri 2024, ubwo yajyaga mu gikorwa cyo gusaka mu nzu y’umugore, agafatwa amashusho na camera, agaragaza ari kuyibika mu mufuka.

You might also like

Indege ya Papa Leo yagize ikibazo bituma atira iy’Umwami wa Espagne

Iran yemeje ko Amerika nishaka intambara nabo bazayirwana

Amasaha yo gufungwa utubari, utubyiniro na restaurant yongerewe

Ayo mashusho yaje gukusanywa mu bimenyetso, byagaragaje ko uyu mu polisi yagize imyitwarire idahwitse mu kazi bityo ajyanywa mu rukiko.

Mu Ugushyingo 2024 ni bwo yatangiye gukorwaho iperereza ibyatumye ahita asezera ku kazi.

Umwe mu bapolisi bakoranaga na Zielinski, Genna Telfer, yavuze ko ibyo uyu mugabo yakoze ari gusebya umwuga wabo n’abandi bakora imirimo yabo neza.

Yagize ati “Imyitwarire ye yangije ishusho ya polisi, ndetse ni no kugambanira abaturage n’indangagaciro polisi yacu igenderaho.”

Marcin Zielinski yakatiwe amezi ane y’igifungo.

Previous Post

Rusizi: Umubyeyi yatemye umwana we bapfa isambu

Next Post

Amahoteri akora nta byangombwa yongeye kwihanangirizwa

OMEGA BOY

OMEGA BOY

Related Posts

Indege ya Papa Leo yagize ikibazo bituma atira iy’Umwami wa Espagne
Amakuru

Indege ya Papa Leo yagize ikibazo bituma atira iy’Umwami wa Espagne

by OMEGA BOY
June 13, 2026
Iran yemeje ko Amerika nishaka intambara nabo bazayirwana
Amakuru

Iran yemeje ko Amerika nishaka intambara nabo bazayirwana

by OMEGA BOY
June 13, 2026
Amasaha yo gufungwa utubari, utubyiniro na restaurant yongerewe
Amakuru

Amasaha yo gufungwa utubari, utubyiniro na restaurant yongerewe

by OMEGA BOY
June 12, 2026
Burera: Umunyeshuri yishwe na bagenzi be
Amakuru

Burera: Umunyeshuri yishwe na bagenzi be

by OMEGA BOY
June 12, 2026
Abanyeshuri 8 b’abanyamahanga birukanwe ku butaka bw’u Rwanda bazira urugomo
Amakuru

Abanyeshuri 8 b’abanyamahanga birukanwe ku butaka bw’u Rwanda bazira urugomo

by ISHIMWE MOISE
June 11, 2026
Next Post
Amahoteri akora nta byangombwa yongeye kwihanangirizwa

Amahoteri akora nta byangombwa yongeye kwihanangirizwa

Please login to join discussion

Recommended

Perezida w’u Burundi yirukanye umu-Coloneri amushinja kurya umuceri wa bagenzi be

Perezida w’u Burundi yirukanye umu-Coloneri amushinja kurya umuceri wa bagenzi be

February 22, 2026
Gisagara: Umusaza yibye ibijumba bamufashe ariruka asimbuka umukingo bimuviramo urupfu

Gisagara: Umusaza yibye ibijumba bamufashe ariruka asimbuka umukingo bimuviramo urupfu

August 30, 2025

Categories

  • AKAZI
  • Amakuru
  • Amatangazo
  • Business
  • Entertainment
  • Imikino
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • Siporo
  • Uburezi
  • Uncategorized
  • UTUNTU N'UTUNDI

Don't miss it

Itangazo ry’akazi rireba buri muntu wese wifuza kwinjira muri DASSO mu mujyi wa Kigali – Deadline 21/06/2026
Amatangazo

Itangazo ry’akazi rireba buri muntu wese wifuza kwinjira muri DASSO mu mujyi wa Kigali – Deadline 21/06/2026

June 13, 2026
Indege ya Papa Leo yagize ikibazo bituma atira iy’Umwami wa Espagne
Amakuru

Indege ya Papa Leo yagize ikibazo bituma atira iy’Umwami wa Espagne

June 13, 2026
Itsinda rya Vestine na Dorcas ryatandukanye na M Irene wari umujyanama waryo
IMYIDAGADURO

Itsinda rya Vestine na Dorcas ryatandukanye na M Irene wari umujyanama waryo

June 13, 2026
Iran yemeje ko Amerika nishaka intambara nabo bazayirwana
Amakuru

Iran yemeje ko Amerika nishaka intambara nabo bazayirwana

June 13, 2026
Amasaha yo gufungwa utubari, utubyiniro na restaurant yongerewe
Amakuru

Amasaha yo gufungwa utubari, utubyiniro na restaurant yongerewe

June 12, 2026
Burera: Umunyeshuri yishwe na bagenzi be
Amakuru

Burera: Umunyeshuri yishwe na bagenzi be

June 12, 2026

Categories

  • AKAZI
  • Amakuru
  • Amatangazo
  • Business
  • Entertainment
  • Imikino
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • Siporo
  • Uburezi
  • Uncategorized
  • UTUNTU N'UTUNDI

Recent News

Itangazo ry’akazi rireba buri muntu wese wifuza kwinjira muri DASSO mu mujyi wa Kigali – Deadline 21/06/2026

Itangazo ry’akazi rireba buri muntu wese wifuza kwinjira muri DASSO mu mujyi wa Kigali – Deadline 21/06/2026

June 13, 2026
Indege ya Papa Leo yagize ikibazo bituma atira iy’Umwami wa Espagne

Indege ya Papa Leo yagize ikibazo bituma atira iy’Umwami wa Espagne

June 13, 2026

© 2025 IGIKA TV | All Right Reserved

No Result
View All Result
  • Amakuru
  • Siporo
  • Uburezi
  • Imikino
  • AKAZI
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 IGIKA TV | All Right Reserved

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password? Sign Up

Create New Account!

Fill the forms below to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In