Kubera ibirori by’itangwa ry’impamyabumenyi (Graduation) riteganijwe ku munsi w’ejo tariki ya 17/10/2025 muri Kaminuza y’u Rwanda, imihanda izakoreshwa kuri ubu buryo:
. Abaje muri Graduation baturuka mu cyerekezo Kigali – Huye no mu bindi byerekezo bigera mu murenge wa Ngoma: Huye – Stade Huye.
• Abaje muri Graduation baturuka mu cyerekezo Rango – Mukoni: Bazinjira muri Kaminuza banyuze aho bateganirijwe.
Abaturuka mu cyerekezo Matyazo/ Ngoma bajya mu mirimo yabo mu cyerekezo cy’umujyi: Ngoma – Ku irimbi – Rwabayanga – Mu mujyi.
Abaturuka mu cyerekezo Mukura/ Tumba – Mukoni bajya mu mirimo yabo mu cyerekezo cy’umujyi: Mukoni – Cyarwa – Rwasave – Kabutare – Mere du Verbe – Gare ya Huye.
. Abaturuka mu cyerekezo Matyazo/ Ngoma bajya mu mirimo yabo mu cyerekezo cy’umujyi: Ngoma – Ku Rwibutso – Karubanda – Hotel Galileo – Gare ya Huye.
Icyitonderwa
• Abafite ibinyabiziga bose bazabisiga kuri Stade Huye bagendere hamwe mu modoka rusange zateganyijwe.
• Abazitabira “Graduation” bose, uretse abaturuka mu cyerekezo cya Mukoni, bazajya kuri stade Huye bagendere hamwe mu modoka zateganijwe.
• Ku baturuka mu byerekezo byose, ntawe uzinjiza ikinyabiziga muri Kaminuza, uretse ababiherewe uburenganzira.











![Amashusho y’umugore uri gukubita umugabo inshyi z’amatwi yarikoroje ku mbuga nkoranyambaga [Video]](https://igikatv.com/wp-content/uploads/2026/06/IMG-20260613-WA0008-120x86.jpg)



