• Amakuru
  • Siporo
  • Uburezi
  • Imikino
  • AKAZI
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
IGIKA TV
  • Amakuru
  • Siporo
  • Uburezi
  • Imikino
  • AKAZI
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
IGIKA TV
No Result
View All Result

Juno Kizigenza na Ariel Wayz basomaniye ku rubyiniro, abafana induru bayiha umunwa

OMEGA BOY by OMEGA BOY
December 5, 2025
in IMYIDAGADURO
512 22
0
Juno Kizigenza na Ariel Wayz basomaniye ku rubyiniro, abafana induru bayiha umunwa
739
SHARES
Share on FacebookShare on Twitter

Juno Kizigenza na Ariel Wayz batunguranye basomanira ku rubyiniro bituma abantu benshi bacika ururondogoro.

Ibi byabaye mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu ubwo aba bombi bari bitabiriye igitaramo cya Davido cyoswe 5Five Tour cyabereye muri BK Arena nk’abagomba gususurutsa abacyitabiriye.

You might also like

Itsinda rya Vestine na Dorcas ryatandukanye na M Irene wari umujyanama waryo

Zari Hassan yatandukanye n’umugabo we

Umuhanzi Kirikou Akili ararembye

Juno Kizigenza ni umwe mu bahanzi bishimiwe cyane muri BK Arena. Yagiye ku rubyiniro akurikiye Ariel Wayz bakanyujijeho mu rukundo.

Yaririmbiye abakunzi be indirimbo zirimo ‘Igitangaza’, ‘Yaraje’ n’izindi.

Ageze ku ndirimbo ‘Away’, Juno Kizigenda yahamagaye ku rubyiniro Ariel Wayz bayikoranye. Abafana batunguwe n’uburyo aba bombi bahoberanye.

Ubwo Juno Kizigenza na Ariel Wayz bari barangije kuririmba indirimbo ‘Away’ bakoranye, basomanye, abafana induru bayiha umunwa.

iki gitaramo cyagaragayemo abahanzi nyarwanda nka Kitoko, Riderman, Ariel Wayz, Juno Kizigenza, Kid from Kigali, DJ Marnaud, DJ Toxxyk, DJ Alisha n’abandi banyuranye.

Ni ku nshuro ya kane Davido ataramiye mu Rwanda aho ubwa mbere yahataramiye mu 2014 mu gitaramo cyari icyo ‘Kwibohora ku nshuro ya 20’.

Bwa kabiri yahagarutse mu 2018 ubwo yari ari mu rugendo rw’ibitaramo yari yise ‘30 Billion Africa Tour 2018’.

Icyo gihe yafatanyije n’abahanzi barimo Buravan, Charly na Nina ndetse na Riderman.

Davido aheruka gukorera igitaramo i Kigali mu 2023 mu Iserukiramuco rya Giants of Africa Festival ryabereye muri BK Arena guhera tariki 13 – 19 Kanama 2023.



Previous Post

Nyabihu: RIB iri gukurikirana Umuyobozi ushinzwe imirimo rusange akekwaho kwigwizaho imitungo mu buryo bunyuranyije n’amategeko

Next Post

Umusirikare w’u Burundi ufite ipeti rya Lieutenant Colonel yishwe na M23

OMEGA BOY

OMEGA BOY

Related Posts

Itsinda rya Vestine na Dorcas ryatandukanye na M Irene wari umujyanama waryo
IMYIDAGADURO

Itsinda rya Vestine na Dorcas ryatandukanye na M Irene wari umujyanama waryo

by OMEGA BOY
June 13, 2026
Zari Hassan yatandukanye n’umugabo we
IMYIDAGADURO

Zari Hassan yatandukanye n’umugabo we

by OMEGA BOY
June 12, 2026
Umuhanzi Kirikou Akili ararembye
IMYIDAGADURO

Umuhanzi Kirikou Akili ararembye

by OMEGA BOY
June 8, 2026
Kaminuza ya Harvest Christian yahaye Chris Brown impamyabumenyi y’ikirenga (PhD)
IMYIDAGADURO

Kaminuza ya Harvest Christian yahaye Chris Brown impamyabumenyi y’ikirenga (PhD)

by OMEGA BOY
May 24, 2026
Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwashimangiye ko iguhano cyahawe Djihad, K John n’abo bareganwa kigumaho
Amakuru

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwashimangiye ko iguhano cyahawe Djihad, K John n’abo bareganwa kigumaho

by OMEGA BOY
May 19, 2026
Next Post
Umusirikare w’u Burundi ufite ipeti rya Lieutenant Colonel yishwe na M23

Umusirikare w'u Burundi ufite ipeti rya Lieutenant Colonel yishwe na M23

Please login to join discussion

Recommended

Kamonyi: Howo yakoze impanuka igonga imodoka 5 n’abantu barenga 10 -Amafoto

Kamonyi: Howo yakoze impanuka igonga imodoka 5 n’abantu barenga 10 -Amafoto

October 16, 2025
Pep Guardiola has separated with his wife

Pep Guardiola has separated with his wife

January 14, 2025

Categories

  • AKAZI
  • Amakuru
  • Amatangazo
  • Business
  • Entertainment
  • Imikino
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • Siporo
  • Uburezi
  • Uncategorized
  • UTUNTU N'UTUNDI

Don't miss it

Abajura bibye ibikoresho byose by’ikipe y’u Bwongereza
Amakuru

Abajura bibye ibikoresho byose by’ikipe y’u Bwongereza

June 13, 2026
Itangazo ry’akazi rireba buri muntu wese wifuza kwinjira muri DASSO mu mujyi wa Kigali – Deadline 21/06/2026
Amatangazo

Itangazo ry’akazi rireba buri muntu wese wifuza kwinjira muri DASSO mu mujyi wa Kigali – Deadline 21/06/2026

June 13, 2026
Indege ya Papa Leo yagize ikibazo bituma atira iy’Umwami wa Espagne
Amakuru

Indege ya Papa Leo yagize ikibazo bituma atira iy’Umwami wa Espagne

June 13, 2026
Itsinda rya Vestine na Dorcas ryatandukanye na M Irene wari umujyanama waryo
IMYIDAGADURO

Itsinda rya Vestine na Dorcas ryatandukanye na M Irene wari umujyanama waryo

June 13, 2026
Iran yemeje ko Amerika nishaka intambara nabo bazayirwana
Amakuru

Iran yemeje ko Amerika nishaka intambara nabo bazayirwana

June 13, 2026
Amasaha yo gufungwa utubari, utubyiniro na restaurant yongerewe
Amakuru

Amasaha yo gufungwa utubari, utubyiniro na restaurant yongerewe

June 12, 2026

Categories

  • AKAZI
  • Amakuru
  • Amatangazo
  • Business
  • Entertainment
  • Imikino
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • Siporo
  • Uburezi
  • Uncategorized
  • UTUNTU N'UTUNDI

Recent News

Abajura bibye ibikoresho byose by’ikipe y’u Bwongereza

Abajura bibye ibikoresho byose by’ikipe y’u Bwongereza

June 13, 2026
Itangazo ry’akazi rireba buri muntu wese wifuza kwinjira muri DASSO mu mujyi wa Kigali – Deadline 21/06/2026

Itangazo ry’akazi rireba buri muntu wese wifuza kwinjira muri DASSO mu mujyi wa Kigali – Deadline 21/06/2026

June 13, 2026

© 2025 IGIKA TV | All Right Reserved

No Result
View All Result
  • Amakuru
  • Siporo
  • Uburezi
  • Imikino
  • AKAZI
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 IGIKA TV | All Right Reserved

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password? Sign Up

Create New Account!

Fill the forms below to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In