Umugabo washinjwaga gukora ibikorwa by’ubutasi mu nyungu za Israel yishwe nyuma yo guhamywa icyaha n’inkiko za Iran.
Inzego zishinzwe itumanaho mu butabera bwa Iran zabitangaje kuri uyu wa 20 Ukuboza 2025.
Bavuze ko “Igihano cy’urupfu cyahawe Aghil Keshavarz wahamwe n’icyaha cyo kuba intasi y’ubutegetsi bwa Israel, no gufata amafoto y’ibigo bya gisirikare n’inzego z’umutekano, ndetse yishwe nyuma yo guhamywa icyaha n’urukiko rw’ikirenga ndetse no kubahiriza inzira z’amategeko.”
Iran ivuga ko uyu mugabo wishwe yari umwe mu bakozi b’urwego rw’ubutasi rwa Israel, Mossad. Yafatiwe mu Majyaruguru ashyira uburengerazuba, muri Mata 2025

![Amashusho y’umugore uri gukubita umugabo inshyi z’amatwi yarikoroje ku mbuga nkoranyambaga [Video]](https://igikatv.com/wp-content/uploads/2026/06/IMG-20260613-WA0008-360x180.jpg)







![Amashusho y’umugore uri gukubita umugabo inshyi z’amatwi yarikoroje ku mbuga nkoranyambaga [Video]](https://igikatv.com/wp-content/uploads/2026/06/IMG-20260613-WA0008-120x86.jpg)




