• Amakuru
  • Siporo
  • Uburezi
  • Imikino
  • AKAZI
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
IGIKA TV
  • Amakuru
  • Siporo
  • Uburezi
  • Imikino
  • AKAZI
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
IGIKA TV
No Result
View All Result

Karongi: Abantu bane muri batandatu bakekwaho kwica uwo bitaga ‘Umurozi’ batawe muri yombi

OMEGA BOY by OMEGA BOY
December 22, 2025
in Amakuru
481 25
0
Karongi: Abagabo babiri bishe umusore wabishyuzaga ibiceri 400 Frw
701
SHARES
Share on FacebookShare on Twitter

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Karongi ku bufatanye n’abaturage n’ubuyobozi bw’inzego z’ibanze imaze guta muri yombi abantu bane muri batandatu bakekwaho kwica Ndiramiye Vianney w’imyaka 55 bakeka ko ari umurozi.

Abakekwa bateye urugo rwa Nyakwigendera mu Mudugudu wa Karambo, Akagari ka Gisovu, Umurenge wa Twumba bitwaje intwaro gakondo.

You might also like

Nyanza: Umugore yapfiriye ku cyapa cya Bisi

Amashusho y’umugore uri gukubita umugabo inshyi z’amatwi yarikoroje ku mbuga nkoranyambaga [Video]

Abajura bibye ibikoresho byose by’ikipe y’u Bwongereza

Ni nyuma y’aho uwitwa Mushimiye Ndimubanzi apfiriye mu bitaro bya Mugonero ariko agasiga avuze ko yarozwe na Ndiramiye.

Ndiramiye abaturage bavuga ko asanzwe abarogera, yabonye bamugabyeho igitero ajya mu nzu arakinga, bica inzugi bamusangamo baramutema ndetse banatema umugore we n’umukobwa we.

Bamwe mu bagabye iki gitero bacungiye ku irembo kugira ngo basubize inyuma abagerageza gutabara uyu muryango. Abaturage babonye bikomeye bahamagara Polisi, abakomerekejwe bajyanwa kwa muganga, ariko birangira Ndiramiye wari wakubiswe ishoka mu mutwe apfuye.

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Twumba Uwimana Phanuel yavuze ko abagabye iki gitero bahise batoroka, ariko ku bufatanye bw’abaturage n’inzego z’umutekano bakaba bamaze guta muri yombi bane mu gihe hasigaye babiri bagishakishwa.

Ati “Bane bamaze gufatwa bafungiye kuri Sitasiyo y’Urwego rw’Ubugenzacyaha ya Twumba. Hasigaye babiri batarafatwa”.

Uwimana yavuze ko iki gikorwa abakekwa bakoze ari icya kinyamaswa asaba abaturage kutihanira.

Yavuze ko bajya batanga amakuru cyangwa ikirego kuri RIB kuko mu Rwanda hari ikigo gifite ubushobozi bwo gupima uburozi kikabubona ku buryo uwarozwe yahabwa ubutabera binyuze mu mategeko.

Previous Post

Kicukiro: Umukozi wo mu rugo yishe mugenzi we bakoranaga amuhisha mu isanduku

Next Post

Huye: Gitifu w’umurenge na SEDO w’Akagali batawe muri yombi

OMEGA BOY

OMEGA BOY

Related Posts

Nyanza: Umugore yapfiriye ku cyapa cya Bisi
Amakuru

Nyanza: Umugore yapfiriye ku cyapa cya Bisi

by OMEGA BOY
June 13, 2026
Amashusho y’umugore uri gukubita umugabo inshyi z’amatwi yarikoroje ku mbuga nkoranyambaga [Video]
Amakuru

Amashusho y’umugore uri gukubita umugabo inshyi z’amatwi yarikoroje ku mbuga nkoranyambaga [Video]

by OMEGA BOY
June 13, 2026
Abajura bibye ibikoresho byose by’ikipe y’u Bwongereza
Amakuru

Abajura bibye ibikoresho byose by’ikipe y’u Bwongereza

by OMEGA BOY
June 13, 2026
Indege ya Papa Leo yagize ikibazo bituma atira iy’Umwami wa Espagne
Amakuru

Indege ya Papa Leo yagize ikibazo bituma atira iy’Umwami wa Espagne

by OMEGA BOY
June 13, 2026
Iran yemeje ko Amerika nishaka intambara nabo bazayirwana
Amakuru

Iran yemeje ko Amerika nishaka intambara nabo bazayirwana

by OMEGA BOY
June 13, 2026
Next Post
Huye: Umugabo yishe umugore we amutemye

Huye: Gitifu w'umurenge na SEDO w'Akagali batawe muri yombi

Please login to join discussion

Recommended

Itangazo riturutse muri BNR rireba buri muntu wese ku Noti zizaba zitagifite agaciro mu mezi 12 ari imbere

Itangazo riturutse muri BNR rireba buri muntu wese ku Noti zizaba zitagifite agaciro mu mezi 12 ari imbere

March 24, 2026
Kaminuza ya Harvest Christian yahaye Chris Brown impamyabumenyi y’ikirenga (PhD)

Kaminuza ya Harvest Christian yahaye Chris Brown impamyabumenyi y’ikirenga (PhD)

May 24, 2026

Categories

  • AKAZI
  • Amakuru
  • Amatangazo
  • Business
  • Entertainment
  • Imikino
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • Siporo
  • Uburezi
  • Uncategorized
  • UTUNTU N'UTUNDI

Don't miss it

Nyanza: Umugore yapfiriye ku cyapa cya Bisi
Amakuru

Nyanza: Umugore yapfiriye ku cyapa cya Bisi

June 13, 2026
Amashusho y’umugore uri gukubita umugabo inshyi z’amatwi yarikoroje ku mbuga nkoranyambaga [Video]
Amakuru

Amashusho y’umugore uri gukubita umugabo inshyi z’amatwi yarikoroje ku mbuga nkoranyambaga [Video]

June 13, 2026
Abajura bibye ibikoresho byose by’ikipe y’u Bwongereza
Amakuru

Abajura bibye ibikoresho byose by’ikipe y’u Bwongereza

June 13, 2026
Itangazo ry’akazi rireba buri muntu wese wifuza kwinjira muri DASSO mu mujyi wa Kigali – Deadline 21/06/2026
Amatangazo

Itangazo ry’akazi rireba buri muntu wese wifuza kwinjira muri DASSO mu mujyi wa Kigali – Deadline 21/06/2026

June 13, 2026
Indege ya Papa Leo yagize ikibazo bituma atira iy’Umwami wa Espagne
Amakuru

Indege ya Papa Leo yagize ikibazo bituma atira iy’Umwami wa Espagne

June 13, 2026
Itsinda rya Vestine na Dorcas ryatandukanye na M Irene wari umujyanama waryo
IMYIDAGADURO

Itsinda rya Vestine na Dorcas ryatandukanye na M Irene wari umujyanama waryo

June 13, 2026

Categories

  • AKAZI
  • Amakuru
  • Amatangazo
  • Business
  • Entertainment
  • Imikino
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • Siporo
  • Uburezi
  • Uncategorized
  • UTUNTU N'UTUNDI

Recent News

Nyanza: Umugore yapfiriye ku cyapa cya Bisi

Nyanza: Umugore yapfiriye ku cyapa cya Bisi

June 13, 2026
Amashusho y’umugore uri gukubita umugabo inshyi z’amatwi yarikoroje ku mbuga nkoranyambaga [Video]

Amashusho y’umugore uri gukubita umugabo inshyi z’amatwi yarikoroje ku mbuga nkoranyambaga [Video]

June 13, 2026

© 2025 IGIKA TV | All Right Reserved

No Result
View All Result
  • Amakuru
  • Siporo
  • Uburezi
  • Imikino
  • AKAZI
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 IGIKA TV | All Right Reserved

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password? Sign Up

Create New Account!

Fill the forms below to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In