• Amakuru
  • Siporo
  • Uburezi
  • Imikino
  • AKAZI
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
IGIKA TV
  • Amakuru
  • Siporo
  • Uburezi
  • Imikino
  • AKAZI
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
IGIKA TV
No Result
View All Result

Kicukiro: Umukozi wo mu rugo yishe mugenzi we bakoranaga amuhisha mu isanduku

OMEGA BOY by OMEGA BOY
December 21, 2025
in Amakuru
574 24
0
Umugabo yagiye gukiza umugore n’umugabo barwanaga birangira ahasize ubuzima
828
SHARES
Share on FacebookShare on Twitter

Umukozi wo mu rugo w’umuhungu w’imyaka 28 bikekwa ko yishe mugenzi we w’umukobwa bakoranaga akazi ko mu rugo, nyuma akamuhisha mu isanduku, agahita atoroka.

Byabereye ku wa 21 Ukuboza 2025 mu Mudugudu wa Amahoro, Akagari ka Karembure mu Murenge wa Gahanga mu Karere ka Kicukiro.

You might also like

Ibikubiye mu byemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 8 Kamena 2026

Rwamagana: Abantu batatu barimo abakecuru babiri bafitanye isano bishwe na kanyanga

Donald Trump yananiwe kwihanganira ibibazo yahatwaga n’umunyamakuru ahitamo kwivumbura ava mu kiganiro kitarangiye

Umuvugizi w’Umujyi wa Kigali, Ntirenganya Emma Claudine, yahamije ko aya makuru ari yo, kandi ko inzego z’ibanze zahise zimenyesha iz’umutekano kugira ngo zikore iperereza.

Ati “Ni ko bimeze, hari umukobwa wakoraga mu rugo wasanzwe yapfuye. Birumvikana ikintu cya mbere dukora nk’inzego z’ibanze iyo hagize umuntu ubura ubuzima ni ukumenyesha inzego z’umutekano.”

Yavuze ko bamaze kumenyesha Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB na Polisi y’Igihugu kandi zitangiye gukora iperereza.

Yasabye abaturage gukomeza kugira ubufatanye ndetse no kwirinda urugomo, kwirinda icyaha no gutangira amakuru ku gihe mu gihe cyose hari aho aketse ko hari gukorwa icyaha.

Ukekwaho icyo cyaha ni umusore w’imyaka 28 wo mu Karere ka Gasabo Umurenge wa Rusororo.

Uko ubu bwicanyi bwabaye.

Uwatanze Amakuru avuga ko mu gitondo cyo kuri uyu wa 21 Ukuboza 2025, we n’umugore basize abakozi bombi nta kibazo bafitanye, bajya mu bukwe.

Umukozi w’umukobwa yasigiwe kureba umwana umuhungu ashingwa gukurikirana indi mirimo yo mu rugo, abandi baragenda.

Byageze nka Saa Tanu z’amanywa umugore bimwanga munda, ba bakozi bakabahamagara ntibababone. Ntakirutimana yifashisha murumuna we kuko iwabo baturanye n’iwe, ajya kureba icyabaye.

Ati “Murumuna wanjye yageze iwanjye mu rugo akomanze abura umufungurira, kuko kwa mukecuru (iwabo w’umugabo), babika imfunguzo zo ku rugi rw’igipangu cyanjye, biba ngombwa ko murumuna wanjye wundi azana imfunguzo, binjiye basanga urugi rurafunguye bajya kureba umwana. Basanze urugi rw’icyumba cyacu barwishe […] ariko basanga umwana asinziriye.”

Umugore wa Ntakirutimana na muramu we (mukuru wa Ntakirutimana) we bahise bihutira kujya mu rugo, basanga ibintu byahindanyijwe, icyumba cye cyajagajazwe, imyenda ye n’iy’umugabo we yapakiwe mu bikapu, matelat yabo bayijyanye mu cyumba cy’abashyitsi na na bya bikapu babishyira hamwe.

Ntakirutimana ati “Mukuru wanjye yagarutse aho nari ndi mu bukwe, akihagera umugore yaramapaye na ba bana barampamagara. Batubwiye bati ‘Mutoni twamusanze mu isanduku bamwishe. Iby’ubukwe nahise mbivamo […]. Nahise njya ku Rwego rw’Ubugenzacyaha (RIB). Nta makimbirane bari basanzwe bagirana. Umukobwa yari amaze amezi atandatu, umuhungu we amaze ibyumweru bitatu.”

Itegeko igena ko uhamijwe n’urukiko icyaha cy’ubwicanyi buturutse ku bushake ahanishwa igihano cy’igifungo cya burundu.

Previous Post

Ruhango: Umukobwa w’imyaka 26 yasanzwe mu nzu y’umusore yapfuye

Next Post

Karongi: Abantu bane muri batandatu bakekwaho kwica uwo bitaga ‘Umurozi’ batawe muri yombi

OMEGA BOY

OMEGA BOY

Related Posts

Ibikubiye mu byemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 8 Kamena 2026
Amakuru

Ibikubiye mu byemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 8 Kamena 2026

by OMEGA BOY
June 9, 2026
Rwamagana: Abantu batatu barimo abakecuru babiri bafitanye isano bishwe na kanyanga
Amakuru

Rwamagana: Abantu batatu barimo abakecuru babiri bafitanye isano bishwe na kanyanga

by OMEGA BOY
June 8, 2026
Donald Trump yananiwe kwihanganira ibibazo yahatwaga n’umunyamakuru ahitamo kwivumbura ava mu kiganiro kitarangiye
Amakuru

Donald Trump yananiwe kwihanganira ibibazo yahatwaga n’umunyamakuru ahitamo kwivumbura ava mu kiganiro kitarangiye

by OMEGA BOY
June 8, 2026
RwandAir yasubitse ingendo zijya n’iziva i Doha na Dubai
Amakuru

RwandAir yahagaritse gutwara abagenzi bava muri Sudani y’Epfo, Uganda na RDC bajya muri UAE kubera Ebola

by OMEGA BOY
June 7, 2026
Nyirabagande Drocelle wamamaye nka ‘Langwida’ mu ikinamico Urunana yitabye Imana
Amakuru

Nyirabagande Drocelle wamamaye nka ‘Langwida’ mu ikinamico Urunana yitabye Imana

by OMEGA BOY
June 7, 2026
Next Post
Karongi: Abagabo babiri bishe umusore wabishyuzaga ibiceri 400 Frw

Karongi: Abantu bane muri batandatu bakekwaho kwica uwo bitaga 'Umurozi' batawe muri yombi

Please login to join discussion

Recommended

Nyabihu: RIB iri gukurikirana Umuyobozi ushinzwe imirimo rusange akekwaho kwigwizaho imitungo mu buryo bunyuranyije n’amategeko

RIB yemeje ko yataye muri yombi ushinzwe imirimo rusange mu Karere ka Nyabihu

December 7, 2025
Hamenyekanye icyatumye umusore uherutse kuraswa yica umukunzi we amukase umutwe

Hamenyekanye icyatumye umusore uherutse kuraswa yica umukunzi we amukase umutwe

November 23, 2025

Categories

  • AKAZI
  • Amakuru
  • Amatangazo
  • Business
  • Entertainment
  • Imikino
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • Siporo
  • Uburezi
  • Uncategorized
  • UTUNTU N'UTUNDI

Don't miss it

Ibikubiye mu byemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 8 Kamena 2026
Amakuru

Ibikubiye mu byemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 8 Kamena 2026

June 9, 2026
Rwamagana: Abantu batatu barimo abakecuru babiri bafitanye isano bishwe na kanyanga
Amakuru

Rwamagana: Abantu batatu barimo abakecuru babiri bafitanye isano bishwe na kanyanga

June 8, 2026
Donald Trump yananiwe kwihanganira ibibazo yahatwaga n’umunyamakuru ahitamo kwivumbura ava mu kiganiro kitarangiye
Amakuru

Donald Trump yananiwe kwihanganira ibibazo yahatwaga n’umunyamakuru ahitamo kwivumbura ava mu kiganiro kitarangiye

June 8, 2026
Umuhanzi Kirikou Akili ararembye
IMYIDAGADURO

Umuhanzi Kirikou Akili ararembye

June 8, 2026
RwandAir yasubitse ingendo zijya n’iziva i Doha na Dubai
Amakuru

RwandAir yahagaritse gutwara abagenzi bava muri Sudani y’Epfo, Uganda na RDC bajya muri UAE kubera Ebola

June 7, 2026
Nyirabagande Drocelle wamamaye nka ‘Langwida’ mu ikinamico Urunana yitabye Imana
Amakuru

Nyirabagande Drocelle wamamaye nka ‘Langwida’ mu ikinamico Urunana yitabye Imana

June 7, 2026

Categories

  • AKAZI
  • Amakuru
  • Amatangazo
  • Business
  • Entertainment
  • Imikino
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • Siporo
  • Uburezi
  • Uncategorized
  • UTUNTU N'UTUNDI

Recent News

Ibikubiye mu byemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 8 Kamena 2026

Ibikubiye mu byemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 8 Kamena 2026

June 9, 2026
Rwamagana: Abantu batatu barimo abakecuru babiri bafitanye isano bishwe na kanyanga

Rwamagana: Abantu batatu barimo abakecuru babiri bafitanye isano bishwe na kanyanga

June 8, 2026

© 2025 IGIKA TV | All Right Reserved

No Result
View All Result
  • Amakuru
  • Siporo
  • Uburezi
  • Imikino
  • AKAZI
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 IGIKA TV | All Right Reserved

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password? Sign Up

Create New Account!

Fill the forms below to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In