• Amakuru
  • Siporo
  • Uburezi
  • Imikino
  • AKAZI
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
IGIKA TV
  • Amakuru
  • Siporo
  • Uburezi
  • Imikino
  • AKAZI
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
IGIKA TV
No Result
View All Result

Abanyeshuri 8 b’abanyamahanga birukanwe ku butaka bw’u Rwanda bazira urugomo

ISHIMWE MOISE by ISHIMWE MOISE
June 11, 2026
in Amakuru
528 17
0
Abanyeshuri 8 b’abanyamahanga birukanwe ku butaka bw’u Rwanda bazira urugomo
754
SHARES
Share on FacebookShare on Twitter

Abanyeshuri umunani bakomoka muri Sudani y’Epfo bari biga muri Kaminuza ya INES Ruhengeri iherereye mu Karere ka Musanze, birukanywe ku butaka bw’u Rwanda basubizwa mu gihugu cyabo nyuma yo kugaragara mu bikorwa by’urugomo byari bimaze igihe bivugwa muri ako gace.

Icyemezo cyo kubasubiza iwabo cyafashwe nyuma y’iperereza ryakozwe n’inzego zibishinzwe ku bikorwa by’umutekano muke byakunze kuvugwa muri no hafi y’iyo kaminuza.

You might also like

Iran yemeje ko Amerika nishaka intambara nabo bazayirwana

Amasaha yo gufungwa utubari, utubyiniro na restaurant yongerewe

Burera: Umunyeshuri yishwe na bagenzi be

Mu minsi yashize, abatwara abantu n’ibintu kuri moto bakorera mu Mujyi wa Musanze, cyane cyane mu gace ka Kalisimbi, bagaragaje impungenge ku myitwarire ya bamwe mu banyamahanga babakorera urugomo, bavuga ko hari ababakubita cyangwa bakabatera ubwoba igihe babishyuje amafaranga y’urugendo.

Amakuru aturuka mu nzego zitandukanye agaragaza ko bamwe muri aba banyeshuri bagiye bagaragara mu bikorwa birimo gutembera bafite ibyuma n’imihoro ndetse no gutera ubwoba abaturage, ibintu byakomeje guteza impungenge abaturage bo muri ako karere.

Nyuma yo gusuzuma ibyo birego, abanyeshuri umunani bagaragayeho uruhare muri ibyo bikorwa bafatiwe icyemezo cyo gusubizwa iwabo. Bivugwa kandi ko bamwe muri bo bari basanzwe bazwiho imyitwarire itanoze ndetse bakunze kuvugwa mu bikorwa by’urugomo.

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, ACP Boniface Rutikanga, aherutse kwibutsa ko amategeko yubahirizwa kimwe kuri bose, ashimangira ko nta muntu uri hejuru y’amategeko yaba Umunyarwanda cyangwa umunyamahanga.

Ibibazo nk’ibi si i Musanze gusa byagaragaye, kuko no mu Murenge wa Gisozi mu Mujyi wa Kigali hagiye humvikana ibirego by’abamotari bavuga ko bamwe mu banyeshuri bakomoka muri Sudani y’Epfo babakoreye urugomo mu bihe bitandukanye.

Imibare ya Polisi y’u Rwanda igaragaza ko mu mwaka wa 2025 abanyamahanga 64 birukanwe basubizwa mu bihugu byabo bazira ibyaha bitandukanye, birimo gukubita no gukomeretsa, mu gihe abarenga 240 bashyikirijwe inzego z’ubutabera bakekwaho ibyaha binyuranye.

Previous Post

Mexique & Canada: Hazatangwa udukingirizo tw’ubuntu mu gikombe cy’Isi

Next Post

Zari Hassan yatandukanye n’umugabo we

ISHIMWE MOISE

ISHIMWE MOISE

Related Posts

Iran yemeje ko Amerika nishaka intambara nabo bazayirwana
Amakuru

Iran yemeje ko Amerika nishaka intambara nabo bazayirwana

by OMEGA BOY
June 13, 2026
Amasaha yo gufungwa utubari, utubyiniro na restaurant yongerewe
Amakuru

Amasaha yo gufungwa utubari, utubyiniro na restaurant yongerewe

by OMEGA BOY
June 12, 2026
Burera: Umunyeshuri yishwe na bagenzi be
Amakuru

Burera: Umunyeshuri yishwe na bagenzi be

by OMEGA BOY
June 12, 2026
Mexique & Canada: Hazatangwa udukingirizo tw’ubuntu mu gikombe cy’Isi
Amakuru

Mexique & Canada: Hazatangwa udukingirizo tw’ubuntu mu gikombe cy’Isi

by OMEGA BOY
June 11, 2026
Ngoma: Abaturage bane barimo umugabo uherutse kwica nyina akamuta mu cyobo akarenzaho béton bakatiwe gufungwa burundu
Amakuru

Ngoma: Abaturage bane barimo umugabo uherutse kwica nyina akamuta mu cyobo akarenzaho béton bakatiwe gufungwa burundu

by OMEGA BOY
June 10, 2026
Next Post
Zari Hassan yatandukanye n’umugabo we

Zari Hassan yatandukanye n'umugabo we

Please login to join discussion

Recommended

Kayonza: Inama Njyanama yashyizeho Meya n’umwungirije b’agateganyo

Kayonza: Inama Njyanama yashyizeho Meya n’umwungirije b’agateganyo

December 8, 2025
Serumogo Ally yatandukanye na Rayon Sports

Serumogo Ally yatandukanye na Rayon Sports

January 18, 2026

Categories

  • AKAZI
  • Amakuru
  • Amatangazo
  • Business
  • Entertainment
  • Imikino
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • Siporo
  • Uburezi
  • Uncategorized
  • UTUNTU N'UTUNDI

Don't miss it

Iran yemeje ko Amerika nishaka intambara nabo bazayirwana
Amakuru

Iran yemeje ko Amerika nishaka intambara nabo bazayirwana

June 13, 2026
Amasaha yo gufungwa utubari, utubyiniro na restaurant yongerewe
Amakuru

Amasaha yo gufungwa utubari, utubyiniro na restaurant yongerewe

June 12, 2026
Burera: Umunyeshuri yishwe na bagenzi be
Amakuru

Burera: Umunyeshuri yishwe na bagenzi be

June 12, 2026
Zari Hassan yatandukanye n’umugabo we
IMYIDAGADURO

Zari Hassan yatandukanye n’umugabo we

June 12, 2026
Abanyeshuri 8 b’abanyamahanga birukanwe ku butaka bw’u Rwanda bazira urugomo
Amakuru

Abanyeshuri 8 b’abanyamahanga birukanwe ku butaka bw’u Rwanda bazira urugomo

June 11, 2026
Mexique & Canada: Hazatangwa udukingirizo tw’ubuntu mu gikombe cy’Isi
Amakuru

Mexique & Canada: Hazatangwa udukingirizo tw’ubuntu mu gikombe cy’Isi

June 11, 2026

Categories

  • AKAZI
  • Amakuru
  • Amatangazo
  • Business
  • Entertainment
  • Imikino
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • Siporo
  • Uburezi
  • Uncategorized
  • UTUNTU N'UTUNDI

Recent News

Iran yemeje ko Amerika nishaka intambara nabo bazayirwana

Iran yemeje ko Amerika nishaka intambara nabo bazayirwana

June 13, 2026
Amasaha yo gufungwa utubari, utubyiniro na restaurant yongerewe

Amasaha yo gufungwa utubari, utubyiniro na restaurant yongerewe

June 12, 2026

© 2025 IGIKA TV | All Right Reserved

No Result
View All Result
  • Amakuru
  • Siporo
  • Uburezi
  • Imikino
  • AKAZI
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 IGIKA TV | All Right Reserved

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password? Sign Up

Create New Account!

Fill the forms below to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In