• Amakuru
  • Siporo
  • Uburezi
  • Imikino
  • AKAZI
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
IGIKA TV
  • Amakuru
  • Siporo
  • Uburezi
  • Imikino
  • AKAZI
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
IGIKA TV
No Result
View All Result

Serumogo Ally yatandukanye na Rayon Sports

OMEGA BOY by OMEGA BOY
January 18, 2026
in Amakuru
456 29
0
Serumogo Ally yatandukanye na Rayon Sports
672
SHARES
Share on FacebookShare on Twitter

Rayon Sports yatandukanye na myugariro wayo, Serumogo Ally, nyuma yo gushinjwa imikinire mibi yaganishije iyi kipe ku kunyagirwa na Al Hilal ibitego 4-0.

Kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 17 Mutarama 2026, ni bwo kuri Stade Amahoro habereye umukino w’Umunsi wa 15 wa Shampiyona y’u Rwanda.

You might also like

Iran yemeje ko Amerika nishaka intambara nabo bazayirwana

Amasaha yo gufungwa utubari, utubyiniro na restaurant yongerewe

Burera: Umunyeshuri yishwe na bagenzi be

Ni umukino Rayon Sports yasabwaga kwitwaramo neza, kugira ngo igarurire icyizere abafana bayo, ariko cyongeye kuyoyoka nyuma y’aho itsindiwe ibitego 4-0.

Umwe mu bakinnyi bashinjwe umusaruro mubi muri uyu mukino ni myugariro, Serumogo Ally, dore ko yahise anasimburwa ku munota wa 64 hajyamo Nshimiyimana Emmanuel ‘Kabange’.

Abafana batangiye kuririmba ‘Kabange’, bashaka kugaragaza ko badashaka kongera kubona Serumogo mu kibuga, dore ko yafashije ikipe guhangana na Girumugisha Jean Claude watsinze ibitego bibiri muri uyu mukino.

Mu itangazo ryashyizwe hanze n’ikipe nyuma y’umukino, yashimiye Serumoga wari na Kapiteni w’iyi kipe ku ruhare rwe mu myaka ibiri n’igice ayimazemo.

Serumogo yageze muri Rayon Sports mu 2023 avuye muri Kiyovu Sports, gusa mu mwaka ushize yari yongereye amasezerano ye.

Ubwo yavaga mu kibuga kuri uyu wa Gatandatu, Serumogo yabanje gupfukama ashinga umutwe hasi ameze nk’ushimira cyangwa usezera.

Hari amakuru avuga ko yaba yaramaze kumvikana n’Ikipe ya El-Merrikh Bentiu yo muri Sudani y’Epfo.

Uyu mukinnyi asize Gikundiro ku mwanya wa cyenda n’amanota 24 ku rutonde rw’agateganyo rwa Shampiyona y’u Rwanda, mu gihe isigaje imikino ibiri ya Mukura VS na Al Merrikh kugira ngo isoze imikino ibanza.

Previous Post

Musanze: Akarere kanyomoje amakuru yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga avuga ko Bikira Mariya Nyina wa Yesu yababonekeye ari mu giti

Next Post

Donald Trump yisubiyeho ku cyemezo cyo gutera Iran

OMEGA BOY

OMEGA BOY

Related Posts

Iran yemeje ko Amerika nishaka intambara nabo bazayirwana
Amakuru

Iran yemeje ko Amerika nishaka intambara nabo bazayirwana

by OMEGA BOY
June 13, 2026
Amasaha yo gufungwa utubari, utubyiniro na restaurant yongerewe
Amakuru

Amasaha yo gufungwa utubari, utubyiniro na restaurant yongerewe

by OMEGA BOY
June 12, 2026
Burera: Umunyeshuri yishwe na bagenzi be
Amakuru

Burera: Umunyeshuri yishwe na bagenzi be

by OMEGA BOY
June 12, 2026
Abanyeshuri 8 b’abanyamahanga birukanwe ku butaka bw’u Rwanda bazira urugomo
Amakuru

Abanyeshuri 8 b’abanyamahanga birukanwe ku butaka bw’u Rwanda bazira urugomo

by ISHIMWE MOISE
June 11, 2026
Mexique & Canada: Hazatangwa udukingirizo tw’ubuntu mu gikombe cy’Isi
Amakuru

Mexique & Canada: Hazatangwa udukingirizo tw’ubuntu mu gikombe cy’Isi

by OMEGA BOY
June 11, 2026
Next Post
President Trump has imposed sanctions on Russia

Donald Trump yisubiyeho ku cyemezo cyo gutera Iran

Please login to join discussion

Recommended

Joseph Kabila uherutse gukatirwa urwo gupfa yatumijeho abatavuga rumwe n’ubutehetsi bwa Tshisekedi

Joseph Kabila uherutse gukatirwa urwo gupfa yatumijeho abatavuga rumwe n’ubutehetsi bwa Tshisekedi

October 14, 2025
Ku wa 28 Ukuboza 2025 Canal Olympia Rebero izafunga imiryango

Ku wa 28 Ukuboza 2025 Canal Olympia Rebero izafunga imiryango

December 13, 2025

Categories

  • AKAZI
  • Amakuru
  • Amatangazo
  • Business
  • Entertainment
  • Imikino
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • Siporo
  • Uburezi
  • Uncategorized
  • UTUNTU N'UTUNDI

Don't miss it

Itsinda rya Vestine na Dorcas ryatandukanye na M Irene wari umujyanama waryo
IMYIDAGADURO

Itsinda rya Vestine na Dorcas ryatandukanye na M Irene wari umujyanama waryo

June 13, 2026
Iran yemeje ko Amerika nishaka intambara nabo bazayirwana
Amakuru

Iran yemeje ko Amerika nishaka intambara nabo bazayirwana

June 13, 2026
Amasaha yo gufungwa utubari, utubyiniro na restaurant yongerewe
Amakuru

Amasaha yo gufungwa utubari, utubyiniro na restaurant yongerewe

June 12, 2026
Burera: Umunyeshuri yishwe na bagenzi be
Amakuru

Burera: Umunyeshuri yishwe na bagenzi be

June 12, 2026
Zari Hassan yatandukanye n’umugabo we
IMYIDAGADURO

Zari Hassan yatandukanye n’umugabo we

June 12, 2026
Abanyeshuri 8 b’abanyamahanga birukanwe ku butaka bw’u Rwanda bazira urugomo
Amakuru

Abanyeshuri 8 b’abanyamahanga birukanwe ku butaka bw’u Rwanda bazira urugomo

June 11, 2026

Categories

  • AKAZI
  • Amakuru
  • Amatangazo
  • Business
  • Entertainment
  • Imikino
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • Siporo
  • Uburezi
  • Uncategorized
  • UTUNTU N'UTUNDI

Recent News

Itsinda rya Vestine na Dorcas ryatandukanye na M Irene wari umujyanama waryo

Itsinda rya Vestine na Dorcas ryatandukanye na M Irene wari umujyanama waryo

June 13, 2026
Iran yemeje ko Amerika nishaka intambara nabo bazayirwana

Iran yemeje ko Amerika nishaka intambara nabo bazayirwana

June 13, 2026

© 2025 IGIKA TV | All Right Reserved

No Result
View All Result
  • Amakuru
  • Siporo
  • Uburezi
  • Imikino
  • AKAZI
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 IGIKA TV | All Right Reserved

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password? Sign Up

Create New Account!

Fill the forms below to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In