• Amakuru
  • Siporo
  • Uburezi
  • Imikino
  • AKAZI
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
IGIKA TV
  • Amakuru
  • Siporo
  • Uburezi
  • Imikino
  • AKAZI
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
IGIKA TV
No Result
View All Result

Huye: Umusore w’imyaka 25 yasanzwe amanitse mu giti yapfuye

OMEGA BOY by OMEGA BOY
November 20, 2025
in Amakuru
502 5
0
Huye: Umusore w’imyaka 25 yasanzwe amanitse mu giti yapfuye
701
SHARES
Share on FacebookShare on Twitter

Umusore wo mu Karere ka Huye w’imyaka 25, yasanzwe mu giti ari mu mugozi yapfuye, hakekwa ko yaba yishwe akamanikwamo.

Iyi nkuru yatangiye kumenyekana mu gitondo cyo ku wa 19 Ugushyingo 2025, mu kagari ka Mpare, Umurenge wa Tumba, ho mu Karere ka Huye, mu masaha ya saa kumi n’ebyiri, ubwo abari batangiye kujya mu mirimo babonaga nyakwigendera ari kunagana mu giti yapfuye.

You might also like

Indege ya Papa Leo yagize ikibazo bituma atira iy’Umwami wa Espagne

Iran yemeje ko Amerika nishaka intambara nabo bazayirwana

Amasaha yo gufungwa utubari, utubyiniro na restaurant yongerewe

Amakuru yatanzwe n’abaturage bamubonye avuga ko uyu musore yari asanzwe acuruza amasambusa muri santere ya Dansingi, akaba nta muntu bajyaga bagirana amakimbirane haba mu rugo no mu baturanyi, ibyo baheraho bavuga ko yaba yishwe, aho kwiyahura.

Umwe muri bo ati “Aha i Mpare haba inzoga zitwa dundubwonko abantu benshi bazinyweye batakaza ubumuntu, kwica umuntu bikaba nta kintu bibawiye. Birashoboka ko ari bo bamwishe bakaza kumumanika.”

Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Amajyepfo, CIP Kamanzi Hassan, yatangaje ko bakimara kubona amakuru y’abaturage n’inzego z’ibanze bahise batabara, bafata umurambo wa nyakwigendera bawujyana ku Bitaro bya Kaminuza bya Butare (CHUB), gukorerwa isuzuma.

Ati “Amakuru y’ibanze aragaragaza ko nta makimbirane yagiranaga n’umuryango we, dutegereje ko iperereza rigira amakuru ku cyaba cyamwishe.’’

CIP Kamanzi, yakomeje yihanganisha umuryango wa nyakwigendera, anawizeza ko hagiye gukorwa ibishoboka byose kugira ngo bazabone ubutabera bunoze ku muntu wabo binyuze mu iperereza ryimbitse rizakorwa, anasaba uwaba afite icyo azi ku by’uru rupfu wese guha amakuru inzego zibishinzwe kugira ngo iperereza ryihute.

Previous Post

Amasezerano ya Arsenal na Visit Rwanda ntazongerwa nyuma ya Kamena 2026

Next Post

Karongi: Umugabo yishe umugore we amutemye akeka ko amuca inyuma

OMEGA BOY

OMEGA BOY

Related Posts

Indege ya Papa Leo yagize ikibazo bituma atira iy’Umwami wa Espagne
Amakuru

Indege ya Papa Leo yagize ikibazo bituma atira iy’Umwami wa Espagne

by OMEGA BOY
June 13, 2026
Iran yemeje ko Amerika nishaka intambara nabo bazayirwana
Amakuru

Iran yemeje ko Amerika nishaka intambara nabo bazayirwana

by OMEGA BOY
June 13, 2026
Amasaha yo gufungwa utubari, utubyiniro na restaurant yongerewe
Amakuru

Amasaha yo gufungwa utubari, utubyiniro na restaurant yongerewe

by OMEGA BOY
June 12, 2026
Burera: Umunyeshuri yishwe na bagenzi be
Amakuru

Burera: Umunyeshuri yishwe na bagenzi be

by OMEGA BOY
June 12, 2026
Abanyeshuri 8 b’abanyamahanga birukanwe ku butaka bw’u Rwanda bazira urugomo
Amakuru

Abanyeshuri 8 b’abanyamahanga birukanwe ku butaka bw’u Rwanda bazira urugomo

by ISHIMWE MOISE
June 11, 2026
Next Post
Karongi: Abagabo babiri bishe umusore wabishyuzaga ibiceri 400 Frw

Karongi: Umugabo yishe umugore we amutemye akeka ko amuca inyuma

Please login to join discussion

Recommended

Rutsiro: Umugabo bikekwa ko yibye ibendera ry’Igihugu akihamagarira avuga ko aribonye munsi y’urugo rwe yatawe muri yombi

Rutsiro: Umugabo bikekwa ko yibye ibendera ry’Igihugu akihamagarira avuga ko aribonye munsi y’urugo rwe yatawe muri yombi

October 10, 2025
RMC yihanangirije abanyamakuru ba SK FM na Isibo bamaze iminsi bacyocyorana

RMC yihanangirije abanyamakuru ba SK FM na Isibo bamaze iminsi bacyocyorana

February 13, 2026

Categories

  • AKAZI
  • Amakuru
  • Amatangazo
  • Business
  • Entertainment
  • Imikino
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • Siporo
  • Uburezi
  • Uncategorized
  • UTUNTU N'UTUNDI

Don't miss it

Itangazo ry’akazi rireba buri muntu wese wifuza kwinjira muri DASSO mu mujyi wa Kigali – Deadline 21/06/2026
Amatangazo

Itangazo ry’akazi rireba buri muntu wese wifuza kwinjira muri DASSO mu mujyi wa Kigali – Deadline 21/06/2026

June 13, 2026
Indege ya Papa Leo yagize ikibazo bituma atira iy’Umwami wa Espagne
Amakuru

Indege ya Papa Leo yagize ikibazo bituma atira iy’Umwami wa Espagne

June 13, 2026
Itsinda rya Vestine na Dorcas ryatandukanye na M Irene wari umujyanama waryo
IMYIDAGADURO

Itsinda rya Vestine na Dorcas ryatandukanye na M Irene wari umujyanama waryo

June 13, 2026
Iran yemeje ko Amerika nishaka intambara nabo bazayirwana
Amakuru

Iran yemeje ko Amerika nishaka intambara nabo bazayirwana

June 13, 2026
Amasaha yo gufungwa utubari, utubyiniro na restaurant yongerewe
Amakuru

Amasaha yo gufungwa utubari, utubyiniro na restaurant yongerewe

June 12, 2026
Burera: Umunyeshuri yishwe na bagenzi be
Amakuru

Burera: Umunyeshuri yishwe na bagenzi be

June 12, 2026

Categories

  • AKAZI
  • Amakuru
  • Amatangazo
  • Business
  • Entertainment
  • Imikino
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • Siporo
  • Uburezi
  • Uncategorized
  • UTUNTU N'UTUNDI

Recent News

Itangazo ry’akazi rireba buri muntu wese wifuza kwinjira muri DASSO mu mujyi wa Kigali – Deadline 21/06/2026

Itangazo ry’akazi rireba buri muntu wese wifuza kwinjira muri DASSO mu mujyi wa Kigali – Deadline 21/06/2026

June 13, 2026
Indege ya Papa Leo yagize ikibazo bituma atira iy’Umwami wa Espagne

Indege ya Papa Leo yagize ikibazo bituma atira iy’Umwami wa Espagne

June 13, 2026

© 2025 IGIKA TV | All Right Reserved

No Result
View All Result
  • Amakuru
  • Siporo
  • Uburezi
  • Imikino
  • AKAZI
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 IGIKA TV | All Right Reserved

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password? Sign Up

Create New Account!

Fill the forms below to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In