• Amakuru
  • Siporo
  • Uburezi
  • Imikino
  • AKAZI
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
IGIKA TV
  • Amakuru
  • Siporo
  • Uburezi
  • Imikino
  • AKAZI
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
IGIKA TV
No Result
View All Result

Polisi yaburiye abagendera mu bisate byahariwe bisi mu muhanda

OMEGA BOY by OMEGA BOY
December 4, 2025
in Amakuru
474 5
0
Polisi yaburiye abagendera mu bisate byahariwe bisi mu muhanda
663
SHARES
Share on FacebookShare on Twitter

Polisi y’u Rwanda yaburiye abatwara ibinyabiziga mu mujyi wa Kigali bakagendera mu bisate bishya mu muhanda birangwa na “BUS ONLY”, ivuga ko byagenewe bisi, ibinyabiziga bitwara abantu barenze umunani n’ibinyabiziga ndakumirwa gusa, ko abatabyuhiriza bikururira ibihano.

Kuva tariki ya 2 Ukuboza 2025, mu muhanda uva kuri gare yo mu mujyi ahzwi nka ‘downtown’, ukamanuka Peyaje -Rwandex -Sonatube – Remera watangiye kubahirizwamo gahunda yo guharira igisate kimwe bisi zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange, mu rwego rwo kugira ngo zidatinda mu nzira.

You might also like

Nyanza: Umugore yapfiriye ku cyapa cya Bisi

Amashusho y’umugore uri gukubita umugabo inshyi z’amatwi yarikoroje ku mbuga nkoranyambaga [Video]

Abajura bibye ibikoresho byose by’ikipe y’u Bwongereza

Ni gahunda itarubahirizwa na bose dore ko mu mihanda hari ubwo usanga, imodoka nto cyangwa moto ziri mu gisate cyanditsemo “BUS ONLY”.

Ubutumwa Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, ACP Boniface Rutikanga, yashyize kuri X ku wa 3 Ukuboza 2025, yibukije abakoresha umuhanda bose ko ibisate bishya mu muhanda birangwa na “BUS ONLY”, ari ibyagenewe bisi, ibinyabiziga bitwara abantu barenze umunani n’ibinyabiziga ndakumirwa gusa.

Ati “Nta modoka nto, nta moto, nta n’igare byemerewe kunyuramo. Kutabyubahiriza ni ukwikururira ibihano.”

Guverinoma y’u Rwanda igaragaza ko yiyemeje gukemura ikibazo cyo gutwara abagenzi mu buryo bwa rusange.

Leta yashyizeho sosiyete nshya yitwa Ecofleet Solutions kugira ngo iyobore kandi ihuze imikorere y’uburyo bwo gutwara abantu mu Mujyi wa Kigali.

Uburyo bwatangiye buteganya ko imodoka izajya imara iminota itarenze 10 muri gare, ihagita ihagurukana abagenzi ifite idategeje ko buzura ndetse ku cyapa na bwo imodoka ntihamare iminota irenze itatu mu rwego rwo kwihutisha abagenzi.

Previous Post

Urubanza ruregwamo Djihad, Pappy Nesta na Ishimwe François Xavier rwasubitswe

Next Post

U Rwanda na RDC basinyanye amasezerano y’amahoro

OMEGA BOY

OMEGA BOY

Related Posts

Nyanza: Umugore yapfiriye ku cyapa cya Bisi
Amakuru

Nyanza: Umugore yapfiriye ku cyapa cya Bisi

by OMEGA BOY
June 13, 2026
Amashusho y’umugore uri gukubita umugabo inshyi z’amatwi yarikoroje ku mbuga nkoranyambaga [Video]
Amakuru

Amashusho y’umugore uri gukubita umugabo inshyi z’amatwi yarikoroje ku mbuga nkoranyambaga [Video]

by OMEGA BOY
June 13, 2026
Abajura bibye ibikoresho byose by’ikipe y’u Bwongereza
Amakuru

Abajura bibye ibikoresho byose by’ikipe y’u Bwongereza

by OMEGA BOY
June 13, 2026
Indege ya Papa Leo yagize ikibazo bituma atira iy’Umwami wa Espagne
Amakuru

Indege ya Papa Leo yagize ikibazo bituma atira iy’Umwami wa Espagne

by OMEGA BOY
June 13, 2026
Iran yemeje ko Amerika nishaka intambara nabo bazayirwana
Amakuru

Iran yemeje ko Amerika nishaka intambara nabo bazayirwana

by OMEGA BOY
June 13, 2026
Next Post
U Rwanda na RDC basinyanye amasezerano y’amahoro

U Rwanda na RDC basinyanye amasezerano y'amahoro

Please login to join discussion

Recommended

FERWAFA yahagaritse umusifuzi wanze igitego APR FC  yatsinze Rutsiro FC

FERWAFA yahagaritse umusifuzi wanze igitego APR FC yatsinze Rutsiro FC

November 6, 2025
Ngoma: Umwarimu yibye umuceri utetse

Ngoma: Umwarimu yibye umuceri utetse

November 8, 2025

Categories

  • AKAZI
  • Amakuru
  • Amatangazo
  • Business
  • Entertainment
  • Imikino
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • Siporo
  • Uburezi
  • Uncategorized
  • UTUNTU N'UTUNDI

Don't miss it

Nyanza: Umugore yapfiriye ku cyapa cya Bisi
Amakuru

Nyanza: Umugore yapfiriye ku cyapa cya Bisi

June 13, 2026
Amashusho y’umugore uri gukubita umugabo inshyi z’amatwi yarikoroje ku mbuga nkoranyambaga [Video]
Amakuru

Amashusho y’umugore uri gukubita umugabo inshyi z’amatwi yarikoroje ku mbuga nkoranyambaga [Video]

June 13, 2026
Abajura bibye ibikoresho byose by’ikipe y’u Bwongereza
Amakuru

Abajura bibye ibikoresho byose by’ikipe y’u Bwongereza

June 13, 2026
Itangazo ry’akazi rireba buri muntu wese wifuza kwinjira muri DASSO mu mujyi wa Kigali – Deadline 21/06/2026
Amatangazo

Itangazo ry’akazi rireba buri muntu wese wifuza kwinjira muri DASSO mu mujyi wa Kigali – Deadline 21/06/2026

June 13, 2026
Indege ya Papa Leo yagize ikibazo bituma atira iy’Umwami wa Espagne
Amakuru

Indege ya Papa Leo yagize ikibazo bituma atira iy’Umwami wa Espagne

June 13, 2026
Itsinda rya Vestine na Dorcas ryatandukanye na M Irene wari umujyanama waryo
IMYIDAGADURO

Itsinda rya Vestine na Dorcas ryatandukanye na M Irene wari umujyanama waryo

June 13, 2026

Categories

  • AKAZI
  • Amakuru
  • Amatangazo
  • Business
  • Entertainment
  • Imikino
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • Siporo
  • Uburezi
  • Uncategorized
  • UTUNTU N'UTUNDI

Recent News

Nyanza: Umugore yapfiriye ku cyapa cya Bisi

Nyanza: Umugore yapfiriye ku cyapa cya Bisi

June 13, 2026
Amashusho y’umugore uri gukubita umugabo inshyi z’amatwi yarikoroje ku mbuga nkoranyambaga [Video]

Amashusho y’umugore uri gukubita umugabo inshyi z’amatwi yarikoroje ku mbuga nkoranyambaga [Video]

June 13, 2026

© 2025 IGIKA TV | All Right Reserved

No Result
View All Result
  • Amakuru
  • Siporo
  • Uburezi
  • Imikino
  • AKAZI
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 IGIKA TV | All Right Reserved

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password? Sign Up

Create New Account!

Fill the forms below to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In