• Amakuru
  • Siporo
  • Uburezi
  • Imikino
  • AKAZI
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
IGIKA TV
  • Amakuru
  • Siporo
  • Uburezi
  • Imikino
  • AKAZI
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
IGIKA TV
No Result
View All Result

RIB iri mu myiteguro yo gushinga ikipe y’umupira w’amaguru

OMEGA BOY by OMEGA BOY
August 20, 2025
in Amakuru
437 13
0
RIB iri mu myiteguro yo gushinga ikipe y’umupira w’amaguru
623
SHARES
Share on FacebookShare on Twitter

Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, Dr. Murangira B. Thierry, yateguje ko urwo rwego rugiye gutangiza ikipe ya ruhago, ahamya ko bari gukusanya ibyangombwa kugira ngo itangire mu minsi ya vuba.

Yabikomojeho mu minsi ishize ubwo yari yitabiriye igitaramo cya ‘MTN Iwacu Muzika Festival’ mu rwego rw’ubukangurambaga barimo bwo gukangurira abantu kwima amatwi ababashuka bakabacucura utwabo.

You might also like

Iran yemeje ko Amerika nishaka intambara nabo bazayirwana

Amasaha yo gufungwa utubari, utubyiniro na restaurant yongerewe

Burera: Umunyeshuri yishwe na bagenzi be

Ubwo yari abajijwe ku makuru yari amaze iminsi avugwa ko RIB iri mu myiteguro yo gushinga ikipe ya ruhago, yagize ati “Yego iraje vuba aha, turi mu myiteguro twegeranya ibisabwa byose.”

Bijyanye n’uko bari mu myiteguro yo gushinga iyi kipe bateganya kwinjiza muri shampiyona ya ruhago mu Rwanda, nta byinshi Umuvugizi wa RIB yashatse kuvuga ku gihe izatangirira.

Dr. Murangira yavuze ko iyi kipe izashingwa mu rwego rwo gukomeza kwiyegereza urubyiruko no kurugezaho ubutumwa butandukanye bujyanye n’ubukangurambaga baba bafite.

Ati “Ahantu hose hashoboka haduhuza n’urubyiruko tuzahagana, aho bitazadukundira wenda bizaba bitewe n’izindi nshingano. Urubyiruko ni imbaraga z’igihugu ariko turusanga mu byaha bitandukanye, gusa ntabwo twifuza gukomeza kurubona mu byaha.”

Mu bitaramo bya MTN Iwacu Muzika Festival, Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha rwabyitabiriye mu rwego rw’ubukangurambaga bwo gusaba abantu kwima amatwi abambuzi babacucura utwabo bakoresheje telefoni.

Ni abatekamutwe Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha ‘RIB’ rwagaragaje ko badukanye amayeri mashya bityo Dr. Murangira yongera gusaba ko abantu bakwiye gushishoza ndetse bakima amatwi abo bajura.

Isoko: IGIHE

Previous Post

Muhanga: Polisi yafashe Umugabo ukekwaho kwiba ikimasa

Next Post

Rusizi: Umubyeyi yatemye umwana we bapfa isambu

OMEGA BOY

OMEGA BOY

Related Posts

Iran yemeje ko Amerika nishaka intambara nabo bazayirwana
Amakuru

Iran yemeje ko Amerika nishaka intambara nabo bazayirwana

by OMEGA BOY
June 13, 2026
Amasaha yo gufungwa utubari, utubyiniro na restaurant yongerewe
Amakuru

Amasaha yo gufungwa utubari, utubyiniro na restaurant yongerewe

by OMEGA BOY
June 12, 2026
Burera: Umunyeshuri yishwe na bagenzi be
Amakuru

Burera: Umunyeshuri yishwe na bagenzi be

by OMEGA BOY
June 12, 2026
Abanyeshuri 8 b’abanyamahanga birukanwe ku butaka bw’u Rwanda bazira urugomo
Amakuru

Abanyeshuri 8 b’abanyamahanga birukanwe ku butaka bw’u Rwanda bazira urugomo

by ISHIMWE MOISE
June 11, 2026
Mexique & Canada: Hazatangwa udukingirizo tw’ubuntu mu gikombe cy’Isi
Amakuru

Mexique & Canada: Hazatangwa udukingirizo tw’ubuntu mu gikombe cy’Isi

by OMEGA BOY
June 11, 2026
Next Post
Rusizi: Umubyeyi yatemye umwana we bapfa isambu

Rusizi: Umubyeyi yatemye umwana we bapfa isambu

Please login to join discussion

Recommended

RDC: Abakozi bahejeje indege ya Tshisekedi mu kirere bahuye n’akaga

RDC: Abakozi bahejeje indege ya Tshisekedi mu kirere bahuye n’akaga

September 11, 2025
ITANGAZO RIJYANYE NA GAHUNDA Y’INGENDO Z’ABANYESHURI BIGA BACUMBIKIWE MU MASHURI AHEREREYE MU KARERE KA MUSANZE NA RULINDO

ITANGAZO RIJYANYE NA GAHUNDA Y’INGENDO Z’ABANYESHURI BIGA BACUMBIKIWE MU MASHURI AHEREREYE MU KARERE KA MUSANZE NA RULINDO

September 3, 2025

Categories

  • AKAZI
  • Amakuru
  • Amatangazo
  • Business
  • Entertainment
  • Imikino
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • Siporo
  • Uburezi
  • Uncategorized
  • UTUNTU N'UTUNDI

Don't miss it

Itsinda rya Vestine na Dorcas ryatandukanye na M Irene wari umujyanama waryo
IMYIDAGADURO

Itsinda rya Vestine na Dorcas ryatandukanye na M Irene wari umujyanama waryo

June 13, 2026
Iran yemeje ko Amerika nishaka intambara nabo bazayirwana
Amakuru

Iran yemeje ko Amerika nishaka intambara nabo bazayirwana

June 13, 2026
Amasaha yo gufungwa utubari, utubyiniro na restaurant yongerewe
Amakuru

Amasaha yo gufungwa utubari, utubyiniro na restaurant yongerewe

June 12, 2026
Burera: Umunyeshuri yishwe na bagenzi be
Amakuru

Burera: Umunyeshuri yishwe na bagenzi be

June 12, 2026
Zari Hassan yatandukanye n’umugabo we
IMYIDAGADURO

Zari Hassan yatandukanye n’umugabo we

June 12, 2026
Abanyeshuri 8 b’abanyamahanga birukanwe ku butaka bw’u Rwanda bazira urugomo
Amakuru

Abanyeshuri 8 b’abanyamahanga birukanwe ku butaka bw’u Rwanda bazira urugomo

June 11, 2026

Categories

  • AKAZI
  • Amakuru
  • Amatangazo
  • Business
  • Entertainment
  • Imikino
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • Siporo
  • Uburezi
  • Uncategorized
  • UTUNTU N'UTUNDI

Recent News

Itsinda rya Vestine na Dorcas ryatandukanye na M Irene wari umujyanama waryo

Itsinda rya Vestine na Dorcas ryatandukanye na M Irene wari umujyanama waryo

June 13, 2026
Iran yemeje ko Amerika nishaka intambara nabo bazayirwana

Iran yemeje ko Amerika nishaka intambara nabo bazayirwana

June 13, 2026

© 2025 IGIKA TV | All Right Reserved

No Result
View All Result
  • Amakuru
  • Siporo
  • Uburezi
  • Imikino
  • AKAZI
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 IGIKA TV | All Right Reserved

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password? Sign Up

Create New Account!

Fill the forms below to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In