• Amakuru
  • Siporo
  • Uburezi
  • Imikino
  • AKAZI
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
IGIKA TV
  • Amakuru
  • Siporo
  • Uburezi
  • Imikino
  • AKAZI
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
IGIKA TV
No Result
View All Result

Uko impanga ebyiri zavutse zifatanye imwe igashaka umugabo mu gihe indi idakozwa iby’urukundo

OMEGA BOY by OMEGA BOY
September 22, 2025
in Amakuru
548 35
0
Uko impanga ebyiri zavutse zifatanye imwe igashaka umugabo mu gihe indi idakozwa iby’urukundo

Umwe afite Umugabo,undi we ntakozwa iby'urukundo

807
SHARES
Share on FacebookShare on Twitter

Carmen na Lupita Andrade, impanga zifatanye ku mubiri z’imyaka 25, bagaragaje uko ubuzima bwabo bwahindutse nyuma y’uko Carmen ashakanye n’umukunzi we w’igihe kirekire, Daniel McCormack.
Carmen yashyingiwe mu Ukwakira 2024, nyuma y’urukundo rwatangiye mu mwaka wa 2020 ubwo bahuriraga ku rubuga rushakirwaho abakunzi “dating app” rwitwa Hinge.

Aba bavandimwe bafatanye ku nda, bakaba bahuje zimwe mu ngingo z’imbere harimo iz’’imyororokere, ibintu bituma abantu benshi bibaza byinshi ku buzima bwabo.

Umwe afite Umugabo,undi we ntakozwa iby’urukundo

You might also like

Ibikubiye mu byemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 8 Kamena 2026

Rwamagana: Abantu batatu barimo abakecuru babiri bafitanye isano bishwe na kanyanga

Donald Trump yananiwe kwihanganira ibibazo yahatwaga n’umunyamakuru ahitamo kwivumbura ava mu kiganiro kitarangiye

Nubwo Carmen yishimira ishyingirwa rye, Lupita we yavuze kenshi ko yihariye nk’utagira ubushake bwo gukundana (asexual), bityo akaba adafite inyota y’urukundo cyangwa imibonano mpuzabitsina.

Carmen yavuze ko yishimira cyane ishyingirwa rye, kandi ko uburyo Daniel amufata nk’umuntu ku giti cye ari ikintu cyihariye atigeze abonera ahandi.

Daniel w’imyaka 28, nawe yasubije abamutunze agatoki, ati: “Abantu benshi bagira amatsiko y’iby’imibonano mpuzabitsina, ariko mu by’ukuri ibyo ntibibareba na gato.”

Carmen na Lupita bakomoka muri Mexique ariko bakuriye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Lupita ashyigikiye cyane urukundo rw’umuvandimwe we, akavuga ko Daniel amufata nk’umuvandimwe.

Carmen yabwiye ikinyamakuru People ati: “Twashyingiwe mu Ukwakira dufatanyije n’imiryango yacu,” agaragaza ibyishimo by’igihe cy’ubukwe bwabereye ku kiraro cya Lover’s Leap Bridge i New Milford muri Connecticut, kandi ashimangira ko asezeranye abyishimiye.

Lupita yongeyeho ati: “Njyewe sinshaka kubana n’umugabo,” agaragaza ko adateganya na rimwe kwinjira mu rukundo rwo gushakana.

Impanga zombi zavuze ko kenshi bahura n’abantu bababaza ibibazo bibasesereza ku bijyanye no gutwita, urukundo n’uburyo babaho, bamwe bakibwira ko kuba basangiye imyanya y’imyororokere bivuze ko bagomba no gusangira urukundo cyangwa ko ubukwe bw’umwe ari ubw’abavandimwe bombi.

Carmen yasobanuye ko abaganga bamwe batinya kubaha ubuvuzi bw’indwara nka endometriosis bitewe n’uko bafatanye ku mubiri, nyamara iyo ndwara igira ingaruka kuri bombi.

Nubwo bahura n’imbogamizi nyinshi no kwibazwaho cyane n’abantu, bombi bemeranyije ko Carmen ari we uzashakana na Daniel mu buryo bwemewe n’amategeko, naho Lupita ahitamo kutabijyamo.

Bongeraho ko Carmen na Daniel batabaho mu buryo bw’imibonano nk’uko benshi babitekereza, ahubwo urukundo rwabo rushingiye ku bumwe, ubucuti n’icyubahiro.

Ku rwego rw’umubiri, basangiye zimwe mu ngingo nka pelvis n’imyanya y’imyororokere, ariko buri wese afite umutima we, amara ye n’ubuhumekero bwe. Carmen kandi yamaze gusanganwa indwara ya endometriosis, igira ingaruka kuri bombi.

Uretse ibyo, babasha no kwiteza imbere binyuze mu gusangiza ubuzima bwabo ku mbuga nkoranyambaga no gukorana n’ibigo bitandukanye nk’uko bitangazwa n’ikinyamakuru Mirror.

Previous Post

Abanyeshuri bangiwe kureba umupira wa Manchester City na Arsenal bahita batwika ikigo cyose

Next Post

Weasel na Teta Sandra bongeye gukozanyaho[Video]

OMEGA BOY

OMEGA BOY

Related Posts

Ibikubiye mu byemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 8 Kamena 2026
Amakuru

Ibikubiye mu byemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 8 Kamena 2026

by OMEGA BOY
June 9, 2026
Rwamagana: Abantu batatu barimo abakecuru babiri bafitanye isano bishwe na kanyanga
Amakuru

Rwamagana: Abantu batatu barimo abakecuru babiri bafitanye isano bishwe na kanyanga

by OMEGA BOY
June 8, 2026
Donald Trump yananiwe kwihanganira ibibazo yahatwaga n’umunyamakuru ahitamo kwivumbura ava mu kiganiro kitarangiye
Amakuru

Donald Trump yananiwe kwihanganira ibibazo yahatwaga n’umunyamakuru ahitamo kwivumbura ava mu kiganiro kitarangiye

by OMEGA BOY
June 8, 2026
RwandAir yasubitse ingendo zijya n’iziva i Doha na Dubai
Amakuru

RwandAir yahagaritse gutwara abagenzi bava muri Sudani y’Epfo, Uganda na RDC bajya muri UAE kubera Ebola

by OMEGA BOY
June 7, 2026
Nyirabagande Drocelle wamamaye nka ‘Langwida’ mu ikinamico Urunana yitabye Imana
Amakuru

Nyirabagande Drocelle wamamaye nka ‘Langwida’ mu ikinamico Urunana yitabye Imana

by OMEGA BOY
June 7, 2026
Next Post
Weasel na Teta Sandra bongeye gukozanyaho[Video]

Weasel na Teta Sandra bongeye gukozanyaho[Video]

Please login to join discussion

Recommended

Nyarugenge: Polisi yataye muri yombi abagabo babiri bari bagiye kuvunjisha amadorari y’amahimbano

Nyarugenge: Polisi yataye muri yombi abagabo babiri bari bagiye kuvunjisha amadorari y’amahimbano

January 15, 2026
Nyarugenge: Abantu baherutse kugaragara mu mashusho bakubitira umuturage ku Kagali batawe muri yombi

Huye: Abantu bane barimo umukozi w’umurenge, uhagarariye DASSO n’umukozi wa NGALI batawe muri yombi bakekwaho kwica umuntu

December 19, 2025

Categories

  • AKAZI
  • Amakuru
  • Amatangazo
  • Business
  • Entertainment
  • Imikino
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • Siporo
  • Uburezi
  • Uncategorized
  • UTUNTU N'UTUNDI

Don't miss it

Ibikubiye mu byemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 8 Kamena 2026
Amakuru

Ibikubiye mu byemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 8 Kamena 2026

June 9, 2026
Rwamagana: Abantu batatu barimo abakecuru babiri bafitanye isano bishwe na kanyanga
Amakuru

Rwamagana: Abantu batatu barimo abakecuru babiri bafitanye isano bishwe na kanyanga

June 8, 2026
Donald Trump yananiwe kwihanganira ibibazo yahatwaga n’umunyamakuru ahitamo kwivumbura ava mu kiganiro kitarangiye
Amakuru

Donald Trump yananiwe kwihanganira ibibazo yahatwaga n’umunyamakuru ahitamo kwivumbura ava mu kiganiro kitarangiye

June 8, 2026
Umuhanzi Kirikou Akili ararembye
IMYIDAGADURO

Umuhanzi Kirikou Akili ararembye

June 8, 2026
RwandAir yasubitse ingendo zijya n’iziva i Doha na Dubai
Amakuru

RwandAir yahagaritse gutwara abagenzi bava muri Sudani y’Epfo, Uganda na RDC bajya muri UAE kubera Ebola

June 7, 2026
Nyirabagande Drocelle wamamaye nka ‘Langwida’ mu ikinamico Urunana yitabye Imana
Amakuru

Nyirabagande Drocelle wamamaye nka ‘Langwida’ mu ikinamico Urunana yitabye Imana

June 7, 2026

Categories

  • AKAZI
  • Amakuru
  • Amatangazo
  • Business
  • Entertainment
  • Imikino
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • Siporo
  • Uburezi
  • Uncategorized
  • UTUNTU N'UTUNDI

Recent News

Ibikubiye mu byemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 8 Kamena 2026

Ibikubiye mu byemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 8 Kamena 2026

June 9, 2026
Rwamagana: Abantu batatu barimo abakecuru babiri bafitanye isano bishwe na kanyanga

Rwamagana: Abantu batatu barimo abakecuru babiri bafitanye isano bishwe na kanyanga

June 8, 2026

© 2025 IGIKA TV | All Right Reserved

No Result
View All Result
  • Amakuru
  • Siporo
  • Uburezi
  • Imikino
  • AKAZI
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 IGIKA TV | All Right Reserved

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password? Sign Up

Create New Account!

Fill the forms below to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In