• Amakuru
  • Siporo
  • Uburezi
  • Imikino
  • AKAZI
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
IGIKA TV
  • Amakuru
  • Siporo
  • Uburezi
  • Imikino
  • AKAZI
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
IGIKA TV
No Result
View All Result

Zambia: Abagore bashaka kwiyamamariza kuba abadepite bari gusabwa ruswa y’igitsina

OMEGA BOY by OMEGA BOY
March 18, 2026
in Amakuru
459 15
0
Zambia: Abagore bashaka kwiyamamariza kuba abadepite bari gusabwa ruswa y’igitsina
656
SHARES
Share on FacebookShare on Twitter

Umuyobozi ushinzwe ishami ry’uburinganire mu biro bya Perezida wa Zambia, Mainga Kabika, yatangaje ko bamwe mu bayobozi b’amashyaka bari gusaba abagore kubaha ruswa y’igitsina kugira ngo babatoranye mu baziyamamaza mu matora rusange ateganyijwe mu 2026.

Kabika yahishuriye aya makuru mu kiganiro yagiranye n’abashinjacyaha ku wa 17 Werurwe 2026, agaragaza ko bamwe mu bagore bahuye n’iki kibazo babimumenyesheje.

You might also like

Abajura bibye ibikoresho byose by’ikipe y’u Bwongereza

Indege ya Papa Leo yagize ikibazo bituma atira iy’Umwami wa Espagne

Iran yemeje ko Amerika nishaka intambara nabo bazayirwana

Yagize ati “Ndabahamiriza ko ndi kwakira ubutumwa bwinshi, bumwe muri bwo burabitse…bari kuvuga ko bari gusabwa igitsina kugira ngo bemezwe nk’abakandida, kandi ibi si ibyo kwihanganirwa.”

Uyu muyobozi yasabye abagore bose basabwe ruswa y’igitsina kugira ngo bazashyigikirwe n’amashyaka yabo ko batanga ikirego kugira ngo ikibazo cyabo gikurikiranwe.

Mu Nteko Ishinga Amategeko ya Zambia, 15% ni abagore. Mu mwaka ushize, mu bayobozi b’inzego za Leta, 28% bari abagore mu gihe mu bigo by’ishoramari 36 bya Leta, bitanu ari byo byayoborwaga n’abagore.

Umuyobozi w’umuryango uharanira uburinganire muri Zambia, Beauty Katebe, yatangaje ko ikibazo cya ruswa y’igitsina gihangayikishije cyane, kandi ko gica intege abagore bashaka kujya muri politiki.

Ati “Iki kibazo kirakomeye cyane kuko gica intege abagore benshi bashaka kwinjira muri politiki, cyane cyane abashaka kuba abakandida.”

Tariki ya 13 Kanama 2026, muri Zambia hazaba amatora y’Umukuru w’Igihugu, ay’abagize Inteko Ishinga Amategeko n’ay’abayobozi bo mu nzego z’ibanze.

Previous Post

Umuyobozi w’urwego rushinzwe kurwanya iterabwoba muri Amerika yeguye ku nshingano, avuga ko adashyigikiye ibitero bigabwa kuri Iran

Next Post

Igikombe cy’Isi cya 2026 kizaca kuri YouTube

OMEGA BOY

OMEGA BOY

Related Posts

Abajura bibye ibikoresho byose by’ikipe y’u Bwongereza
Amakuru

Abajura bibye ibikoresho byose by’ikipe y’u Bwongereza

by OMEGA BOY
June 13, 2026
Indege ya Papa Leo yagize ikibazo bituma atira iy’Umwami wa Espagne
Amakuru

Indege ya Papa Leo yagize ikibazo bituma atira iy’Umwami wa Espagne

by OMEGA BOY
June 13, 2026
Iran yemeje ko Amerika nishaka intambara nabo bazayirwana
Amakuru

Iran yemeje ko Amerika nishaka intambara nabo bazayirwana

by OMEGA BOY
June 13, 2026
Amasaha yo gufungwa utubari, utubyiniro na restaurant yongerewe
Amakuru

Amasaha yo gufungwa utubari, utubyiniro na restaurant yongerewe

by OMEGA BOY
June 12, 2026
Burera: Umunyeshuri yishwe na bagenzi be
Amakuru

Burera: Umunyeshuri yishwe na bagenzi be

by OMEGA BOY
June 12, 2026
Next Post
Igikombe cy’Isi cya 2026 kizaca kuri YouTube

Igikombe cy’Isi cya 2026 kizaca kuri YouTube

Please login to join discussion

Recommended

Deputy Chief of Staff of the Israeli Army resigns

Deputy Chief of Staff of the Israeli Army resigns

January 11, 2025
Burera: Polisi y’u Rwanda yataye muri yombi umugabo warumaze kwambutsa umupaka umufuka w’urumogi

Burera: Polisi y’u Rwanda yataye muri yombi umugabo warumaze kwambutsa umupaka umufuka w’urumogi

November 4, 2025

Categories

  • AKAZI
  • Amakuru
  • Amatangazo
  • Business
  • Entertainment
  • Imikino
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • Siporo
  • Uburezi
  • Uncategorized
  • UTUNTU N'UTUNDI

Don't miss it

Abajura bibye ibikoresho byose by’ikipe y’u Bwongereza
Amakuru

Abajura bibye ibikoresho byose by’ikipe y’u Bwongereza

June 13, 2026
Itangazo ry’akazi rireba buri muntu wese wifuza kwinjira muri DASSO mu mujyi wa Kigali – Deadline 21/06/2026
Amatangazo

Itangazo ry’akazi rireba buri muntu wese wifuza kwinjira muri DASSO mu mujyi wa Kigali – Deadline 21/06/2026

June 13, 2026
Indege ya Papa Leo yagize ikibazo bituma atira iy’Umwami wa Espagne
Amakuru

Indege ya Papa Leo yagize ikibazo bituma atira iy’Umwami wa Espagne

June 13, 2026
Itsinda rya Vestine na Dorcas ryatandukanye na M Irene wari umujyanama waryo
IMYIDAGADURO

Itsinda rya Vestine na Dorcas ryatandukanye na M Irene wari umujyanama waryo

June 13, 2026
Iran yemeje ko Amerika nishaka intambara nabo bazayirwana
Amakuru

Iran yemeje ko Amerika nishaka intambara nabo bazayirwana

June 13, 2026
Amasaha yo gufungwa utubari, utubyiniro na restaurant yongerewe
Amakuru

Amasaha yo gufungwa utubari, utubyiniro na restaurant yongerewe

June 12, 2026

Categories

  • AKAZI
  • Amakuru
  • Amatangazo
  • Business
  • Entertainment
  • Imikino
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • Siporo
  • Uburezi
  • Uncategorized
  • UTUNTU N'UTUNDI

Recent News

Abajura bibye ibikoresho byose by’ikipe y’u Bwongereza

Abajura bibye ibikoresho byose by’ikipe y’u Bwongereza

June 13, 2026
Itangazo ry’akazi rireba buri muntu wese wifuza kwinjira muri DASSO mu mujyi wa Kigali – Deadline 21/06/2026

Itangazo ry’akazi rireba buri muntu wese wifuza kwinjira muri DASSO mu mujyi wa Kigali – Deadline 21/06/2026

June 13, 2026

© 2025 IGIKA TV | All Right Reserved

No Result
View All Result
  • Amakuru
  • Siporo
  • Uburezi
  • Imikino
  • AKAZI
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 IGIKA TV | All Right Reserved

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password? Sign Up

Create New Account!

Fill the forms below to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In