• Amakuru
  • Siporo
  • Uburezi
  • Imikino
  • AKAZI
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
IGIKA TV
  • Amakuru
  • Siporo
  • Uburezi
  • Imikino
  • AKAZI
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
IGIKA TV
No Result
View All Result

Kenya: Sitasiyo z’ibikomoka kuri peteroli zatangiye kugabanya ingano zitanga

OMEGA BOY by OMEGA BOY
March 20, 2026
in Amakuru
440 9
0
Kenya: Sitasiyo z’ibikomoka kuri peteroli zatangiye kugabanya ingano zitanga
622
SHARES
Share on FacebookShare on Twitter

Abaturage bo muri kenya Kenya bo mu bice bimwe na bimwe batangiye guhura n’ikibazo cyo kubura ibikomoka kuri peteroli nyuma y’uko sitasiyo zimwe zatangiye kugabanya ingano zitanga.

Intambara Iran ihanganyemo na Israel ifatanyije na Leta Zunze Ubumwe za Amerika bikomeje guteza ikibazo muri bihugu bitandukanye ku Isi birimo na Kenya kubera ko bamwe mu binjiza ibikomoka kuri peteroli muri iki gihugu bagaragaza ko yabashiranye ndetse ko hatagize igikorwa ngo iyatumijwe ihagerere igihe iki kibazo gishobora gukomera cyane.

You might also like

Iran yemeje ko Amerika nishaka intambara nabo bazayirwana

Amasaha yo gufungwa utubari, utubyiniro na restaurant yongerewe

Burera: Umunyeshuri yishwe na bagenzi be

Umuyobozi w’Ihuriro ry’abacuruza ibikomoka kuri peteroli muri Kenya, Martin Chomba, yabwiye Bloomberg ko ibice by’ibyaro biri guhura n’ingaruka zikomeye z’ubuke bw’ibikomoka kuri peteroli.

Yagaragaje ko hari sitasiyo nyinshi zo mu bice by’icyaro byo muri Kenya zamaze gufunga kubera kubura ibikomoka kuri peteroli.

Ati “Ibigo bikomeye byinjiza lisansi muri Kenya biri kugabanya ingano y’ibyinjizwa ndetse bamwe mu bayicuruza mu bice by’icyaro bari guhura n’imbogamizi z’uko yabashiranye.”

Igabanyuka ry’ibikomoka kuri peteroli muri Kenya biteganyijwe ko bishobora kugira ingaruka ku bukungu bw’iki gihugu cyane cyane mu nzego z’ubwikorezi, ubucuruzi n’ibiciro by’ibiribwa bikazamuka cyane.

Inzobere mu bukungu zigaragaza ko haramutse habayeho ikibazo cy’uko ubwato butwaye ibikomoka kuri peteroli bukererwaho gato kubera intambara yo muri Iran bishobora gutuma Kenya yinjira mu bihe bidasanzwe.

Previous Post

Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo yatangaje ko kuwa Gatanu tariki 20 Werurwe 2026 ari umunsi w’ikiruhuko mu rwego rwo kwizihiza umunsi mukuru wa Eidil Fitri

Next Post

Nyabihu: Umunyeshuri yakuyemo inda y’amezi arindwi

OMEGA BOY

OMEGA BOY

Related Posts

Iran yemeje ko Amerika nishaka intambara nabo bazayirwana
Amakuru

Iran yemeje ko Amerika nishaka intambara nabo bazayirwana

by OMEGA BOY
June 13, 2026
Amasaha yo gufungwa utubari, utubyiniro na restaurant yongerewe
Amakuru

Amasaha yo gufungwa utubari, utubyiniro na restaurant yongerewe

by OMEGA BOY
June 12, 2026
Burera: Umunyeshuri yishwe na bagenzi be
Amakuru

Burera: Umunyeshuri yishwe na bagenzi be

by OMEGA BOY
June 12, 2026
Abanyeshuri 8 b’abanyamahanga birukanwe ku butaka bw’u Rwanda bazira urugomo
Amakuru

Abanyeshuri 8 b’abanyamahanga birukanwe ku butaka bw’u Rwanda bazira urugomo

by ISHIMWE MOISE
June 11, 2026
Mexique & Canada: Hazatangwa udukingirizo tw’ubuntu mu gikombe cy’Isi
Amakuru

Mexique & Canada: Hazatangwa udukingirizo tw’ubuntu mu gikombe cy’Isi

by OMEGA BOY
June 11, 2026
Next Post
Nyabihu: Umunyeshuri yakuyemo inda y’amezi arindwi

Nyabihu: Umunyeshuri yakuyemo inda y'amezi arindwi

Please login to join discussion

Recommended

Ese wari uzi ko ubwonko bw’umuntu bushobora kubika amakuru arenze ayo ari muri mudasobwa nyinshi?

Ese wari uzi ko ubwonko bw’umuntu bushobora kubika amakuru arenze ayo ari muri mudasobwa nyinshi?

February 26, 2026
Perezida wa Sénégal, Bassirou Diomaye Faye yageze mu Rwanda

Perezida wa Sénégal, Bassirou Diomaye Faye yageze mu Rwanda

October 17, 2025

Categories

  • AKAZI
  • Amakuru
  • Amatangazo
  • Business
  • Entertainment
  • Imikino
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • Siporo
  • Uburezi
  • Uncategorized
  • UTUNTU N'UTUNDI

Don't miss it

Itsinda rya Vestine na Dorcas ryatandukanye na M Irene wari umujyanama waryo
IMYIDAGADURO

Itsinda rya Vestine na Dorcas ryatandukanye na M Irene wari umujyanama waryo

June 13, 2026
Iran yemeje ko Amerika nishaka intambara nabo bazayirwana
Amakuru

Iran yemeje ko Amerika nishaka intambara nabo bazayirwana

June 13, 2026
Amasaha yo gufungwa utubari, utubyiniro na restaurant yongerewe
Amakuru

Amasaha yo gufungwa utubari, utubyiniro na restaurant yongerewe

June 12, 2026
Burera: Umunyeshuri yishwe na bagenzi be
Amakuru

Burera: Umunyeshuri yishwe na bagenzi be

June 12, 2026
Zari Hassan yatandukanye n’umugabo we
IMYIDAGADURO

Zari Hassan yatandukanye n’umugabo we

June 12, 2026
Abanyeshuri 8 b’abanyamahanga birukanwe ku butaka bw’u Rwanda bazira urugomo
Amakuru

Abanyeshuri 8 b’abanyamahanga birukanwe ku butaka bw’u Rwanda bazira urugomo

June 11, 2026

Categories

  • AKAZI
  • Amakuru
  • Amatangazo
  • Business
  • Entertainment
  • Imikino
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • Siporo
  • Uburezi
  • Uncategorized
  • UTUNTU N'UTUNDI

Recent News

Itsinda rya Vestine na Dorcas ryatandukanye na M Irene wari umujyanama waryo

Itsinda rya Vestine na Dorcas ryatandukanye na M Irene wari umujyanama waryo

June 13, 2026
Iran yemeje ko Amerika nishaka intambara nabo bazayirwana

Iran yemeje ko Amerika nishaka intambara nabo bazayirwana

June 13, 2026

© 2025 IGIKA TV | All Right Reserved

No Result
View All Result
  • Amakuru
  • Siporo
  • Uburezi
  • Imikino
  • AKAZI
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 IGIKA TV | All Right Reserved

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password? Sign Up

Create New Account!

Fill the forms below to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In