• Amakuru
  • Siporo
  • Uburezi
  • Imikino
  • AKAZI
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
IGIKA TV
  • Amakuru
  • Siporo
  • Uburezi
  • Imikino
  • AKAZI
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
IGIKA TV
No Result
View All Result

Ese waruziko ibinini bya Viagra abagabo bakunze gukoresha mu kongera akanyabugabo bishobora kubarinda kurwara indwara z’amaso?

OMEGA BOY by OMEGA BOY
May 9, 2026
in Amakuru
551 5
0
Ese waruziko ibinini bya Viagra abagabo bakunze gukoresha mu kongera akanyabugabo bishobora kubarinda kurwara indwara z’amaso?
770
SHARES
Share on FacebookShare on Twitter

Ubushakashatsi bwakozwe na Kaminuza ya Miami muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, bwagaragaje ko abagabo bafata imiti ibafasha kongera akanyabugabo mu gukora imibonano mpuzabitsina nka Viagra, ishobora kubarinda kurwara indwara zibasira amaso nka glaucoma itera ubuhumyi.

Ni ubushakashatsi bwakorewe ku bagabo ibihumbi 74 bari hejuru y’imyaka 40, barimo ibihumbi 41 bakoreshaga iyo miti mu buryo buhoraho.

You might also like

Ibikubiye mu byemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 8 Kamena 2026

Rwamagana: Abantu batatu barimo abakecuru babiri bafitanye isano bishwe na kanyanga

Donald Trump yananiwe kwihanganira ibibazo yahatwaga n’umunyamakuru ahitamo kwivumbura ava mu kiganiro kitarangiye

Ubu bushakashatsi bwakurikiranye aba bagabo mu gihe cy’imyaka itatu, bwagaragaje ko abanywa viagra bafite amahirwe 24% yo kutarwara glaucoma ugererenyije na bagenzi babo batanywa iyo miti.

Glaucoma ni uburwayi bufata ku mutsi ujyana amashusho ku bwonko (optic nerve) ndetse butavuwe kare buteza ubuhumyi bwa burundu.

Ubu bushakashatsi bugaragaza ko iyi miti itera akanyabugabo irinda abagabo kurwara iyi ndwara ya glaucoma binyuze mu gutuma amaraso atembera neza mu bwonko no mu jisho.

Uwakoze ubu bushakashatsi, Dr Felipe Medeiros, yavuze ko n’ubwo iyo miti hari ibindi yagenewe ariko ifite akamaro gakomeye.

Ati “N’ubwo iyi miti yandikirwa abantu bafite ibibazo by’akanyabugabo ariko ibimenyetso by’uko ifite akandi kamaro bikomeje kwiyongera.”

Dr Medeiros yavuze ko ubundi bushakashatsi bwagaragaje ko iyi miti ishobora kurinda abantu izindi ndwara nka Raynaud itera kwifunga kw’imitsi mito yo mu ntoki no mu mano, indwara ya cystic fibrosis itera ibintu bimeze nk’ibimyira mu bihaha n’ahandi, n’izindi.

Ikigo gikora ubushakashatsi kuri Glaucoma, Glaucoma Research Foundation, cyagaragaje ko muri Amerika habarurwa abantu barenga miliyoni enye bafite ubu burwayi, ko umwe mu bantu ibihumbi 10 bavutse muri Amerika avukana ubu burwayi.

Iki kigo kandi cyagaragaje ko 12% y’abantu bagira ibibazo by’ubuhumyi biba byaturutse kuri iyi ndwara ndetse abenshi babimenya batinze kuko nta bimenyetso igaragaza.

Previous Post

Corneille Nangaa wa AFC/M23 yibukije Tshisekedi ko iminsi asigaje ku butegetsi ibaze, amuburira ko umugambi afite wo kuvugurura Itegeko Nshinga utazamuhira

Next Post

Karongi: Gitifu w’Akagali yasanzwe mu mugezi yapfuye

OMEGA BOY

OMEGA BOY

Related Posts

Ibikubiye mu byemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 8 Kamena 2026
Amakuru

Ibikubiye mu byemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 8 Kamena 2026

by OMEGA BOY
June 9, 2026
Rwamagana: Abantu batatu barimo abakecuru babiri bafitanye isano bishwe na kanyanga
Amakuru

Rwamagana: Abantu batatu barimo abakecuru babiri bafitanye isano bishwe na kanyanga

by OMEGA BOY
June 8, 2026
Donald Trump yananiwe kwihanganira ibibazo yahatwaga n’umunyamakuru ahitamo kwivumbura ava mu kiganiro kitarangiye
Amakuru

Donald Trump yananiwe kwihanganira ibibazo yahatwaga n’umunyamakuru ahitamo kwivumbura ava mu kiganiro kitarangiye

by OMEGA BOY
June 8, 2026
RwandAir yasubitse ingendo zijya n’iziva i Doha na Dubai
Amakuru

RwandAir yahagaritse gutwara abagenzi bava muri Sudani y’Epfo, Uganda na RDC bajya muri UAE kubera Ebola

by OMEGA BOY
June 7, 2026
Nyirabagande Drocelle wamamaye nka ‘Langwida’ mu ikinamico Urunana yitabye Imana
Amakuru

Nyirabagande Drocelle wamamaye nka ‘Langwida’ mu ikinamico Urunana yitabye Imana

by OMEGA BOY
June 7, 2026
Next Post
Karongi: Abagabo babiri bishe umusore wabishyuzaga ibiceri 400 Frw

Karongi: Gitifu w'Akagali yasanzwe mu mugezi yapfuye

Please login to join discussion

Recommended

“Mujye mwoza amenyo ndabinginze” Minisiri w’Ubuzima yibukije Abanyarwanda kwimakaza isuku yo mu kanwa

“Mujye mwoza amenyo ndabinginze” Minisiri w’Ubuzima yibukije Abanyarwanda kwimakaza isuku yo mu kanwa

November 30, 2025
Birakekwa ko u Burusiya aribwo buri guha amakuru Iran kugira ngo ingabo zayo ziyifashishe mu kugaba ibitero ku birindiro by’Abanyamerika

Birakekwa ko u Burusiya aribwo buri guha amakuru Iran kugira ngo ingabo zayo ziyifashishe mu kugaba ibitero ku birindiro by’Abanyamerika

March 7, 2026

Categories

  • AKAZI
  • Amakuru
  • Amatangazo
  • Business
  • Entertainment
  • Imikino
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • Siporo
  • Uburezi
  • Uncategorized
  • UTUNTU N'UTUNDI

Don't miss it

Ibikubiye mu byemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 8 Kamena 2026
Amakuru

Ibikubiye mu byemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 8 Kamena 2026

June 9, 2026
Rwamagana: Abantu batatu barimo abakecuru babiri bafitanye isano bishwe na kanyanga
Amakuru

Rwamagana: Abantu batatu barimo abakecuru babiri bafitanye isano bishwe na kanyanga

June 8, 2026
Donald Trump yananiwe kwihanganira ibibazo yahatwaga n’umunyamakuru ahitamo kwivumbura ava mu kiganiro kitarangiye
Amakuru

Donald Trump yananiwe kwihanganira ibibazo yahatwaga n’umunyamakuru ahitamo kwivumbura ava mu kiganiro kitarangiye

June 8, 2026
Umuhanzi Kirikou Akili ararembye
IMYIDAGADURO

Umuhanzi Kirikou Akili ararembye

June 8, 2026
RwandAir yasubitse ingendo zijya n’iziva i Doha na Dubai
Amakuru

RwandAir yahagaritse gutwara abagenzi bava muri Sudani y’Epfo, Uganda na RDC bajya muri UAE kubera Ebola

June 7, 2026
Nyirabagande Drocelle wamamaye nka ‘Langwida’ mu ikinamico Urunana yitabye Imana
Amakuru

Nyirabagande Drocelle wamamaye nka ‘Langwida’ mu ikinamico Urunana yitabye Imana

June 7, 2026

Categories

  • AKAZI
  • Amakuru
  • Amatangazo
  • Business
  • Entertainment
  • Imikino
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • Siporo
  • Uburezi
  • Uncategorized
  • UTUNTU N'UTUNDI

Recent News

Ibikubiye mu byemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 8 Kamena 2026

Ibikubiye mu byemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 8 Kamena 2026

June 9, 2026
Rwamagana: Abantu batatu barimo abakecuru babiri bafitanye isano bishwe na kanyanga

Rwamagana: Abantu batatu barimo abakecuru babiri bafitanye isano bishwe na kanyanga

June 8, 2026

© 2025 IGIKA TV | All Right Reserved

No Result
View All Result
  • Amakuru
  • Siporo
  • Uburezi
  • Imikino
  • AKAZI
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 IGIKA TV | All Right Reserved

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password? Sign Up

Create New Account!

Fill the forms below to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In