• Amakuru
  • Siporo
  • Uburezi
  • Imikino
  • AKAZI
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
IGIKA TV
  • Amakuru
  • Siporo
  • Uburezi
  • Imikino
  • AKAZI
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
IGIKA TV
No Result
View All Result

ITANGAZO KU BIFUZA KWINJIRA MU NGABO Z’U RWANDA

OMEGA BOY by OMEGA BOY
October 13, 2025
in AKAZI
583 6
0
ITANGAZO KU BIFUZA KWINJIRA MU NGABO Z’U RWANDA
815
SHARES
Share on FacebookShare on Twitter

Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda buramenyesha Abanyarwanda bose bifuza kwinjira mu Ngabo z’u Rwanda ku rwego rwa Ofisiye ko kwiyandikisha ku turere no ku mirenge bizatangira tariki ya 20 Ukwakira kugeza ku ya 11 Ugushyingo 2025.

Abatazabona umwanya wo kwiyandikisha ntibyababuza kuza ku munsi w’ikizamini.

You might also like

Itangazo ry’akazi rireba buri muntu wese wifuza kwinjira muri DASSO mu mujyi wa Kigali – Deadline 21/06/2026

Itangazo: Guhagarika by’agateganyo Serivisi zitangirwa ku biro bya REMA

The National Examinations Timetable for the 2025–2026

Abaziyandikisha ku rwego rwa ba ofisiye baziga umwaka umwe n’imyaka ine bose bagomba kuba bujuje ibi bikurikira:
1
–
Kuba uri Umunyarwanda
Kuba ufite ubuzima buzira umuze
Kuba utarigeze uhamwa n’icyaha
Kuba udakurikiranweho icyaha
Kuba utarirukanwe burundu mu kazi ko mu butegetsi bwa Leta keretse warakorewe ihanagurwabusembwa
Kuba utagaragara ku rutonde rw’ababujijwe kuba abakozi ba Leta
Kuba uri indakemwa mu mico no mu myifatire
Kuba ufite ubushake bwo kwinjira mu Ngabo z’u Rwanda
Ku baziga umwaka umwe bagomba kuba bujuje ibi bikurikira:
–
Kuba utarengeje imyaka 24
–
Kuba wararangije icyiciro cya kabiri cya Kaminuza, ufite impamyabumenyi ya A0
Kuba wararangije icyiciro cya mbere cya Kaminuza IPRC, ufite impamyabumenyi ya Al
Abafite umwihariko ku byo bize nk’abaganga na ba Injeniyeri (Engineers) bagomba kuba batarengeje imyaka 27.

Ku baziga imyaka ine bagomba kuba bujuje ibi bikurikira:
–
Kuba ufite imyaka 18 kandi utarengeje 21
Kuba wararangije amashuri yisumbuye
Kuba witeguye kwiga ishami rimwe riri mu mashami atandukanye ya Kaminuza (UR Gako) ariyo: Social and Military Sciences, Mechanical and Energy Engineering, Computer Engineering, Civil Engineering, General Medicine, Dental Surgery, General Nursing, Pharmacy, Biomedical Laboratory Sciences, Anaesthesia, Medical Imaging Sciences, Clinical Psychology, Mathematics, Physics, Chemistry, Biology, Law.
Abazaba biyandikishije kandi bujuje ibisabwa, baziga amashami yavuzwe haruguru bijyanye n’ibyo bize mu mashuri yisumbuye, kandi bafite amanota atari munsi ya 70% ku bize Sciences, Arts na Literature (Languages), n’amanota 90% ku bize TTC na TVET.
Abaziyandikisha basabwa kwitwaza ibi bikurikira:
Icyemezo cy’amavuko
Indangamuntu
Icyemezo cy’amashuri wize kiriho umukono wa Noteri
Icyemezo cy’ubudakemwa mu mico no mu myifatire gitangwa n’ubuyobozi bw’umurenge Icyemezo cyo kuba utarakatiwe n’inkiko

Abiyandikishije bazakora ibizamini by’ijonjora kuva tariki ya 4 kugeza ku ya 11 Ugushyingo 2025 saa mbiri za mu gitondo aha hakurikira:

Intara y’Amajyaruguru:
Mu karere ka Gicumbi ni tariki ya 4 Ugushyingo kuri Sitade ya Gicumbi
Mu karere ka Burera ni tariki ya 5 Ugushyingo ku biro by’akarere
Mu karere ka Musanze ni tariki ya 6 Ugushyingo kuri Sitade Ubworoherane
Mu karere ka Gakenke ni tariki ya 7 Ugushyingo ku kibuga cy’umupira cya Ngando
Mu karere ka Rulindo ni tariki ya 8 Ugushyingo ku kibuga cya Gasiza

Mu mujyi wa Kigali:

Mu karere ka Nyarugenge ni tariki ya 4 Ugushyingo kuri Sitade ya Kigali i Nyamirambo
Mu karere ka Kicukiro ni tariki ya 5 Ugushyingo kuri Sitade ya IPRC Kicukiro
Mu karere ka Gasabo ni tariki ya 6 Ugushyingo kuri Sitade ya ULK.

Mu ntara y’ Amajyepfo :

Mu karere ka Nyamagabe ni tariki 4 Ugushyingo kuri Sitade ya Nyamagabe
Mu karere ka Nyaruguru ni tariki ya 5 Ugushyingo ku kibuga cy’umupira cya Ndago
Mu karere ka Gisagara ni tariki ya 6 Ugushyingo ku biro by’akarere
Mu karere ka Huye ni tariki ya 7 Ugushyingo kuri Sitade ya Huye
Mu karere ka Nyanza ni tariki ya 8 Ugushyingo kuri Sitade i Nyanza
Mu karere ka Ruhango ni tariki ya 9 Ugushyingo ku biro by’akarere
Mu karere ka Muhanga ni tariki ya 10 Ugushyingo kuri Sitade ya Muhanga
Mu karere ka Kamonyi ni tariki ya 11 Ugushyingo ku biro by’akarere

Mu ntara y’Iburasirazuba :

–
Mu karere ka Kirehe ni tariki ya 4 Ugushyingo ku biro by’ akarere ka Kirehe
Mu karere ka Ngoma ni tariki ya 5 Ugushyingo, ku kibuga cy’umupira cya Ngoma
Mu karere ka Nyagatare ni tariki ya 6 Ugushyingo ku kibuga cy’umupira cya Nyagatare
Mu karere ka Gatsibo ni tariki ya 7 Ugushyingo ku biro by’akarere ka Gatsibo
Mu karere ka Bugesera ni tariki ya 8 Ugushyingo kuri Sitade ya Bugesera
Mu karere ka Kayonza ni tariki ya 9 Ugushyingo ku biro by’ akarere ka Kayonza
Mu karere ka Rwamagana ni tariki 10 Ugushyingo ku biro by’akarere i Rwamagana Mu ntara y’Iburengerazuba:
–
Mu karere ka Rusizi ni tariki ya 4 Ugushyingo kuri Sitade ya Rusizi Mu karere ka Nyamasheke ni tariki ya 5 Ugushyingo ku biro by’akarere Mu karere ka Karongi ni tariki ya 6 Ugushyingo ku biro by’akarere Mu karere ka Rutsiro ni tariki ya 7 Ugushyingo kuri Sitade ya Rutsiro
Mu karere ka Rubavu ni tariki ya 8 Ugushyingo kuri Sitade ya Rubavu
Mu karere ka Nyabihu ni tariki ya 9 Ugushyingo mu kigo cya gisirikare Mukamira Mu karere ka Ngororero ni tariki ya 10 Ugushyingo kuri Sitade Ngororero

Previous Post

Vestine na Dorcas berekeje muri Canada aho bagiye gukorera ibitaramo

Next Post

Miss Muyango yageneye ubutumwa umugabo we Kimenyi Yves ku isabukuru ye, amwibutsa ko azahora ari umwihariko kuri we

OMEGA BOY

OMEGA BOY

Related Posts

Itangazo ry’akazi rireba buri muntu wese wifuza kwinjira muri DASSO mu mujyi wa Kigali – Deadline 21/06/2026
Amatangazo

Itangazo ry’akazi rireba buri muntu wese wifuza kwinjira muri DASSO mu mujyi wa Kigali – Deadline 21/06/2026

by OMEGA BOY
June 13, 2026
Itangazo: Guhagarika by’agateganyo Serivisi zitangirwa ku biro bya REMA
Amatangazo

Itangazo: Guhagarika by’agateganyo Serivisi zitangirwa ku biro bya REMA

by OMEGA BOY
May 6, 2026
The National Examinations Timetable for the 2025–2026
Amatangazo

The National Examinations Timetable for the 2025–2026

by OMEGA BOY
May 5, 2026
NESA yatangaje gahunda y’uko abanyeshuri bazataha bajya mu biruhuko
Amakuru

Itangazo ku ngendo z’abanyeshuri biga bacumbikirwa mu gihe cyo gusubira ku mashuri

by OMEGA BOY
April 10, 2026
Itangazo Rya Cyamunara Y’imitungo Yimukanwa Ya DAI Global UK /public Auction Notice Disposal of Movable Assets – DAI Global UK
Amatangazo

Itangazo Rya Cyamunara Y’imitungo Yimukanwa Ya DAI Global UK /public Auction Notice Disposal of Movable Assets – DAI Global UK

by OMEGA BOY
March 15, 2026
Next Post
Miss Muyango yageneye ubutumwa umugabo we Kimenyi Yves ku isabukuru ye, amwibutsa ko azahora ari umwihariko kuri we

Miss Muyango yageneye ubutumwa umugabo we Kimenyi Yves ku isabukuru ye, amwibutsa ko azahora ari umwihariko kuri we

Please login to join discussion

Recommended

Rayon Sports yahagaritse umutoza warumaze iminsi 137 ahawe akazi

Rayon Sports yahagaritse umutoza warumaze iminsi 137 ahawe akazi

October 13, 2025
Umugabo yagiye gukiza umugore n’umugabo barwanaga birangira ahasize ubuzima

Umugabo yagiye gukiza umugore n’umugabo barwanaga birangira ahasize ubuzima

November 16, 2025

Categories

  • AKAZI
  • Amakuru
  • Amatangazo
  • Business
  • Entertainment
  • Imikino
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • Siporo
  • Uburezi
  • Uncategorized
  • UTUNTU N'UTUNDI

Don't miss it

Nyanza: Umugore yapfiriye ku cyapa cya Bisi
Amakuru

Nyanza: Umugore yapfiriye ku cyapa cya Bisi

June 13, 2026
Amashusho y’umugore uri gukubita umugabo inshyi z’amatwi yarikoroje ku mbuga nkoranyambaga [Video]
Amakuru

Amashusho y’umugore uri gukubita umugabo inshyi z’amatwi yarikoroje ku mbuga nkoranyambaga [Video]

June 13, 2026
Abajura bibye ibikoresho byose by’ikipe y’u Bwongereza
Amakuru

Abajura bibye ibikoresho byose by’ikipe y’u Bwongereza

June 13, 2026
Itangazo ry’akazi rireba buri muntu wese wifuza kwinjira muri DASSO mu mujyi wa Kigali – Deadline 21/06/2026
Amatangazo

Itangazo ry’akazi rireba buri muntu wese wifuza kwinjira muri DASSO mu mujyi wa Kigali – Deadline 21/06/2026

June 13, 2026
Indege ya Papa Leo yagize ikibazo bituma atira iy’Umwami wa Espagne
Amakuru

Indege ya Papa Leo yagize ikibazo bituma atira iy’Umwami wa Espagne

June 13, 2026
Itsinda rya Vestine na Dorcas ryatandukanye na M Irene wari umujyanama waryo
IMYIDAGADURO

Itsinda rya Vestine na Dorcas ryatandukanye na M Irene wari umujyanama waryo

June 13, 2026

Categories

  • AKAZI
  • Amakuru
  • Amatangazo
  • Business
  • Entertainment
  • Imikino
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • Siporo
  • Uburezi
  • Uncategorized
  • UTUNTU N'UTUNDI

Recent News

Nyanza: Umugore yapfiriye ku cyapa cya Bisi

Nyanza: Umugore yapfiriye ku cyapa cya Bisi

June 13, 2026
Amashusho y’umugore uri gukubita umugabo inshyi z’amatwi yarikoroje ku mbuga nkoranyambaga [Video]

Amashusho y’umugore uri gukubita umugabo inshyi z’amatwi yarikoroje ku mbuga nkoranyambaga [Video]

June 13, 2026

© 2025 IGIKA TV | All Right Reserved

No Result
View All Result
  • Amakuru
  • Siporo
  • Uburezi
  • Imikino
  • AKAZI
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 IGIKA TV | All Right Reserved

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password? Sign Up

Create New Account!

Fill the forms below to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In