• Amakuru
  • Siporo
  • Uburezi
  • Imikino
  • AKAZI
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
IGIKA TV
  • Amakuru
  • Siporo
  • Uburezi
  • Imikino
  • AKAZI
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
IGIKA TV
No Result
View All Result

Mutesi Jolly yasubije abibaza aho akura amafaranga

OMEGA BOY by OMEGA BOY
November 2, 2025
in IMYIDAGADURO
545 41
0
Miss Mutesi Jolly yahaye Nel Ngabo na Platin P miliyoni 10 Frw
812
SHARES
Share on FacebookShare on Twitter

Miss Mutesi Jolly uheruka kugura imodoka igura amafaranga asaga miliyoni 350 Frw, yavuze ko abantu bashishikazwa no kumenya aho akura amafaranga, bitabareba bityo bakwiriye gutuza bakamuha agahenge.

Yabigarutseho mu birori bya ‘The Silver Gala’ byateguwe na Sherrie Silver Foundation y’umubyinnyi akaba n’umukinnyi wa filime, Sherrie Silver, ubwo yaganiraga n’itangazamakuru.

You might also like

Itsinda rya Vestine na Dorcas ryatandukanye na M Irene wari umujyanama waryo

Zari Hassan yatandukanye n’umugabo we

Umuhanzi Kirikou Akili ararembye

Aha umunyamakuru yamubajije ati ‘duheruka gutaha imodoka yawe nshya bamwe bayibazaho, bati amafaranga avahe? Ubundi akora iki?’

Undi mu gusubiza yahise agira ati “Aho ayo mafaranga ava ntabwo bibareba. Ntabwo nabibonye ni amateshwa. Ubundi se bibarebaho iki muri rusange? Bihorere.”

Miss Mutesi Jolly ubitse ikamba rya Miss Rwanda 2016, mu minsi ishize nibwo yaguze imodoka iri mu zihenze zikorwa n’uruganda rwa Mercedes-Benz.

Uyu mukobwa yaguze imodoka iri mu bwoko bwa Mercedes-Benz G-Class (izwi nka G-Wagon 63 yo mu 2025). Uraranganyije amaso ku mbuga zitandukanye zerekana ko iyi modoka igura miliyoni zirenga 359 Frw.

Uretse iyi modoka kandi hari amakuru avuga ko, mu minsi yashize yujuje umuturirwa nawo utapfa kwigonderwa na benshi, bafite agatubutse mu mujyi wa Kigali. Iyi nzu bivugwa ifite agaciro ka miliyari 1Frw, yubatse i Kibagabaga.

Previous Post

Tanzania: Samia Suluhu Hassan yatsinze amatora y’Umukuru w’Igihugu

Next Post

Rwamgana: Umugore n’umwana we w’umwaka basanzwe mu murima bapfuye

OMEGA BOY

OMEGA BOY

Related Posts

Itsinda rya Vestine na Dorcas ryatandukanye na M Irene wari umujyanama waryo
IMYIDAGADURO

Itsinda rya Vestine na Dorcas ryatandukanye na M Irene wari umujyanama waryo

by OMEGA BOY
June 13, 2026
Zari Hassan yatandukanye n’umugabo we
IMYIDAGADURO

Zari Hassan yatandukanye n’umugabo we

by OMEGA BOY
June 12, 2026
Umuhanzi Kirikou Akili ararembye
IMYIDAGADURO

Umuhanzi Kirikou Akili ararembye

by OMEGA BOY
June 8, 2026
Kaminuza ya Harvest Christian yahaye Chris Brown impamyabumenyi y’ikirenga (PhD)
IMYIDAGADURO

Kaminuza ya Harvest Christian yahaye Chris Brown impamyabumenyi y’ikirenga (PhD)

by OMEGA BOY
May 24, 2026
Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwashimangiye ko iguhano cyahawe Djihad, K John n’abo bareganwa kigumaho
Amakuru

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwashimangiye ko iguhano cyahawe Djihad, K John n’abo bareganwa kigumaho

by OMEGA BOY
May 19, 2026
Next Post
Rwamagana: Umusore waruherutse kwica umukunzi we amuteraguye ibyuma yasanzwe muri Muhazi yapfuye

Rwamgana: Umugore n'umwana we w'umwaka basanzwe mu murima bapfuye

Please login to join discussion

Recommended

Sénégal yambuwe igikombe cya Afurika cya 2026

Sénégal yambuwe igikombe cya Afurika cya 2026

March 18, 2026
RIB yatangiye iperereza ku rupfu rw’umusore wigaga muri IPRC Tumba n’umukobwa wari wamusuye, isaba abantu kwirinda gukwirakwiza ibihuha

RIB yatangiye iperereza ku rupfu rw’umusore wigaga muri IPRC Tumba n’umukobwa wari wamusuye, isaba abantu kwirinda gukwirakwiza ibihuha

March 25, 2026

Categories

  • AKAZI
  • Amakuru
  • Amatangazo
  • Business
  • Entertainment
  • Imikino
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • Siporo
  • Uburezi
  • Uncategorized
  • UTUNTU N'UTUNDI

Don't miss it

Itsinda rya Vestine na Dorcas ryatandukanye na M Irene wari umujyanama waryo
IMYIDAGADURO

Itsinda rya Vestine na Dorcas ryatandukanye na M Irene wari umujyanama waryo

June 13, 2026
Iran yemeje ko Amerika nishaka intambara nabo bazayirwana
Amakuru

Iran yemeje ko Amerika nishaka intambara nabo bazayirwana

June 13, 2026
Amasaha yo gufungwa utubari, utubyiniro na restaurant yongerewe
Amakuru

Amasaha yo gufungwa utubari, utubyiniro na restaurant yongerewe

June 12, 2026
Burera: Umunyeshuri yishwe na bagenzi be
Amakuru

Burera: Umunyeshuri yishwe na bagenzi be

June 12, 2026
Zari Hassan yatandukanye n’umugabo we
IMYIDAGADURO

Zari Hassan yatandukanye n’umugabo we

June 12, 2026
Abanyeshuri 8 b’abanyamahanga birukanwe ku butaka bw’u Rwanda bazira urugomo
Amakuru

Abanyeshuri 8 b’abanyamahanga birukanwe ku butaka bw’u Rwanda bazira urugomo

June 11, 2026

Categories

  • AKAZI
  • Amakuru
  • Amatangazo
  • Business
  • Entertainment
  • Imikino
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • Siporo
  • Uburezi
  • Uncategorized
  • UTUNTU N'UTUNDI

Recent News

Itsinda rya Vestine na Dorcas ryatandukanye na M Irene wari umujyanama waryo

Itsinda rya Vestine na Dorcas ryatandukanye na M Irene wari umujyanama waryo

June 13, 2026
Iran yemeje ko Amerika nishaka intambara nabo bazayirwana

Iran yemeje ko Amerika nishaka intambara nabo bazayirwana

June 13, 2026

© 2025 IGIKA TV | All Right Reserved

No Result
View All Result
  • Amakuru
  • Siporo
  • Uburezi
  • Imikino
  • AKAZI
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 IGIKA TV | All Right Reserved

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password? Sign Up

Create New Account!

Fill the forms below to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In