• Amakuru
  • Siporo
  • Uburezi
  • Imikino
  • AKAZI
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
IGIKA TV
  • Amakuru
  • Siporo
  • Uburezi
  • Imikino
  • AKAZI
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
IGIKA TV
No Result
View All Result

Rusizi: Umusaza warumaze igihe abwira abana be ko aziyahura yasanzwe mu mugozi yapfuye

OMEGA BOY by OMEGA BOY
November 8, 2025
in Amakuru
455 24
0
Rusizi: Umugabo yishe umugore amuziza amafaranga 5,000 Frw
664
SHARES
Share on FacebookShare on Twitter

Umusaza w’imyaka 70 yasanzwe mu mugozi yapfuye bikekwa ko yiyahuye, abaturanyi be bavuga ko abana be banze ko ashaka umugore.

Inkuru y’umusaza witwa Nteziryimana Afred yiyahuye yamenyekanye mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 7 Ugushyingo 2025,

You might also like

Iran yemeje ko Amerika nishaka intambara nabo bazayirwana

Amasaha yo gufungwa utubari, utubyiniro na restaurant yongerewe

Burera: Umunyeshuri yishwe na bagenzi be

Amakuru avuga ko yari amaze imyaka igera kuri itandatu abuze umugore we babanaga wapfuye, andi akavuga ko yiyahuye bitewe n’uko yabuzwaga n’abana gushaka undi mugore.

Iyakaremye Jean Pierre ni umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa Gihundwe, yahamije ko uyu musaza yiyahuye akoresheje ikiziriko.

Ati “Nibyo yitwa Nteziryimana Alfred, yiyahuye akoresheje ikiziriko, twabimenye mu gitondo (ku wa Gatanu). Nta mugore yari afite yabanaga na murumuna we.”

Uyu murumuna we babanaga ufite ubumuga, ni we wabimenye agiye kumubyutsa arunguruka mu rugi amubona ahagaze abona umugozi, aratabaza.

Inzego z’ubuyobozi zishe urugi, binjiyemo basanga yapfuye.

Umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa Gihundwe yakomeje avuga ko, uriya musaza yari abanye neza n’abaturanyi be, ko yahoraga abwira abana be ko aziyahura.

Yavuze ko amakuru ava mu baturage ari uko nyakwigendera yabuzwaga gushaka undi mugore ko atari yo, ahubwo ngo icyo yasabwaga n’abana be ni ukumushaka baciye mu nzira zemewe, we akababwira ko aziyahura.

Ati “Amakuru dufite twahawe n’abaturanyi, n’abana be avuga ko bari babanye neza, yahoraga abwira abana be ko aziyahiura. Abana batubwiye ko ntawigeze amubuza kuzana umugore, bamusabaga kumushaka byemewe n’amategeko.”

Ubuyobozi busaba abaturage ko nta we ukwiye kwiyambura ubuzima, ko ibibazo byose wahura na byo wabibwira abaturanyi n’ubuyobozi.

Umuyobozi kandi yasabye abaturage kureka kwirengagiza ibimenyetso byo kwiyahura byagaragajwe n’umuturage.

Urwego rw’igihugu rw’ubugenzayaha (RIB) rwahageze n’izindi nzego zirimo Polisi hakorwa iperereza, umurambo wa Nyakwigendera wajyanywe mu bitaro bya Gihundwe gukorerwa isuzuma.

Previous Post

Ngoma: Umwarimu yibye umuceri utetse

Next Post

Perezida wa Zambia yatewe amabuye n’abaturage [Video]

OMEGA BOY

OMEGA BOY

Related Posts

Iran yemeje ko Amerika nishaka intambara nabo bazayirwana
Amakuru

Iran yemeje ko Amerika nishaka intambara nabo bazayirwana

by OMEGA BOY
June 13, 2026
Amasaha yo gufungwa utubari, utubyiniro na restaurant yongerewe
Amakuru

Amasaha yo gufungwa utubari, utubyiniro na restaurant yongerewe

by OMEGA BOY
June 12, 2026
Burera: Umunyeshuri yishwe na bagenzi be
Amakuru

Burera: Umunyeshuri yishwe na bagenzi be

by OMEGA BOY
June 12, 2026
Abanyeshuri 8 b’abanyamahanga birukanwe ku butaka bw’u Rwanda bazira urugomo
Amakuru

Abanyeshuri 8 b’abanyamahanga birukanwe ku butaka bw’u Rwanda bazira urugomo

by ISHIMWE MOISE
June 11, 2026
Mexique & Canada: Hazatangwa udukingirizo tw’ubuntu mu gikombe cy’Isi
Amakuru

Mexique & Canada: Hazatangwa udukingirizo tw’ubuntu mu gikombe cy’Isi

by OMEGA BOY
June 11, 2026
Next Post
Perezida wa Zambia yatewe amabuye n’abaturage [Video]

Perezida wa Zambia yatewe amabuye n'abaturage [Video]

Please login to join discussion

Recommended

Iran yarashe ubwato rutura bw’intambara bwa Amerika

Iran yarashe ubwato rutura bw’intambara bwa Amerika

March 1, 2026
Nyanza: Umunyeshuri wigaga muri Kaminuza yiyahuye, asiga yanditse urwandiko

Nyanza: Umunyeshuri wigaga muri Kaminuza yiyahuye, asiga yanditse urwandiko

October 5, 2025

Categories

  • AKAZI
  • Amakuru
  • Amatangazo
  • Business
  • Entertainment
  • Imikino
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • Siporo
  • Uburezi
  • Uncategorized
  • UTUNTU N'UTUNDI

Don't miss it

Itsinda rya Vestine na Dorcas ryatandukanye na M Irene wari umujyanama waryo
IMYIDAGADURO

Itsinda rya Vestine na Dorcas ryatandukanye na M Irene wari umujyanama waryo

June 13, 2026
Iran yemeje ko Amerika nishaka intambara nabo bazayirwana
Amakuru

Iran yemeje ko Amerika nishaka intambara nabo bazayirwana

June 13, 2026
Amasaha yo gufungwa utubari, utubyiniro na restaurant yongerewe
Amakuru

Amasaha yo gufungwa utubari, utubyiniro na restaurant yongerewe

June 12, 2026
Burera: Umunyeshuri yishwe na bagenzi be
Amakuru

Burera: Umunyeshuri yishwe na bagenzi be

June 12, 2026
Zari Hassan yatandukanye n’umugabo we
IMYIDAGADURO

Zari Hassan yatandukanye n’umugabo we

June 12, 2026
Abanyeshuri 8 b’abanyamahanga birukanwe ku butaka bw’u Rwanda bazira urugomo
Amakuru

Abanyeshuri 8 b’abanyamahanga birukanwe ku butaka bw’u Rwanda bazira urugomo

June 11, 2026

Categories

  • AKAZI
  • Amakuru
  • Amatangazo
  • Business
  • Entertainment
  • Imikino
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • Siporo
  • Uburezi
  • Uncategorized
  • UTUNTU N'UTUNDI

Recent News

Itsinda rya Vestine na Dorcas ryatandukanye na M Irene wari umujyanama waryo

Itsinda rya Vestine na Dorcas ryatandukanye na M Irene wari umujyanama waryo

June 13, 2026
Iran yemeje ko Amerika nishaka intambara nabo bazayirwana

Iran yemeje ko Amerika nishaka intambara nabo bazayirwana

June 13, 2026

© 2025 IGIKA TV | All Right Reserved

No Result
View All Result
  • Amakuru
  • Siporo
  • Uburezi
  • Imikino
  • AKAZI
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 IGIKA TV | All Right Reserved

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password? Sign Up

Create New Account!

Fill the forms below to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In