• Amakuru
  • Siporo
  • Uburezi
  • Imikino
  • AKAZI
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
IGIKA TV
  • Amakuru
  • Siporo
  • Uburezi
  • Imikino
  • AKAZI
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
IGIKA TV
No Result
View All Result

Tukowote w’imyaka 53 yambitse impeta inkumi bitegura kurushinga

OMEGA BOY by OMEGA BOY
February 6, 2026
in IMYIDAGADURO
558 6
0
Tukowote w’imyaka 53 yambitse impeta inkumi bitegura kurushinga
781
SHARES
Share on FacebookShare on Twitter

Ilunga Longin wamamaye nka Tukowote muri sinema y’u Rwanda, yambitse impeta inkumi bitegura kurushinga, icyakora ahamya ko atahita atangaza amazina ye.

Kuri uyu wa 6 Gashyantare 2026 nibwo Tukowote yasangije abamukurikira amafoto yambika impeta iyi nkumi, nyuma y’uko bemeranyije kuzabana akaramata.

You might also like

Zari Hassan yatandukanye n’umugabo we

Umuhanzi Kirikou Akili ararembye

Kaminuza ya Harvest Christian yahaye Chris Brown impamyabumenyi y’ikirenga (PhD)

Tukowote yabereye ibamba abanyamakyru batandukanye bifuzaga kumenya amazina y’umukobwa bitegura kurushinga, icyakora yemeza ko ubukwe buri vuba.

Ati “Mu kiganiro nabahaye sinababwiye ko uyu mwaka mfite ubukwe, mube mushyira hafi amakote rero. Iby’amazina byo sinabibabwira nta nubwo nshaka kumuvugaho cyane.”

Tukowote agiye gukora ubukwe, nyuma y’uko yiteguraga kubukora mu 2021 bikarangira butabaye cyane ko uwo bari kurushinga baje gutandukana.

Abajijwe icyo bapfuye, yavuze ko byatewe n’uko uwo bari bagiye kubana yari asanzwe aba mu Birwa bya Seychelles.

Ati “Byapfuye kuko hari ibintu nagombaga kujya gukorera muri Seychelles birangira byanze. Ntabwo nari kwimukirayo nta kintu nzakorayo kandi ntabwo yari kuza i Kigali. Byaranze rero ndabireka mpitamo gushaka undi.”

Uyu mukinnyi wa filime w’imyaka 53 y’amavuko, kugeza uyu munsi ni umwe mu bakinnyi ba sinema bamaze igihe muri uyu mwuga. Amaze imyaka 17 akina filime ndetse kugeza uyu munsi akaba amaze gukina izigera kuri 161.



Previous Post

Muhanga: Yishe mugenzi we amuteye icyuma akeka ko yagize uruhare mu gufungwa kwe

Next Post

Abakoresha imbuga nkoranyambaga bagaragaje ikibazo gikomeye mu Nama y’Umushyikirano, Kagame asaba ko gikemurwa

OMEGA BOY

OMEGA BOY

Related Posts

Zari Hassan yatandukanye n’umugabo we
IMYIDAGADURO

Zari Hassan yatandukanye n’umugabo we

by OMEGA BOY
June 12, 2026
Umuhanzi Kirikou Akili ararembye
IMYIDAGADURO

Umuhanzi Kirikou Akili ararembye

by OMEGA BOY
June 8, 2026
Kaminuza ya Harvest Christian yahaye Chris Brown impamyabumenyi y’ikirenga (PhD)
IMYIDAGADURO

Kaminuza ya Harvest Christian yahaye Chris Brown impamyabumenyi y’ikirenga (PhD)

by OMEGA BOY
May 24, 2026
Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwashimangiye ko iguhano cyahawe Djihad, K John n’abo bareganwa kigumaho
Amakuru

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwashimangiye ko iguhano cyahawe Djihad, K John n’abo bareganwa kigumaho

by OMEGA BOY
May 19, 2026
Umwe yarumye undi izuru aranamugonga: Ibya Yampano n’umugore we byafashe indi ntera
IMYIDAGADURO

Umwe yarumye undi izuru aranamugonga: Ibya Yampano n’umugore we byafashe indi ntera

by OMEGA BOY
May 17, 2026
Next Post
Abakoresha imbuga nkoranyambaga bagaragaje ikibazo gikomeye mu Nama y’Umushyikirano, Kagame asaba ko gikemurwa

Abakoresha imbuga nkoranyambaga bagaragaje ikibazo gikomeye mu Nama y’Umushyikirano, Kagame asaba ko gikemurwa

Please login to join discussion

Recommended

Kamonyi: Abantu bane bishwe n’inzoga

Kamonyi: Abantu bane bishwe n’inzoga

December 30, 2025
DC Clement ari gukorwaho iperereza ku cyaha cya ruswa

Dosiye ya DC Clement uregwa ibyaha bitanu yashyikirijwe Ubushinjacyaha

April 9, 2026

Categories

  • AKAZI
  • Amakuru
  • Amatangazo
  • Business
  • Entertainment
  • Imikino
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • Siporo
  • Uburezi
  • Uncategorized
  • UTUNTU N'UTUNDI

Don't miss it

Iran yemeje ko Amerika nishaka intambara nabo bazayirwana
Amakuru

Iran yemeje ko Amerika nishaka intambara nabo bazayirwana

June 13, 2026
Amasaha yo gufungwa utubari, utubyiniro na restaurant yongerewe
Amakuru

Amasaha yo gufungwa utubari, utubyiniro na restaurant yongerewe

June 12, 2026
Burera: Umunyeshuri yishwe na bagenzi be
Amakuru

Burera: Umunyeshuri yishwe na bagenzi be

June 12, 2026
Zari Hassan yatandukanye n’umugabo we
IMYIDAGADURO

Zari Hassan yatandukanye n’umugabo we

June 12, 2026
Abanyeshuri 8 b’abanyamahanga birukanwe ku butaka bw’u Rwanda bazira urugomo
Amakuru

Abanyeshuri 8 b’abanyamahanga birukanwe ku butaka bw’u Rwanda bazira urugomo

June 11, 2026
Mexique & Canada: Hazatangwa udukingirizo tw’ubuntu mu gikombe cy’Isi
Amakuru

Mexique & Canada: Hazatangwa udukingirizo tw’ubuntu mu gikombe cy’Isi

June 11, 2026

Categories

  • AKAZI
  • Amakuru
  • Amatangazo
  • Business
  • Entertainment
  • Imikino
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • Siporo
  • Uburezi
  • Uncategorized
  • UTUNTU N'UTUNDI

Recent News

Iran yemeje ko Amerika nishaka intambara nabo bazayirwana

Iran yemeje ko Amerika nishaka intambara nabo bazayirwana

June 13, 2026
Amasaha yo gufungwa utubari, utubyiniro na restaurant yongerewe

Amasaha yo gufungwa utubari, utubyiniro na restaurant yongerewe

June 12, 2026

© 2025 IGIKA TV | All Right Reserved

No Result
View All Result
  • Amakuru
  • Siporo
  • Uburezi
  • Imikino
  • AKAZI
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 IGIKA TV | All Right Reserved

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password? Sign Up

Create New Account!

Fill the forms below to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In