• Amakuru
  • Siporo
  • Uburezi
  • Imikino
  • AKAZI
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
IGIKA TV
  • Amakuru
  • Siporo
  • Uburezi
  • Imikino
  • AKAZI
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
IGIKA TV
No Result
View All Result

U Burusiya bugiye gutangira gukoresha urukingo rushya rwa kanseri

OMEGA BOY by OMEGA BOY
September 8, 2025
in Amakuru
438 5
0
U Burusiya bugiye gutangira gukoresha urukingo rushya rwa kanseri
613
SHARES
Share on FacebookShare on Twitter

Abahanga mu by’Ubuzima mu Burusiya bagaragaje ko hagiye gutangira gukoreshwa urukingo rushya rwa kanseri nyuma y’aho igeragezwa ry’ibanze ryakozwe ryagaragaje ko rukora neza ku kigero cya 80%.

Umuyobozi w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (FMBA), Veronika Skvortsova, yavuze ko mu igeragezwa ry’ibanze rimaze imyaka itatu uru rukingo rwatanze ibisubizo byiza, igisigaye ari ukwemezwa na Minisiteri y’Ubuzima mu Burusiya.

You might also like

Nyanza: Umugore yapfiriye ku cyapa cya Bisi

Amashusho y’umugore uri gukubita umugabo inshyi z’amatwi yarikoroje ku mbuga nkoranyambaga [Video]

Abajura bibye ibikoresho byose by’ikipe y’u Bwongereza

Yagize ati “Igeragezwa ryagaragaje ko urukingo rwizewe kuko harimo nko kurukoresha inshuro nyinshi n’ubushobozi bwo gukora neza, aho byagaragaye ko rugabanya ingano ya kanseri kandi rugatuma idakura ku kigero cya 80%.”

Akomeza agira ati “Ubu bushakashatsi bwagaragaje kandi ko urukingo rwongera amahirwe yo kubaho, na byo ni ingenzi cyane. Twashyikirije Minisiteri y’Ubuzima impapuro zisaba uburenganzira bwo kurukoresha mu buryo bw’ubuvuzi mu mpera z’Impeshyi.”

Ikigo gikora Ubushakashatsi cya Gamaleya cyakoze uru rukingo, cyatangaje ko rukoresha ikoranabuhanga rya mRNA ry’ubwenge buhangano (AI) hagamijwe kwigisha ubudahangarwa bw’umubiri kurwanya utunyangingo twa kanseri.

Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cya Gamaleya, Alexander Gintsburg, yavuze ko uru rukingo ruzagengwa n’amategeko yihariye bitewe n’uburyo rukozemo.

Ati: “Ni uburyo butandukanye cyane n’ubwari busanzwe bukoreshwa mu kwandikisha imiti isanzwe.”

Iki kigo cya Gamaleya kandi ni cyo cyakoze urukingo rwa Sputnik V rwa Covid-19 kikaba kiri no gukora urwa Virusi itera SIDA rukoresheje ikoranabuhanga rya mRNA.

Previous Post

Uwari Perezida wa Muhazi United yeguye

Next Post

Amerika yafashe undi mwanzuro ku mwimukira yari yohereje muri Uganda akabyanga

OMEGA BOY

OMEGA BOY

Related Posts

Nyanza: Umugore yapfiriye ku cyapa cya Bisi
Amakuru

Nyanza: Umugore yapfiriye ku cyapa cya Bisi

by OMEGA BOY
June 13, 2026
Amashusho y’umugore uri gukubita umugabo inshyi z’amatwi yarikoroje ku mbuga nkoranyambaga [Video]
Amakuru

Amashusho y’umugore uri gukubita umugabo inshyi z’amatwi yarikoroje ku mbuga nkoranyambaga [Video]

by OMEGA BOY
June 13, 2026
Abajura bibye ibikoresho byose by’ikipe y’u Bwongereza
Amakuru

Abajura bibye ibikoresho byose by’ikipe y’u Bwongereza

by OMEGA BOY
June 13, 2026
Indege ya Papa Leo yagize ikibazo bituma atira iy’Umwami wa Espagne
Amakuru

Indege ya Papa Leo yagize ikibazo bituma atira iy’Umwami wa Espagne

by OMEGA BOY
June 13, 2026
Iran yemeje ko Amerika nishaka intambara nabo bazayirwana
Amakuru

Iran yemeje ko Amerika nishaka intambara nabo bazayirwana

by OMEGA BOY
June 13, 2026
Next Post
Amerika yafashe undi mwanzuro ku mwimukira yari yohereje muri Uganda akabyanga

Amerika yafashe undi mwanzuro ku mwimukira yari yohereje muri Uganda akabyanga

Please login to join discussion

Recommended

Amerika igiye gufatira ibindi bihano abayobozi b’u Rwanda

Amerika igiye gufatira ibindi bihano abayobozi b’u Rwanda

March 7, 2026
Guhera muri Kamena 2027 nta Munyarwanda uzongera gukoresha Indangamuntu zisanzwe yaka Serivisi

Guhera muri Kamena 2027 nta Munyarwanda uzongera gukoresha Indangamuntu zisanzwe yaka Serivisi

March 27, 2026

Categories

  • AKAZI
  • Amakuru
  • Amatangazo
  • Business
  • Entertainment
  • Imikino
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • Siporo
  • Uburezi
  • Uncategorized
  • UTUNTU N'UTUNDI

Don't miss it

Nyanza: Umugore yapfiriye ku cyapa cya Bisi
Amakuru

Nyanza: Umugore yapfiriye ku cyapa cya Bisi

June 13, 2026
Amashusho y’umugore uri gukubita umugabo inshyi z’amatwi yarikoroje ku mbuga nkoranyambaga [Video]
Amakuru

Amashusho y’umugore uri gukubita umugabo inshyi z’amatwi yarikoroje ku mbuga nkoranyambaga [Video]

June 13, 2026
Abajura bibye ibikoresho byose by’ikipe y’u Bwongereza
Amakuru

Abajura bibye ibikoresho byose by’ikipe y’u Bwongereza

June 13, 2026
Itangazo ry’akazi rireba buri muntu wese wifuza kwinjira muri DASSO mu mujyi wa Kigali – Deadline 21/06/2026
Amatangazo

Itangazo ry’akazi rireba buri muntu wese wifuza kwinjira muri DASSO mu mujyi wa Kigali – Deadline 21/06/2026

June 13, 2026
Indege ya Papa Leo yagize ikibazo bituma atira iy’Umwami wa Espagne
Amakuru

Indege ya Papa Leo yagize ikibazo bituma atira iy’Umwami wa Espagne

June 13, 2026
Itsinda rya Vestine na Dorcas ryatandukanye na M Irene wari umujyanama waryo
IMYIDAGADURO

Itsinda rya Vestine na Dorcas ryatandukanye na M Irene wari umujyanama waryo

June 13, 2026

Categories

  • AKAZI
  • Amakuru
  • Amatangazo
  • Business
  • Entertainment
  • Imikino
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • Siporo
  • Uburezi
  • Uncategorized
  • UTUNTU N'UTUNDI

Recent News

Nyanza: Umugore yapfiriye ku cyapa cya Bisi

Nyanza: Umugore yapfiriye ku cyapa cya Bisi

June 13, 2026
Amashusho y’umugore uri gukubita umugabo inshyi z’amatwi yarikoroje ku mbuga nkoranyambaga [Video]

Amashusho y’umugore uri gukubita umugabo inshyi z’amatwi yarikoroje ku mbuga nkoranyambaga [Video]

June 13, 2026

© 2025 IGIKA TV | All Right Reserved

No Result
View All Result
  • Amakuru
  • Siporo
  • Uburezi
  • Imikino
  • AKAZI
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 IGIKA TV | All Right Reserved

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password? Sign Up

Create New Account!

Fill the forms below to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In