• Amakuru
  • Siporo
  • Uburezi
  • Imikino
  • AKAZI
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
IGIKA TV
  • Amakuru
  • Siporo
  • Uburezi
  • Imikino
  • AKAZI
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
IGIKA TV
No Result
View All Result

Uganda: Umufana wa Manchester United arakekwaho kwica uwa Arsenal

OMEGA BOY by OMEGA BOY
May 26, 2026
in Amakuru
459 5
0
Uganda: Umufana wa Manchester United arakekwaho kwica uwa Arsenal
642
SHARES
Share on FacebookShare on Twitter

Polisi yo mu Mujyi wa Kampala muri Uganda yatangaje ko iri gukora iperereza ku rupfu rw’umumotari w’imyaka 34, usanzwe ari umufana wa Arsenal, aho yapfuye nyuma y’amakimbirane ajyanye n’amarushanwa y’umupira w’amaguru hagati y’abafana ba Arsenal na Manchester United.

Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Mbere, tariki 25 Gicurasi, Polisi ya Uganda yavuze ko ibi byabaye ku mugoroba wo ku Cyumweru, tariki 24 Gicurasi, mu gace ka Bakuli muri Kampala.

You might also like

Nyanza: Umugore yapfiriye ku cyapa cya Bisi

Amashusho y’umugore uri gukubita umugabo inshyi z’amatwi yarikoroje ku mbuga nkoranyambaga [Video]

Abajura bibye ibikoresho byose by’ikipe y’u Bwongereza

Umuvugizi wa Polisi ya Kampala Metropolitan, Rachael Kawala, yagize ati “Polisi ya Kampala iri gukurikirana icyaha cyo kwica umuntu cyabaye tariki 24 Gicurasi 2026, hafi Saa Kumi n’Ebyiri n’Igice z’umugoroba mu gace ka Bakuli, Kampala Central Division, mu Karere ka Kampala.”

Polisi yamenye ko uwishwe yari yitwa Denis, atuye mu Bakuli mu gihe yatwaraga moto nto izwi nka “boda boda”.

Abakora iperereza bavuga ko amakimbirane yatangiriye ku bwumvikane buke hagati ya Denis n’undi mugabo witwa gusa Musiramu.

Polisi ya Uganda yavuze ko “Ibimenyetso bya mbere byerekana ko ku itariki n’isaha byavuzwe haruguru, Denis,wari usanzwe ari umufana wa Arsenal, yagiranye ikibazo n’ukekwa witwa Musiramu, bivugwa ko ari umufana wa Manchester United.”

Itangazo rya Polisi ryakomeje rivuga ko ayo makimbirane ari yo yavuyemo urupfu rwa Denis aho yakubiswe na Musiramu ikintu ku mutwe.

Abayobozi batangaje ko gushaka no gufata ukekwa bikomeje.

Polisi kandi yemeje ko umubiri wa Denis wajyanye ku Bitaro Bikuru bya Mulago kugira ngo hakorwe isuzuma ku rupfu rwe.

Previous Post

Nyarugenge: Yasabiwe gufungwa no kwishyura indishyi ya miliyoni 10 Frw azira kwita umuntu ‘igikuri’

Next Post

MIFOTRA yatangaje ko tariki ya 27 Gicurasi 2025 ari umunsi w’ikiruhuko

OMEGA BOY

OMEGA BOY

Related Posts

Nyanza: Umugore yapfiriye ku cyapa cya Bisi
Amakuru

Nyanza: Umugore yapfiriye ku cyapa cya Bisi

by OMEGA BOY
June 13, 2026
Amashusho y’umugore uri gukubita umugabo inshyi z’amatwi yarikoroje ku mbuga nkoranyambaga [Video]
Amakuru

Amashusho y’umugore uri gukubita umugabo inshyi z’amatwi yarikoroje ku mbuga nkoranyambaga [Video]

by OMEGA BOY
June 13, 2026
Abajura bibye ibikoresho byose by’ikipe y’u Bwongereza
Amakuru

Abajura bibye ibikoresho byose by’ikipe y’u Bwongereza

by OMEGA BOY
June 13, 2026
Indege ya Papa Leo yagize ikibazo bituma atira iy’Umwami wa Espagne
Amakuru

Indege ya Papa Leo yagize ikibazo bituma atira iy’Umwami wa Espagne

by OMEGA BOY
June 13, 2026
Iran yemeje ko Amerika nishaka intambara nabo bazayirwana
Amakuru

Iran yemeje ko Amerika nishaka intambara nabo bazayirwana

by OMEGA BOY
June 13, 2026
Next Post
MIFOTRA yatangaje ko tariki ya 27 Gicurasi 2025 ari umunsi w’ikiruhuko

MIFOTRA yatangaje ko tariki ya 27 Gicurasi 2025 ari umunsi w’ikiruhuko

Please login to join discussion

Recommended

Ubushinjacyaha Bwsabiye Bishop Harerimana Jean Bosco Igifungo cy’Imyaka 7, umugore we asabirwa igifungo cy’imyaka 3

Ubushinjacyaha Bwsabiye Bishop Harerimana Jean Bosco Igifungo cy’Imyaka 7, umugore we asabirwa igifungo cy’imyaka 3

April 21, 2026
Rubavu: Umwana w’imyaka 16 afunzwe akekwaho kwica umugore w’imyaka 43

Rubavu: Abantu 3 bamaze kwicwa n’ibicurane

November 14, 2025

Categories

  • AKAZI
  • Amakuru
  • Amatangazo
  • Business
  • Entertainment
  • Imikino
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • Siporo
  • Uburezi
  • Uncategorized
  • UTUNTU N'UTUNDI

Don't miss it

Nyanza: Umugore yapfiriye ku cyapa cya Bisi
Amakuru

Nyanza: Umugore yapfiriye ku cyapa cya Bisi

June 13, 2026
Amashusho y’umugore uri gukubita umugabo inshyi z’amatwi yarikoroje ku mbuga nkoranyambaga [Video]
Amakuru

Amashusho y’umugore uri gukubita umugabo inshyi z’amatwi yarikoroje ku mbuga nkoranyambaga [Video]

June 13, 2026
Abajura bibye ibikoresho byose by’ikipe y’u Bwongereza
Amakuru

Abajura bibye ibikoresho byose by’ikipe y’u Bwongereza

June 13, 2026
Itangazo ry’akazi rireba buri muntu wese wifuza kwinjira muri DASSO mu mujyi wa Kigali – Deadline 21/06/2026
Amatangazo

Itangazo ry’akazi rireba buri muntu wese wifuza kwinjira muri DASSO mu mujyi wa Kigali – Deadline 21/06/2026

June 13, 2026
Indege ya Papa Leo yagize ikibazo bituma atira iy’Umwami wa Espagne
Amakuru

Indege ya Papa Leo yagize ikibazo bituma atira iy’Umwami wa Espagne

June 13, 2026
Itsinda rya Vestine na Dorcas ryatandukanye na M Irene wari umujyanama waryo
IMYIDAGADURO

Itsinda rya Vestine na Dorcas ryatandukanye na M Irene wari umujyanama waryo

June 13, 2026

Categories

  • AKAZI
  • Amakuru
  • Amatangazo
  • Business
  • Entertainment
  • Imikino
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • Siporo
  • Uburezi
  • Uncategorized
  • UTUNTU N'UTUNDI

Recent News

Nyanza: Umugore yapfiriye ku cyapa cya Bisi

Nyanza: Umugore yapfiriye ku cyapa cya Bisi

June 13, 2026
Amashusho y’umugore uri gukubita umugabo inshyi z’amatwi yarikoroje ku mbuga nkoranyambaga [Video]

Amashusho y’umugore uri gukubita umugabo inshyi z’amatwi yarikoroje ku mbuga nkoranyambaga [Video]

June 13, 2026

© 2025 IGIKA TV | All Right Reserved

No Result
View All Result
  • Amakuru
  • Siporo
  • Uburezi
  • Imikino
  • AKAZI
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 IGIKA TV | All Right Reserved

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password? Sign Up

Create New Account!

Fill the forms below to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In