• Amakuru
  • Siporo
  • Uburezi
  • Imikino
  • AKAZI
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
IGIKA TV
  • Amakuru
  • Siporo
  • Uburezi
  • Imikino
  • AKAZI
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
IGIKA TV
No Result
View All Result

U Budage: Umuganga yishe abarwayi agamije kwiyorohereza akazi

OMEGA BOY by OMEGA BOY
November 6, 2025
in Amakuru
470 5
0
U Budage: Umuganga yishe abarwayi agamije kwiyorohereza akazi
657
SHARES
Share on FacebookShare on Twitter

Urukiko rwo mu Budage rwakatiye igifungo cya burundu umuforomo, nyuma yo guhamywa icyaha cyo kwica abarwayi 10 no kugerageza kwica abandi 27, agamije kugabanya umubare w’abarwayi yagombaga kwitaho.

Nk’uko abashinjacyaha babitangaje, uyu mugabo utaratangajwe amazina ku mpamvu z’amategeko yateraga abarwayi be, ahanini abageze mu zabukuru, imiti irengeje urengero ya morphine ikoreshwa mu kugabanya uburibwe na midazolam iturisha umubiri igihe umuntu ari kuvurwa cyane cyane abazwe.

You might also like

Nyanza: Umugore yapfiriye ku cyapa cya Bisi

Amashusho y’umugore uri gukubita umugabo inshyi z’amatwi yarikoroje ku mbuga nkoranyambaga [Video]

Abajura bibye ibikoresho byose by’ikipe y’u Bwongereza

Ibi ngo yabikoraga kugira ngo yoroherwe mu kazi cyane mu masaha y’ijoro.

Uku kubaha imiti irengeje urugero byatumaga aba barwayi bapfa.

Ibyaha bye byakozwe hagati ya Ukuboza 2023 na Gicurasi 2024 mu bitaro byo mu mujyi wa Würselen, hafi y’umujyi wa Aachen, mu Burengerazuba bw’u Budage.

Abashinjacyaha bavuze ko uyu muganga yahoraga agaragaza “umujinya n’uburakari” ku barwayi bakeneye kwitabwaho byihariye.

Uyu muganga yatangiye gukorera ibyo bitaro mu 2020, nyuma yo gusoza amasomo ye mu buvuzi mu 2007. Yatawe muri yombi mu 2024 nyuma y’uko bimwe mu bikorwa bye bitangiye gukemangwa.

Ubwo hasomwaga imyanzuro y’iburanisha, urukiko rwavuze ko ibyaha bye “byaranzwe n’ubukana budasanzwe,” bityo ko agomba gufungwa burundu, ndetse adafite amahirwe yo kurekurwa nyuma y’imyaka 15 nk’uko amategeko asanzwe abiteganya. Ariko ngo afite uburenganzira bwo kujurira ku cyemezo cy’urukiko.

Iyi dosiye ijya gusa n’iya Niels Högel, undi muforomo wahawe igihano cya burundu mu 2019 nyuma yo guhamywa kwica abarwayi 85 mu bitaro bibiri byo mu majyaruguru y’u Budage, aho yabateraga imiti y’umutima mu buryo burengeje urugero hagati ya 1999 na 2005.

Uwo Högel kugeza ubu afatwa nk’umwicanyi ukomeye cyane mu mateka

Previous Post

Mexique: Perezida agiye kujyana mu nkiko umuturage wamusomeye mu ruhame

Next Post

Mu Ugushyingo 2025 hazagwa imvura nke – Meteo Rwanda

OMEGA BOY

OMEGA BOY

Related Posts

Nyanza: Umugore yapfiriye ku cyapa cya Bisi
Amakuru

Nyanza: Umugore yapfiriye ku cyapa cya Bisi

by OMEGA BOY
June 13, 2026
Amashusho y’umugore uri gukubita umugabo inshyi z’amatwi yarikoroje ku mbuga nkoranyambaga [Video]
Amakuru

Amashusho y’umugore uri gukubita umugabo inshyi z’amatwi yarikoroje ku mbuga nkoranyambaga [Video]

by OMEGA BOY
June 13, 2026
Abajura bibye ibikoresho byose by’ikipe y’u Bwongereza
Amakuru

Abajura bibye ibikoresho byose by’ikipe y’u Bwongereza

by OMEGA BOY
June 13, 2026
Indege ya Papa Leo yagize ikibazo bituma atira iy’Umwami wa Espagne
Amakuru

Indege ya Papa Leo yagize ikibazo bituma atira iy’Umwami wa Espagne

by OMEGA BOY
June 13, 2026
Iran yemeje ko Amerika nishaka intambara nabo bazayirwana
Amakuru

Iran yemeje ko Amerika nishaka intambara nabo bazayirwana

by OMEGA BOY
June 13, 2026
Next Post
Mu Ugushyingo 2025 hazagwa imvura nke – Meteo Rwanda

Mu Ugushyingo 2025 hazagwa imvura nke - Meteo Rwanda

Please login to join discussion

Recommended

Donald Trump ntiyizeye ko azajya mu ijuru

Donald Trump ntiyizeye ko azajya mu ijuru

October 14, 2025
Perezida Paul Kagame yazamuye mu ntera abofisiye barenga 600

Perezida Paul Kagame yazamuye mu ntera abofisiye barenga 600

October 4, 2025

Categories

  • AKAZI
  • Amakuru
  • Amatangazo
  • Business
  • Entertainment
  • Imikino
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • Siporo
  • Uburezi
  • Uncategorized
  • UTUNTU N'UTUNDI

Don't miss it

Nyanza: Umugore yapfiriye ku cyapa cya Bisi
Amakuru

Nyanza: Umugore yapfiriye ku cyapa cya Bisi

June 13, 2026
Amashusho y’umugore uri gukubita umugabo inshyi z’amatwi yarikoroje ku mbuga nkoranyambaga [Video]
Amakuru

Amashusho y’umugore uri gukubita umugabo inshyi z’amatwi yarikoroje ku mbuga nkoranyambaga [Video]

June 13, 2026
Abajura bibye ibikoresho byose by’ikipe y’u Bwongereza
Amakuru

Abajura bibye ibikoresho byose by’ikipe y’u Bwongereza

June 13, 2026
Itangazo ry’akazi rireba buri muntu wese wifuza kwinjira muri DASSO mu mujyi wa Kigali – Deadline 21/06/2026
Amatangazo

Itangazo ry’akazi rireba buri muntu wese wifuza kwinjira muri DASSO mu mujyi wa Kigali – Deadline 21/06/2026

June 13, 2026
Indege ya Papa Leo yagize ikibazo bituma atira iy’Umwami wa Espagne
Amakuru

Indege ya Papa Leo yagize ikibazo bituma atira iy’Umwami wa Espagne

June 13, 2026
Itsinda rya Vestine na Dorcas ryatandukanye na M Irene wari umujyanama waryo
IMYIDAGADURO

Itsinda rya Vestine na Dorcas ryatandukanye na M Irene wari umujyanama waryo

June 13, 2026

Categories

  • AKAZI
  • Amakuru
  • Amatangazo
  • Business
  • Entertainment
  • Imikino
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • Siporo
  • Uburezi
  • Uncategorized
  • UTUNTU N'UTUNDI

Recent News

Nyanza: Umugore yapfiriye ku cyapa cya Bisi

Nyanza: Umugore yapfiriye ku cyapa cya Bisi

June 13, 2026
Amashusho y’umugore uri gukubita umugabo inshyi z’amatwi yarikoroje ku mbuga nkoranyambaga [Video]

Amashusho y’umugore uri gukubita umugabo inshyi z’amatwi yarikoroje ku mbuga nkoranyambaga [Video]

June 13, 2026

© 2025 IGIKA TV | All Right Reserved

No Result
View All Result
  • Amakuru
  • Siporo
  • Uburezi
  • Imikino
  • AKAZI
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 IGIKA TV | All Right Reserved

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password? Sign Up

Create New Account!

Fill the forms below to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In