• Amakuru
  • Siporo
  • Uburezi
  • Imikino
  • AKAZI
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
IGIKA TV
  • Amakuru
  • Siporo
  • Uburezi
  • Imikino
  • AKAZI
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
IGIKA TV
No Result
View All Result

Perezida Paul Kagame yazamuye mu ntera abofisiye barenga 600

OMEGA BOY by OMEGA BOY
October 4, 2025
in Amakuru
479 4
0
Perezida Paul Kagame yazamuye mu ntera abofisiye barenga 600
669
SHARES
Share on FacebookShare on Twitter

Umugaba w’Ikirenga w’ingabo z’u Rwanda (RDF), Perezida Paul Kagame, kuri uyu wa 4 Ukwakira 2025 yazamuye mu ntera abofisiye 632 bari bafite ipeti rya Sous-Lieutenant.

Ibiro by’ingabo z’u Rwanda bisobanura ko aba basirikare bose bahawe ipeti rya Lieutenant, kandi ko iki cyemezo gitangira gukurikizwa kuva itangazo rigisohoka.

You might also like

Ibikubiye mu byemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 8 Kamena 2026

Rwamagana: Abantu batatu barimo abakecuru babiri bafitanye isano bishwe na kanyanga

Donald Trump yananiwe kwihanganira ibibazo yahatwaga n’umunyamakuru ahitamo kwivumbura ava mu kiganiro kitarangiye

RDF ni urwego rukorera Abanyarwanda, rurinda ubusugire bw’igihugu, runakafasha n’abanyamahanga binyuze mu butumwa bw’amahoro butandukanye. Ibyo rubishimirwa kenshi kubera ubwitange n’imyitwarire myiza biranga abasirikare barwo.

Abasirikare bayo bari mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Sudani y’Epfo na Repubulika ya Centrafrique, abandi bakaba bari mu butumwa bushingiye ku masezerano y’ibihugu muri Centrafrique na Mozambique.

Mu butumwa bw’amahoro bwa Loni, hari abasirikare barenga 4.585 barimo abagore 249. U Rwanda ni igihugu cya kane gifite ingabo nyinshi mu butumwa bw’uyu muryango.

Kuzamura mu ntera abasirikare mu ngabo z’u Rwanda ni igikorwa gishimangira iterambere ry’uru rwego n’abasirikare ku giti cyabo muri uyu mwuga, ubwitange n’imyitwarire myiza bibaranga; baba bari mu gihugu cyangwa mu mahanga.

Perezida Kagame, ubwo yinjizaga abofisiye bashya 1029 mu ngabo z’u Rwanda ku wa 3 Ukwakira, yashimangiye ko umusirikare mwiza akorera abanegihugu, kandi ko ibyo bigaragarira mu musaruro batanga no mu myitwarire.

Previous Post

Filime ya Seburikoko igiye kugaruka mu isura nshya

Next Post

Umubyeyi wafashwe n’igise yagiye gufana amagare yise umwana we UCI

OMEGA BOY

OMEGA BOY

Related Posts

Ibikubiye mu byemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 8 Kamena 2026
Amakuru

Ibikubiye mu byemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 8 Kamena 2026

by OMEGA BOY
June 9, 2026
Rwamagana: Abantu batatu barimo abakecuru babiri bafitanye isano bishwe na kanyanga
Amakuru

Rwamagana: Abantu batatu barimo abakecuru babiri bafitanye isano bishwe na kanyanga

by OMEGA BOY
June 8, 2026
Donald Trump yananiwe kwihanganira ibibazo yahatwaga n’umunyamakuru ahitamo kwivumbura ava mu kiganiro kitarangiye
Amakuru

Donald Trump yananiwe kwihanganira ibibazo yahatwaga n’umunyamakuru ahitamo kwivumbura ava mu kiganiro kitarangiye

by OMEGA BOY
June 8, 2026
RwandAir yasubitse ingendo zijya n’iziva i Doha na Dubai
Amakuru

RwandAir yahagaritse gutwara abagenzi bava muri Sudani y’Epfo, Uganda na RDC bajya muri UAE kubera Ebola

by OMEGA BOY
June 7, 2026
Nyirabagande Drocelle wamamaye nka ‘Langwida’ mu ikinamico Urunana yitabye Imana
Amakuru

Nyirabagande Drocelle wamamaye nka ‘Langwida’ mu ikinamico Urunana yitabye Imana

by OMEGA BOY
June 7, 2026
Next Post
Umubyeyi wafashwe n’igise yagiye gufana amagare yise umwana we UCI

Umubyeyi wafashwe n'igise yagiye gufana amagare yise umwana we UCI

Please login to join discussion

Recommended

Rusizi: Abantu 127 bari batashye ubukwe bararembye

Rusizi: Abantu 127 bari batashye ubukwe bararembye

August 17, 2025
RDC: Impanuka z’ubwato zahitanye abantu 193 abandi benshi baburirwa irengero

RDC: Impanuka z’ubwato zahitanye abantu 193 abandi benshi baburirwa irengero

September 13, 2025

Categories

  • AKAZI
  • Amakuru
  • Amatangazo
  • Business
  • Entertainment
  • Imikino
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • Siporo
  • Uburezi
  • Uncategorized
  • UTUNTU N'UTUNDI

Don't miss it

Ibikubiye mu byemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 8 Kamena 2026
Amakuru

Ibikubiye mu byemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 8 Kamena 2026

June 9, 2026
Rwamagana: Abantu batatu barimo abakecuru babiri bafitanye isano bishwe na kanyanga
Amakuru

Rwamagana: Abantu batatu barimo abakecuru babiri bafitanye isano bishwe na kanyanga

June 8, 2026
Donald Trump yananiwe kwihanganira ibibazo yahatwaga n’umunyamakuru ahitamo kwivumbura ava mu kiganiro kitarangiye
Amakuru

Donald Trump yananiwe kwihanganira ibibazo yahatwaga n’umunyamakuru ahitamo kwivumbura ava mu kiganiro kitarangiye

June 8, 2026
Umuhanzi Kirikou Akili ararembye
IMYIDAGADURO

Umuhanzi Kirikou Akili ararembye

June 8, 2026
RwandAir yasubitse ingendo zijya n’iziva i Doha na Dubai
Amakuru

RwandAir yahagaritse gutwara abagenzi bava muri Sudani y’Epfo, Uganda na RDC bajya muri UAE kubera Ebola

June 7, 2026
Nyirabagande Drocelle wamamaye nka ‘Langwida’ mu ikinamico Urunana yitabye Imana
Amakuru

Nyirabagande Drocelle wamamaye nka ‘Langwida’ mu ikinamico Urunana yitabye Imana

June 7, 2026

Categories

  • AKAZI
  • Amakuru
  • Amatangazo
  • Business
  • Entertainment
  • Imikino
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • Siporo
  • Uburezi
  • Uncategorized
  • UTUNTU N'UTUNDI

Recent News

Ibikubiye mu byemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 8 Kamena 2026

Ibikubiye mu byemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 8 Kamena 2026

June 9, 2026
Rwamagana: Abantu batatu barimo abakecuru babiri bafitanye isano bishwe na kanyanga

Rwamagana: Abantu batatu barimo abakecuru babiri bafitanye isano bishwe na kanyanga

June 8, 2026

© 2025 IGIKA TV | All Right Reserved

No Result
View All Result
  • Amakuru
  • Siporo
  • Uburezi
  • Imikino
  • AKAZI
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 IGIKA TV | All Right Reserved

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password? Sign Up

Create New Account!

Fill the forms below to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In