• Amakuru
  • Siporo
  • Uburezi
  • Imikino
  • AKAZI
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
IGIKA TV
  • Amakuru
  • Siporo
  • Uburezi
  • Imikino
  • AKAZI
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
IGIKA TV
No Result
View All Result

Kamonyi: Umusore w’imyaka 25 yasanzwe mu nzu yabagamo yimanitse mu mugozi

OMEGA BOY by OMEGA BOY
November 21, 2025
in Amakuru
460 14
0
Kamonyi: Umusore yagiye gukiza abantu barwanaga bahita bamutera icyuma mu mutima arapfa
656
SHARES
Share on FacebookShare on Twitter

Umusore w’imyaka 25 wo mu Murenge wa Gacurabwenge mu Karere ka Kamonyi, bamusanze mu mugozi yapfuye, aho bikekwa ko yaba yiyahuye.

Byabereye mu Mudugudu wa Mushimba, Akagari ka Kigembe, ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 20 Ugushyingo 2025.

You might also like

Indege ya Papa Leo yagize ikibazo bituma atira iy’Umwami wa Espagne

Iran yemeje ko Amerika nishaka intambara nabo bazayirwana

Amasaha yo gufungwa utubari, utubyiniro na restaurant yongerewe

Uwo musore witwa Dukuzeyezu Jean Damascène yasanzwe mu mugozi wa Supernet yapfuye, nk’uko umuvugizi wa Polisi mu Ntara, CIP Hassan Kamanzi yabihamije.

Yavuze ko byamenyekanye ubwo umugabo ukora akazi k’ubudozi yakomangiraga Dukuzeyezu mu nzu yabagamo wenyine kugira ngo abike imashini ye, abura umukingurira arungurutse asanga amanitse mu mugozi w’inzitiramibu.

Ati: “Uyu muturage yatabaje abaturage n’inzego zirimo RIB na Polisi, zirahagera zimukura muri uwo mugozi.”

CIP Kamanzi avuga ko amakuru bafite yerekana ko uyu musore nta makimbirane cyangwa intonganya yari afite n’abandi baturage.

Yavuze ko nyakwigendera yari acumbitse kandi yikoreraga ibiraka kuko yaje aho aturutse mu Karere ka Rutsiro akomokamo.

Gusa avuga ko basanze urugi rukingiye imbere, ko nta handi abantu bangije kugira ngo bivugwe ko baba bamwishe.

Uyu muvugizi wa Polisi avuga ko umurambo woherejwe mu Bitaro bya Remera Rukoma kugira ngo ukorerwe isuzuma.

Inzego z’umutekano n’iz’ibanze zahumurije abaturage, ndetse umuryango wa nyakwigendera utuye mu Karere ka Rutsiro umenyeshwa iby’uru rupfu.

Previous Post

Icyo RGB ivuga ku nsengero n’imisigiti byafunzwe bitarafungurwa

Next Post

Abanyarwanda 511 bari barafashwe bugwate na FDLR batashye

OMEGA BOY

OMEGA BOY

Related Posts

Indege ya Papa Leo yagize ikibazo bituma atira iy’Umwami wa Espagne
Amakuru

Indege ya Papa Leo yagize ikibazo bituma atira iy’Umwami wa Espagne

by OMEGA BOY
June 13, 2026
Iran yemeje ko Amerika nishaka intambara nabo bazayirwana
Amakuru

Iran yemeje ko Amerika nishaka intambara nabo bazayirwana

by OMEGA BOY
June 13, 2026
Amasaha yo gufungwa utubari, utubyiniro na restaurant yongerewe
Amakuru

Amasaha yo gufungwa utubari, utubyiniro na restaurant yongerewe

by OMEGA BOY
June 12, 2026
Burera: Umunyeshuri yishwe na bagenzi be
Amakuru

Burera: Umunyeshuri yishwe na bagenzi be

by OMEGA BOY
June 12, 2026
Abanyeshuri 8 b’abanyamahanga birukanwe ku butaka bw’u Rwanda bazira urugomo
Amakuru

Abanyeshuri 8 b’abanyamahanga birukanwe ku butaka bw’u Rwanda bazira urugomo

by ISHIMWE MOISE
June 11, 2026
Next Post
Abanyarwanda 511 bari barafashwe bugwate na FDLR batashye

Abanyarwanda 511 bari barafashwe bugwate na FDLR batashye

Please login to join discussion

Recommended

MINISANTE yakanguriye abanyarwanda kwirinda indwara y’ibicurane ikunda kwibasira abana

MINISANTE yakanguriye abanyarwanda kwirinda indwara y’ibicurane ikunda kwibasira abana

November 15, 2025
Uganda: Umufana wa Manchester United arakekwaho kwica uwa Arsenal

Uganda: Umufana wa Manchester United arakekwaho kwica uwa Arsenal

May 26, 2026

Categories

  • AKAZI
  • Amakuru
  • Amatangazo
  • Business
  • Entertainment
  • Imikino
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • Siporo
  • Uburezi
  • Uncategorized
  • UTUNTU N'UTUNDI

Don't miss it

Itangazo ry’akazi rireba buri muntu wese wifuza kwinjira muri DASSO mu mujyi wa Kigali – Deadline 21/06/2026
Amatangazo

Itangazo ry’akazi rireba buri muntu wese wifuza kwinjira muri DASSO mu mujyi wa Kigali – Deadline 21/06/2026

June 13, 2026
Indege ya Papa Leo yagize ikibazo bituma atira iy’Umwami wa Espagne
Amakuru

Indege ya Papa Leo yagize ikibazo bituma atira iy’Umwami wa Espagne

June 13, 2026
Itsinda rya Vestine na Dorcas ryatandukanye na M Irene wari umujyanama waryo
IMYIDAGADURO

Itsinda rya Vestine na Dorcas ryatandukanye na M Irene wari umujyanama waryo

June 13, 2026
Iran yemeje ko Amerika nishaka intambara nabo bazayirwana
Amakuru

Iran yemeje ko Amerika nishaka intambara nabo bazayirwana

June 13, 2026
Amasaha yo gufungwa utubari, utubyiniro na restaurant yongerewe
Amakuru

Amasaha yo gufungwa utubari, utubyiniro na restaurant yongerewe

June 12, 2026
Burera: Umunyeshuri yishwe na bagenzi be
Amakuru

Burera: Umunyeshuri yishwe na bagenzi be

June 12, 2026

Categories

  • AKAZI
  • Amakuru
  • Amatangazo
  • Business
  • Entertainment
  • Imikino
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • Siporo
  • Uburezi
  • Uncategorized
  • UTUNTU N'UTUNDI

Recent News

Itangazo ry’akazi rireba buri muntu wese wifuza kwinjira muri DASSO mu mujyi wa Kigali – Deadline 21/06/2026

Itangazo ry’akazi rireba buri muntu wese wifuza kwinjira muri DASSO mu mujyi wa Kigali – Deadline 21/06/2026

June 13, 2026
Indege ya Papa Leo yagize ikibazo bituma atira iy’Umwami wa Espagne

Indege ya Papa Leo yagize ikibazo bituma atira iy’Umwami wa Espagne

June 13, 2026

© 2025 IGIKA TV | All Right Reserved

No Result
View All Result
  • Amakuru
  • Siporo
  • Uburezi
  • Imikino
  • AKAZI
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 IGIKA TV | All Right Reserved

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password? Sign Up

Create New Account!

Fill the forms below to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In