• Amakuru
  • Siporo
  • Uburezi
  • Imikino
  • AKAZI
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
IGIKA TV
  • Amakuru
  • Siporo
  • Uburezi
  • Imikino
  • AKAZI
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
IGIKA TV
No Result
View All Result

Nyagatare:Arahigwa bukware nyuma yo kugurisha abaturage inyama z’inka yasaze zikabashyira mu kaga

ISHIMWE MOISE by ISHIMWE MOISE
April 23, 2026
in Amakuru
574 36
0
Nyagatare:Arahigwa bukware nyuma yo kugurisha abaturage inyama z’inka yasaze zikabashyira mu kaga
845
SHARES
Share on FacebookShare on Twitter

Mu Murenge wa Karangazi, Akarere ka Nyagatare, haravugwa inkuru ikomeye yateje impagarara mu baturage nyuma y’uko hari umuturage ukekwaho kubagurishiriza inyama z’inka yari yaratawe kubera kugaragaza ibimenyetso by’indwara y’ibisazi.

Amakuru atangwa n’ubuyobozi agaragaza ko uwo muturage uzwi ku izina rya Twahirwa Jean d’Amour, bakunda kwita Nsabi, akomeje gushakishwa nyuma yo gukekwaho kuvana iyo nka aho yari yatawe akayigurisha mu baturage.

You might also like

Nyanza: Umugore yapfiriye ku cyapa cya Bisi

Amashusho y’umugore uri gukubita umugabo inshyi z’amatwi yarikoroje ku mbuga nkoranyambaga [Video]

Abajura bibye ibikoresho byose by’ikipe y’u Bwongereza

Bivugwa ko iyi nka yarumwe n’imbwa yasaze iyi nka nayo igahita isara , bivugwa kandi ko yari yasaze ndetse yanarumye  umushumba, nyuma ikaza gutabwa n’abaganga b’amatungo kugira ngo hatagira uwayegera.

Abaturage bo mu Mudugudu wa Kamati, Akagari ka Kamati, bavuga ko baguze izo nyama batabizi, nyuma baza kumenya ukuri ubwo bamwe muri bo batangiraga kugaragaza ibimenyetso byo kumererwa nabi.

Ubuyobozi bwihutiye kubatabara, bubajyana kwa muganga aho bahawe inkingo zibakingira indwara zishobora guterwa n’izo nyama.

Umwe mu baturage wagizweho ingaruka yavuze ko batari bazi inkomoko y’inyama baguze, ariko bagize amahirwe ubuyobozi bukabafasha vuba, bakavurwa bagakira. Yashimye uburyo bakurikiranwe, avuga ko iyo bidakorwa hakiri kare hari abari kubura ubuzima.

Hari n’abagaragaje uburakari bukomeye ku wabagurishije izo nyama, bamushinja gushyira inyungu imbere aho kwita ku buzima bw’abantu. Bavuga ko ibyo yakoze byabateje igihombo n’imvune, kuko bamaze iminsi bajya kwa muganga badakora, banahabwa inkingo.

Ubuyobozi bw’Umurenge wa Karangazi bwibukije abaturage kujya bagura inyama ahantu hizewe kandi hagenzuwe, bunaburira abacuruza inyama mu buryo bunyuranyije n’amategeko ko bazahanwa bikomeye.

Bwavuze ko uwo ukekwaho iki cyaha yatorotse, ariko ko gushakishwa kwe bikomeje kugira ngo ashyikirizwe ubutabera.

Ku ruhande rw’ubuvuzi, ubuyobozi bw’ibitaro bya Nyagatare bwemeza ko abariye kuri izo nyama bose bakingiwe, ndetse n’abari bagaragaje ibimenyetso bikomeye ubu bamaze koroherwa.

Bukomeza gushimangira ko ari ngombwa ko amatungo arwaye cyangwa yatawe arindwa neza cyangwa akavanwaho burundu, kugira ngo hirindwe ko hari abayageraho bagashyira ubuzima bw’abandi mu kaga.

Previous Post

Nigeria: Habonetse umurwayi urwaye COVID-19

Next Post

Moto zikoresha lisansi cyangwa mazutu zigiye guhagarikwa kwinjira ku isoko ry’u Rwanda

ISHIMWE MOISE

ISHIMWE MOISE

Related Posts

Nyanza: Umugore yapfiriye ku cyapa cya Bisi
Amakuru

Nyanza: Umugore yapfiriye ku cyapa cya Bisi

by OMEGA BOY
June 13, 2026
Amashusho y’umugore uri gukubita umugabo inshyi z’amatwi yarikoroje ku mbuga nkoranyambaga [Video]
Amakuru

Amashusho y’umugore uri gukubita umugabo inshyi z’amatwi yarikoroje ku mbuga nkoranyambaga [Video]

by OMEGA BOY
June 13, 2026
Abajura bibye ibikoresho byose by’ikipe y’u Bwongereza
Amakuru

Abajura bibye ibikoresho byose by’ikipe y’u Bwongereza

by OMEGA BOY
June 13, 2026
Indege ya Papa Leo yagize ikibazo bituma atira iy’Umwami wa Espagne
Amakuru

Indege ya Papa Leo yagize ikibazo bituma atira iy’Umwami wa Espagne

by OMEGA BOY
June 13, 2026
Iran yemeje ko Amerika nishaka intambara nabo bazayirwana
Amakuru

Iran yemeje ko Amerika nishaka intambara nabo bazayirwana

by OMEGA BOY
June 13, 2026
Next Post
Moto zikoresha lisansi cyangwa mazutu zigiye guhagarikwa kwinjira ku isoko ry’u Rwanda

Moto zikoresha lisansi cyangwa mazutu zigiye guhagarikwa kwinjira ku isoko ry’u Rwanda

Please login to join discussion

Recommended

Rwanda: Abana bari munsi y’imyaka 16 bashobora kutazongera gukoreha imbuga nkoranyambaga

Rwanda: Abana bari munsi y’imyaka 16 bashobora kutazongera gukoreha imbuga nkoranyambaga

April 29, 2026
Ubushakashatsi bwagaragaje ko inyamaswa ziramutse zikoresha amafaranga nk’abantu, inkende zajya zigura indaya

Ubushakashatsi bwagaragaje ko inyamaswa ziramutse zikoresha amafaranga nk’abantu, inkende zajya zigura indaya

June 2, 2026

Categories

  • AKAZI
  • Amakuru
  • Amatangazo
  • Business
  • Entertainment
  • Imikino
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • Siporo
  • Uburezi
  • Uncategorized
  • UTUNTU N'UTUNDI

Don't miss it

Nyanza: Umugore yapfiriye ku cyapa cya Bisi
Amakuru

Nyanza: Umugore yapfiriye ku cyapa cya Bisi

June 13, 2026
Amashusho y’umugore uri gukubita umugabo inshyi z’amatwi yarikoroje ku mbuga nkoranyambaga [Video]
Amakuru

Amashusho y’umugore uri gukubita umugabo inshyi z’amatwi yarikoroje ku mbuga nkoranyambaga [Video]

June 13, 2026
Abajura bibye ibikoresho byose by’ikipe y’u Bwongereza
Amakuru

Abajura bibye ibikoresho byose by’ikipe y’u Bwongereza

June 13, 2026
Itangazo ry’akazi rireba buri muntu wese wifuza kwinjira muri DASSO mu mujyi wa Kigali – Deadline 21/06/2026
Amatangazo

Itangazo ry’akazi rireba buri muntu wese wifuza kwinjira muri DASSO mu mujyi wa Kigali – Deadline 21/06/2026

June 13, 2026
Indege ya Papa Leo yagize ikibazo bituma atira iy’Umwami wa Espagne
Amakuru

Indege ya Papa Leo yagize ikibazo bituma atira iy’Umwami wa Espagne

June 13, 2026
Itsinda rya Vestine na Dorcas ryatandukanye na M Irene wari umujyanama waryo
IMYIDAGADURO

Itsinda rya Vestine na Dorcas ryatandukanye na M Irene wari umujyanama waryo

June 13, 2026

Categories

  • AKAZI
  • Amakuru
  • Amatangazo
  • Business
  • Entertainment
  • Imikino
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • Siporo
  • Uburezi
  • Uncategorized
  • UTUNTU N'UTUNDI

Recent News

Nyanza: Umugore yapfiriye ku cyapa cya Bisi

Nyanza: Umugore yapfiriye ku cyapa cya Bisi

June 13, 2026
Amashusho y’umugore uri gukubita umugabo inshyi z’amatwi yarikoroje ku mbuga nkoranyambaga [Video]

Amashusho y’umugore uri gukubita umugabo inshyi z’amatwi yarikoroje ku mbuga nkoranyambaga [Video]

June 13, 2026

© 2025 IGIKA TV | All Right Reserved

No Result
View All Result
  • Amakuru
  • Siporo
  • Uburezi
  • Imikino
  • AKAZI
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 IGIKA TV | All Right Reserved

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password? Sign Up

Create New Account!

Fill the forms below to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In