• Amakuru
  • Siporo
  • Uburezi
  • Imikino
  • AKAZI
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
IGIKA TV
  • Amakuru
  • Siporo
  • Uburezi
  • Imikino
  • AKAZI
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
IGIKA TV
No Result
View All Result

RIB igire icyo ikora hakiri kare: Abanyarwanda bakomeje gushukirwa mu bucuruzi bushya bw’ikoranabuhanga bwitwa TMP

OMEGA BOY by OMEGA BOY
May 24, 2026
in Amakuru
628 7
0
RIB igire icyo ikora hakiri kare: Abanyarwanda bakomeje gushukirwa mu bucuruzi bushya bw’ikoranabuhanga bwitwa TMP
879
SHARES
Share on FacebookShare on Twitter

Abanyarwanda amagana bakomeje gushukirwa mu bucuruzi bw’ikoranabuhanga bwa TMP bubizeza kubaha inyungu mu gihe gito ariko basabwe kugira ayo bashora.

Abagana iyi kompanyi babwirwa ko ifite inkomoko mu bwongereza, ariko bamwe mu banyarwanda bayigezemo mbere bo batangiye kwishingira aho bakorera(Offices).

You might also like

Nyanza: Umugore yapfiriye ku cyapa cya Bisi

Amashusho y’umugore uri gukubita umugabo inshyi z’amatwi yarikoroje ku mbuga nkoranyambaga [Video]

Abajura bibye ibikoresho byose by’ikipe y’u Bwongereza

TMP IKORA ITE?

Mu mikorere ya The Market Practice (TMP) isaba abantu gushora amafaranga atandukanye Kandi ukabwirwa ko Uko ushoye menshi ariko nawe ubona inyungi nyinshi.

Kugira ngo ukorane n’iki kigo bisaba kuba warashyize application yacyo muri telephone.

TMP ifite uburyo bukoreshwa kugira ngo ukorane nayo ukabona inyungu bitewe n’umubare w’amafaranga uba washoyemo.

Amafaranga make umuntu ashobora gushoramo ni $75 (22,000 Frw) ikakungukira  18,750 Frw ku Kwezi, mu gihe uwashoye ibuhunbu 90,000 Frw yunguka ibuhunbi 76,800Frw, mu gihe uwashoye menshi menshi ari 250,000 Frw we akungukirwa 216,000 Frw ku Kwezi.

Kompanyi nkizi ziza zizeza abantu kubaha  inyungu z’umurengera ku mafaranga baba barashoye hanyuma bikarangira ntayo bahawe Kuko bahita bafunga uburyo bwo kubikuza umuntu ntabone uko akuraho ayo yashoye ndetse n’inyungu.

Mu bihe birandukanye RIB n’izindi nzego zaburiye Abanyarwanda kwirinda kwishora mu bucuruzi nkubu.

Muri Werurwe 2024 nibwo John Rwangombwa wari Guverineribwa Banki Nkuru y’u Rwanda yaburiye abayobotse uburyo bwa STT. Yasabye Abanyarwanda kuyirinda ndetse n’ibindi bigo byose bikora nka yo.

Ati “Nabonye hari ababaza ibijyanye na STT. Kandi twakomeje gusubiza abo babaza, tuti ibi birimo ingaruka, ntabwo bigenzurwa kandi tugira inama abantu yo kudashora muri ibi bintu kubera ko abantu bahombye amafaranga yabo kandi baracyahomba amafaranga.”

Muri icyo gihe abanyarwanda benshi bari barashoye amafaranga atangira ingano muri Kompanyi ya STT ariko nabo bitangira bahombye.

Mu mikorere yayo nayo ntago yaritandukanye n’iya TMP ndetse n’izindi zari ziriho icyo gihe.

STT yasabaga abantu gushora amafaranga aho amake umuntu yashoboraga gushoramo ari $75 (107,000 Frw) ikakungukira $2.4 (3,000 Frw) ku munsi, mu gihe uwashoye menshi ari $30,000 (Miliyoni 38,000,000 Frw) we akungukirwa $1,200 ku munsi, ariko nabo byarangiye bahombye.

Previous Post

Umusore w’imyaka 21 warashe amasasu kuri White House yishwe

Next Post

Perezida Kagame yagiriye uruzinduko rw’akazi muri Qatar

OMEGA BOY

OMEGA BOY

Related Posts

Nyanza: Umugore yapfiriye ku cyapa cya Bisi
Amakuru

Nyanza: Umugore yapfiriye ku cyapa cya Bisi

by OMEGA BOY
June 13, 2026
Amashusho y’umugore uri gukubita umugabo inshyi z’amatwi yarikoroje ku mbuga nkoranyambaga [Video]
Amakuru

Amashusho y’umugore uri gukubita umugabo inshyi z’amatwi yarikoroje ku mbuga nkoranyambaga [Video]

by OMEGA BOY
June 13, 2026
Abajura bibye ibikoresho byose by’ikipe y’u Bwongereza
Amakuru

Abajura bibye ibikoresho byose by’ikipe y’u Bwongereza

by OMEGA BOY
June 13, 2026
Indege ya Papa Leo yagize ikibazo bituma atira iy’Umwami wa Espagne
Amakuru

Indege ya Papa Leo yagize ikibazo bituma atira iy’Umwami wa Espagne

by OMEGA BOY
June 13, 2026
Iran yemeje ko Amerika nishaka intambara nabo bazayirwana
Amakuru

Iran yemeje ko Amerika nishaka intambara nabo bazayirwana

by OMEGA BOY
June 13, 2026
Next Post
Perezida Kagame yagiriye uruzinduko rw’akazi muri Qatar

Perezida Kagame yagiriye uruzinduko rw’akazi muri Qatar

Please login to join discussion

Recommended

Nyamasheke: Umugabo w’imyaka 39 yahanutse ku kiraro ahita apfa

Nyamasheke: Umugabo w’imyaka 39 yahanutse ku kiraro ahita apfa

September 8, 2025
Abanyamakuru ba SK FM bishwe n’ubushyuhe bituma bahagarika ikiganiro kitararangira

Abanyamakuru ba SK FM bishwe n’ubushyuhe bituma bahagarika ikiganiro kitararangira

September 9, 2025

Categories

  • AKAZI
  • Amakuru
  • Amatangazo
  • Business
  • Entertainment
  • Imikino
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • Siporo
  • Uburezi
  • Uncategorized
  • UTUNTU N'UTUNDI

Don't miss it

Nyanza: Umugore yapfiriye ku cyapa cya Bisi
Amakuru

Nyanza: Umugore yapfiriye ku cyapa cya Bisi

June 13, 2026
Amashusho y’umugore uri gukubita umugabo inshyi z’amatwi yarikoroje ku mbuga nkoranyambaga [Video]
Amakuru

Amashusho y’umugore uri gukubita umugabo inshyi z’amatwi yarikoroje ku mbuga nkoranyambaga [Video]

June 13, 2026
Abajura bibye ibikoresho byose by’ikipe y’u Bwongereza
Amakuru

Abajura bibye ibikoresho byose by’ikipe y’u Bwongereza

June 13, 2026
Itangazo ry’akazi rireba buri muntu wese wifuza kwinjira muri DASSO mu mujyi wa Kigali – Deadline 21/06/2026
Amatangazo

Itangazo ry’akazi rireba buri muntu wese wifuza kwinjira muri DASSO mu mujyi wa Kigali – Deadline 21/06/2026

June 13, 2026
Indege ya Papa Leo yagize ikibazo bituma atira iy’Umwami wa Espagne
Amakuru

Indege ya Papa Leo yagize ikibazo bituma atira iy’Umwami wa Espagne

June 13, 2026
Itsinda rya Vestine na Dorcas ryatandukanye na M Irene wari umujyanama waryo
IMYIDAGADURO

Itsinda rya Vestine na Dorcas ryatandukanye na M Irene wari umujyanama waryo

June 13, 2026

Categories

  • AKAZI
  • Amakuru
  • Amatangazo
  • Business
  • Entertainment
  • Imikino
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • Siporo
  • Uburezi
  • Uncategorized
  • UTUNTU N'UTUNDI

Recent News

Nyanza: Umugore yapfiriye ku cyapa cya Bisi

Nyanza: Umugore yapfiriye ku cyapa cya Bisi

June 13, 2026
Amashusho y’umugore uri gukubita umugabo inshyi z’amatwi yarikoroje ku mbuga nkoranyambaga [Video]

Amashusho y’umugore uri gukubita umugabo inshyi z’amatwi yarikoroje ku mbuga nkoranyambaga [Video]

June 13, 2026

© 2025 IGIKA TV | All Right Reserved

No Result
View All Result
  • Amakuru
  • Siporo
  • Uburezi
  • Imikino
  • AKAZI
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 IGIKA TV | All Right Reserved

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password? Sign Up

Create New Account!

Fill the forms below to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In