• Amakuru
  • Siporo
  • Uburezi
  • Imikino
  • AKAZI
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
IGIKA TV
  • Amakuru
  • Siporo
  • Uburezi
  • Imikino
  • AKAZI
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
IGIKA TV
No Result
View All Result

“N’umupilote ahanura indege atabishaka, nkanswe njye waba umanuye ikipe” Bekeni asubiza uwarumubajije niba nta bwoba afite bwo kuba Etincelles FC yamanuka mu Cyiciro cya Kabiri

OMEGA BOY by OMEGA BOY
May 11, 2026
in Imikino
467 9
0
“N’umupilote ahanura indege atabishaka, nkanswe njye waba umanuye ikipe” Bekeni asubiza uwarumubajije niba nta bwoba afite bwo kuba Etincelles FC yamanuka mu Cyiciro cya Kabiri
660
SHARES
Share on FacebookShare on Twitter

Umutoza wa Etincelles FC, Bizimana Abdu ’Bekeni’, yavuze ko iyi kipe y’i Rubavu nimanuka mu Cyiciro cya Kabiri nta gitangaza kizaba kirimo kuko n’umupilote ahanura indege atabishaka, akavuga ko we yaba amanuye ikipe kandi abakinnyi bakaguma ari bazima.

Uyu mutoza yabigarutseho nyuma kunganya na Gasogi United ibitego 2-2 mu mukino w’umunsi wa 31 wa BK Pro League.

You might also like

Rayon Sports yaguze myugariro mushya

APR FC yongeye kwandika amateka yegukana Igikombe cy’Amahoro cya 2026

Nyuma y’imyaka 22 Arsenal yongeye kwegukana Premier League

Iyi kipe iri ku mwanya wa 16 n’amanota 28 aho irusha abiri ya nyuma inota rimwe n’abiri kuri Rutsiro FC ya nyuma.

Ubwo yari abajijwe niba nta mpugenge afite zo kuba iyo kipe yamanuka mu Cyiciro cya Kabiri, Bekeni yagaragaje ko nta gitangaza cyaba kirimo.

Ati “Nta gitangaza cyaba kirimo n’umupilote ahanura indege atabishaka nkanswe njye waba umanuye ikipe kandi abakinnyi bakaguma ari bazima.”

Yakomeje agira ati “Ubwo ni ugutegura ubutaha ariko mwari mukwiye kubaza ubuyobozi ngo burakora iki. Wenda Perezida akavuga ngo muri miliyoni 20 Frw atunze aratangamo 10 Frw kandi zarokora ikipe.”

Uyu mutoza yagaragaje kandi ko kuva yagera muri iyi kipe yakoresheje imbaraga nyinshi kuko yayigezemo iri ku mwanya wa nyuma n’amanota 11 ubu ikaba imaze kugira 28.

Mu mikino itatu ya shampiyona isigaye, Etincelles FC isigaje gukina na Marine FC, Gorilla FC na Al Hilal.

Previous Post

Amerika: Umugabo yagonzwe n’indege ahita apfa

Next Post

Perezida Paul Kagame yageze i Nairobi ,aho yitabiriye Africa Forward Summit

OMEGA BOY

OMEGA BOY

Related Posts

Rayon Sports yaguze myugariro mushya
Imikino

Rayon Sports yaguze myugariro mushya

by OMEGA BOY
June 10, 2026
APR FC yongeye kwandika amateka yegukana Igikombe cy’Amahoro cya 2026
Imikino

APR FC yongeye kwandika amateka yegukana Igikombe cy’Amahoro cya 2026

by OMEGA BOY
May 23, 2026
Nyuma y’imyaka 22 Arsenal yongeye kwegukana Premier League
Imikino

Nyuma y’imyaka 22 Arsenal yongeye kwegukana Premier League

by OMEGA BOY
May 20, 2026
Arsenal yageze ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League itsinze Atletico Madrid igitego 1-0
Imikino

Arsenal yageze ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League itsinze Atletico Madrid igitego 1-0

by OMEGA BOY
May 6, 2026
FERWAFA yafatiye ibihano umusifizi wakubise umukinnyi wa Mukura VS umugeri
Imikino

FERWAFA yafatiye ibihano umusifizi wakubise umukinnyi wa Mukura VS umugeri

by OMEGA BOY
May 5, 2026
Next Post
Perezida Paul Kagame yageze i Nairobi ,aho yitabiriye Africa Forward Summit

Perezida Paul Kagame yageze i Nairobi ,aho yitabiriye Africa Forward Summit

Please login to join discussion

Recommended

“Igihe kirageze, tugomba gufata aka gahugu gato tukakiyomekaho” Umujyanama wa Tshisekedi avuga ko ashaka komeka u Rwanda kuri RDC

“Igihe kirageze, tugomba gufata aka gahugu gato tukakiyomekaho” Umujyanama wa Tshisekedi avuga ko ashaka komeka u Rwanda kuri RDC

October 24, 2025
Rulindo: Imodoka yaritwaye abantu bagiye mu bukwe yakoze impanuka, umugeni ahita yitaba Imana

Rulindo: Imodoka yaritwaye abantu bagiye mu bukwe yakoze impanuka, umugeni ahita yitaba Imana

February 14, 2026

Categories

  • AKAZI
  • Amakuru
  • Amatangazo
  • Business
  • Entertainment
  • Imikino
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • Siporo
  • Uburezi
  • Uncategorized
  • UTUNTU N'UTUNDI

Don't miss it

Nyanza: Umugore yapfiriye ku cyapa cya Bisi
Amakuru

Nyanza: Umugore yapfiriye ku cyapa cya Bisi

June 13, 2026
Amashusho y’umugore uri gukubita umugabo inshyi z’amatwi yarikoroje ku mbuga nkoranyambaga [Video]
Amakuru

Amashusho y’umugore uri gukubita umugabo inshyi z’amatwi yarikoroje ku mbuga nkoranyambaga [Video]

June 13, 2026
Abajura bibye ibikoresho byose by’ikipe y’u Bwongereza
Amakuru

Abajura bibye ibikoresho byose by’ikipe y’u Bwongereza

June 13, 2026
Itangazo ry’akazi rireba buri muntu wese wifuza kwinjira muri DASSO mu mujyi wa Kigali – Deadline 21/06/2026
Amatangazo

Itangazo ry’akazi rireba buri muntu wese wifuza kwinjira muri DASSO mu mujyi wa Kigali – Deadline 21/06/2026

June 13, 2026
Indege ya Papa Leo yagize ikibazo bituma atira iy’Umwami wa Espagne
Amakuru

Indege ya Papa Leo yagize ikibazo bituma atira iy’Umwami wa Espagne

June 13, 2026
Itsinda rya Vestine na Dorcas ryatandukanye na M Irene wari umujyanama waryo
IMYIDAGADURO

Itsinda rya Vestine na Dorcas ryatandukanye na M Irene wari umujyanama waryo

June 13, 2026

Categories

  • AKAZI
  • Amakuru
  • Amatangazo
  • Business
  • Entertainment
  • Imikino
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • Siporo
  • Uburezi
  • Uncategorized
  • UTUNTU N'UTUNDI

Recent News

Nyanza: Umugore yapfiriye ku cyapa cya Bisi

Nyanza: Umugore yapfiriye ku cyapa cya Bisi

June 13, 2026
Amashusho y’umugore uri gukubita umugabo inshyi z’amatwi yarikoroje ku mbuga nkoranyambaga [Video]

Amashusho y’umugore uri gukubita umugabo inshyi z’amatwi yarikoroje ku mbuga nkoranyambaga [Video]

June 13, 2026

© 2025 IGIKA TV | All Right Reserved

No Result
View All Result
  • Amakuru
  • Siporo
  • Uburezi
  • Imikino
  • AKAZI
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 IGIKA TV | All Right Reserved

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password? Sign Up

Create New Account!

Fill the forms below to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In