• Amakuru
  • Siporo
  • Uburezi
  • Imikino
  • AKAZI
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
IGIKA TV
  • Amakuru
  • Siporo
  • Uburezi
  • Imikino
  • AKAZI
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI
No Result
View All Result
IGIKA TV
No Result
View All Result

Amavubi yatsinze Zimbabwe igitego 1-0

OMEGA BOY by OMEGA BOY
September 9, 2025
in Imikino
457 24
0
Amavubi yatsinze Zimbabwe igitego 1-0
665
SHARES
Share on FacebookShare on Twitter

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda, Amavubi itsinze Zimbabwe igitego 1-0 mu mukino wo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi ku makipe y’ibihugu.

Umukino utari woroshye nubwo Zimbabwe isa naho yamaze gusezererwa, yari imbere y’abafana bayo benshi ku kibuga kiri mu kirere cyegeranye n’icyabo.

You might also like

APR FC yongeye kwandika amateka yegukana Igikombe cy’Amahoro cya 2026

Nyuma y’imyaka 22 Arsenal yongeye kwegukana Premier League

“N’umupilote ahanura indege atabishaka, nkanswe njye waba umanuye ikipe” Bekeni asubiza uwarumubajije niba nta bwoba afite bwo kuba Etincelles FC yamanuka mu Cyiciro cya Kabiri

Abafana b’Amavubi bari bake, i Johannesburg ariko batashye bishimye.

Ku mupira wasanze Mugisha Gilbert ari inyuma y’urubuga rw’amahina yabashije ukubika neza ugenda umurongo ugororotse winjira mu izamu hari ku munota wa 39 w’umukino, ndetse igice cya mbere cyarangiye ari 1-0.

Igice cya kabiri Zimbabwe yakomeje gukina ishaka kwishyura, ndetse wabonaga ko irusha Amavubi. Amavubi yaherukaga muri Nigeria kandi ababanje mu kibuga icyo gihe abanshi ni bo bagarutse, umunaniro wagaragaye cyane mu gice cya kabiri.

Zimbabwe yagerageje uburyo bwinshi bwashoboraga kuvamo ibitego, ariko Ntwali Fiacre wari mu izamu akuramo iyo mipira yari mibi cyane igera kuri itatu.
Nubwo Mugisha Gilbert yafatwa nk’umukinnyi mwiza w’umukino kubera igitego yatsinze ayo manota yayanganya na Ntwali Fiacre wagiye akuraho amipira yari yabazwemo ibitego.

Previous Post

Abanyamakuru ba SK FM bishwe n’ubushyuhe bituma bahagarika ikiganiro kitararangira

Next Post

RDC: Abantu 100 bari bari gushyingura bishwe

OMEGA BOY

OMEGA BOY

Related Posts

APR FC yongeye kwandika amateka yegukana Igikombe cy’Amahoro cya 2026
Imikino

APR FC yongeye kwandika amateka yegukana Igikombe cy’Amahoro cya 2026

by OMEGA BOY
May 23, 2026
Nyuma y’imyaka 22 Arsenal yongeye kwegukana Premier League
Imikino

Nyuma y’imyaka 22 Arsenal yongeye kwegukana Premier League

by OMEGA BOY
May 20, 2026
“N’umupilote ahanura indege atabishaka, nkanswe njye waba umanuye ikipe” Bekeni asubiza uwarumubajije niba nta bwoba afite bwo kuba Etincelles FC yamanuka mu Cyiciro cya Kabiri
Imikino

“N’umupilote ahanura indege atabishaka, nkanswe njye waba umanuye ikipe” Bekeni asubiza uwarumubajije niba nta bwoba afite bwo kuba Etincelles FC yamanuka mu Cyiciro cya Kabiri

by OMEGA BOY
May 11, 2026
Arsenal yageze ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League itsinze Atletico Madrid igitego 1-0
Imikino

Arsenal yageze ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League itsinze Atletico Madrid igitego 1-0

by OMEGA BOY
May 6, 2026
FERWAFA yafatiye ibihano umusifizi wakubise umukinnyi wa Mukura VS umugeri
Imikino

FERWAFA yafatiye ibihano umusifizi wakubise umukinnyi wa Mukura VS umugeri

by OMEGA BOY
May 5, 2026
Next Post
RDC: Abantu 100 bari bari gushyingura bishwe

RDC: Abantu 100 bari bari gushyingura bishwe

Please login to join discussion

Recommended

Itangazo: Guhagarika by’agateganyo Serivisi zitangirwa ku biro bya REMA

Itangazo: Guhagarika by’agateganyo Serivisi zitangirwa ku biro bya REMA

May 6, 2026
Muyango yavuze ku nkuru zimushinja kuryamana na DJ Brianne, ahishura ko afata Kimenyi babyaranye nk’incuti

Muyango yavuze ku nkuru zimushinja kuryamana na DJ Brianne, ahishura ko afata Kimenyi babyaranye nk’incuti

October 3, 2025

Categories

  • AKAZI
  • Amakuru
  • Amatangazo
  • Business
  • Entertainment
  • Imikino
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • Siporo
  • Uburezi
  • Uncategorized
  • UTUNTU N'UTUNDI

Don't miss it

Ibikubiye mu byemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 8 Kamena 2026
Amakuru

Ibikubiye mu byemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 8 Kamena 2026

June 9, 2026
Rwamagana: Abantu batatu barimo abakecuru babiri bafitanye isano bishwe na kanyanga
Amakuru

Rwamagana: Abantu batatu barimo abakecuru babiri bafitanye isano bishwe na kanyanga

June 8, 2026
Donald Trump yananiwe kwihanganira ibibazo yahatwaga n’umunyamakuru ahitamo kwivumbura ava mu kiganiro kitarangiye
Amakuru

Donald Trump yananiwe kwihanganira ibibazo yahatwaga n’umunyamakuru ahitamo kwivumbura ava mu kiganiro kitarangiye

June 8, 2026
Umuhanzi Kirikou Akili ararembye
IMYIDAGADURO

Umuhanzi Kirikou Akili ararembye

June 8, 2026
RwandAir yasubitse ingendo zijya n’iziva i Doha na Dubai
Amakuru

RwandAir yahagaritse gutwara abagenzi bava muri Sudani y’Epfo, Uganda na RDC bajya muri UAE kubera Ebola

June 7, 2026
Nyirabagande Drocelle wamamaye nka ‘Langwida’ mu ikinamico Urunana yitabye Imana
Amakuru

Nyirabagande Drocelle wamamaye nka ‘Langwida’ mu ikinamico Urunana yitabye Imana

June 7, 2026

Categories

  • AKAZI
  • Amakuru
  • Amatangazo
  • Business
  • Entertainment
  • Imikino
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • Siporo
  • Uburezi
  • Uncategorized
  • UTUNTU N'UTUNDI

Recent News

Ibikubiye mu byemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 8 Kamena 2026

Ibikubiye mu byemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 8 Kamena 2026

June 9, 2026
Rwamagana: Abantu batatu barimo abakecuru babiri bafitanye isano bishwe na kanyanga

Rwamagana: Abantu batatu barimo abakecuru babiri bafitanye isano bishwe na kanyanga

June 8, 2026

© 2025 IGIKA TV | All Right Reserved

No Result
View All Result
  • Amakuru
  • Siporo
  • Uburezi
  • Imikino
  • AKAZI
  • IMYIDAGADURO
  • IYOBOKAMANA
  • UTUNTU N’UTUNDI

© 2025 IGIKA TV | All Right Reserved

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password? Sign Up

Create New Account!

Fill the forms below to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In